Umuhesha w’inkiko w’umwuga Me KAGAME K Festo aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo wimukanwa uherereye mu karere ka GASABO
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo wimukanwa
5 January, by ISIMBI Estella -
RGB yagaragaje ishusho y’imitangire ya serivisi mu myaka 31 u Rwanda rwibohoye
2 July 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, rwatangaje ko mu myaka 31 ishize u Rwanda rwibohoye, imitangire ya serivisi yihuse cyane kuko hashyizweho uburyo bw’ikoranabuhanga n’ubuyobozi bukegerezwa abaturage.
-
Arenga miliyari 5 Frw ashobora guhagama abananiwe gusobanurira PAC irengero ryayo
5 August 2025, by Joseph IradukundaInteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite yasabye Minisiteri y’Ubutabera gusaba Ubushinjacyaha gukurikirana arenga miliyari 5 Frw yagaragajwe muri raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka wa 2023/2024 ko yakoreshejwe mu buryo budasobanutse.
-
Sober night: Igitaramo cyaranzwe n’udushya twinshi n’ubwitabire budasanzwe
23 December 2024, by UbwanditsiKuri Uyu wa 22 ukuboza 2024 Kuri Mundi centre habereye igitaramo cyitabiriwe n’umubare munini w’urubyiruko.
-
Sudani: Nibura abantu 73 bapfuye urupfu rw’amayobera mu mujyi wagoswe na RSF
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNibura abantu 73 bapfuye mu buryo bw’amayobera mu Mujyi wa al-Hilaliya wo muri Sudani, wagoswe n’ingabo za Rapid Support Forces, nk’uko byatangajwe n’Ihuriro ry’Abaganga bo muri Sudani.
-
AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura banki i Goma na Bukavu, niba ahangayikiye abaturage
3 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuyobozi w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa Yobeluo, yahaye Perezida Félix Tshisekedi umukoro wo gufungura banki ziri mu Mujyi wa Bukavu na Goma, niba ahangayikiye Abanye-Congo bahatuye.
-
Kamonyi: Abasenyewe baravuga ko barimo kurara mu matongo banyagirwa
22 September 2017, by Nsanzimana ErnestAbaturage basenyewe amazu yubatswe atubahirije igishushanyo mbonera mu murenge wa Runda, baravuga ko nyuma yo gusenyerwa, barimo kurara mu matongo banyagirwa, bikaba byatumye abana babo barwara umusonga.
Icyumweru kirashize ubuyobozi butangiye gusenya amazu yubatswe muri Runda buryo Leta yita ubw’ akajagari. Ni igikorwa gikomeza gusa abamaze gusenyerwa bavuga ko barara mu matongo, abana babo bataye amashuri, ngo ntibafite uburyo bwo guteka n’ ibindi bibazo binyuranye.
Aba baturage bavuga (…) -
Afungiye gusambanya umwana amushukishije amafaranga y’ibiceri
10 July 2025, by Joseph IradukundaHakizayezu Félix w’imyaka 56 wo mu Mudugudu wa Gatare, Akagari ka Nyabintare, Umurenge wa Nyakabuye mu Karere ka Rusizi, afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Nyakabuye,aho akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaks 12 amushukishije amafaranga y’u Rwanda 200.
-
Umuyobozi w’ishuri Afungiwe Kunyereza Ibiribwa By’Abanyeshuri
20 March 2025, by Joseph IradukundaMuri Nyanza haravugwa umuyobozi w’ikigo cy’ishuri ukurikiranyweho kunyereza ibiribwa bigenewe abo ashinzwe kurera. Yari asanzwe akorera mu Kigo cy’amashuri cya Kibirizi, ahitwa Ecole Sécondaire Kibirizi.
-
Bararasa abaturage badasize amatungo, AFC/M23 yongeye kugaragaza ubugome bwa FARDC
27 February, by Angeline MUKANGENZIUmutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wagaragaje ko ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, bukomeje gukora ibikorwa by’ubugome, aho kuri ubu ingabo za leta ,FARDC, iri kurasa abaturage n’amatungo.
Umuryango.rw
Itangazo rya cyamunara y’umutungo wimukanwa
RGB yagaragaje ishusho y’imitangire ya serivisi mu myaka 31 u Rwanda rwibohoye
Arenga miliyari 5 Frw ashobora guhagama abananiwe gusobanurira PAC irengero ryayo
Sober night: Igitaramo cyaranzwe n’udushya twinshi n’ubwitabire budasanzwe
Sudani: Nibura abantu 73 bapfuye urupfu rw’amayobera mu mujyi wagoswe na RSF
AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura banki i Goma na Bukavu, niba ahangayikiye abaturage
Afungiye gusambanya umwana amushukishije amafaranga y’ibiceri
Umuyobozi w’ishuri Afungiwe Kunyereza Ibiribwa By’Abanyeshuri
Bararasa abaturage badasize amatungo, AFC/M23 yongeye kugaragaza ubugome bwa FARDC