Abanyamadini barasaba Leta gukurikirana abatera inda abana b’ abakobwa n’ abatesha abana amashuri bakajya kubakoresha imirimo, by’ umwihariko kiriziya gatolika yo igasanga Leta ikwiye gushyiraho ishami rya polisi rishinzwe kwita ku bana.
Mu nama yahuje Minisiteri y’ uburinganire n’ iterambere ry’ umuryango, urwego rw’ igihugu rw’ imiyoborere RGB n’ abanyamadini hagarutswe ku bibazo byo mu miryango by’ umwihariko hakomozwa ku bana b’ abakobwa baterwa inda bagacikiriza amashuri.
Minisitiri (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kiriziya gatolika mu Rwanda irasaba ko hajyaho polisi ishinzwe abana
3 October 2017, by Nsanzimana Ernest -
AFC/M23 iragaya amahanga uko akomeje kwitwara ku biri kubera mu bice birimo Minembwe
20 February, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ribabajwe no kubona umuryango mpuzamahanga ukomeje kuruca ukarumira ku bwicanyi buri gukorwa n’ubutegetsi bwa Kinshasa bukorerwa abatuye mu bice birimo Minembwe, Mikenge, na Karingi muri Kivu y’Epfo.
-
London: Umugabo wa depite ari mu bafashwe bashinjwa kuba intasi z’u Bushinwa
4 March, by Angeline MUKANGENZIMu gihugu cy’u Bwongereza abagabo batatu batawe muri yombi bakekwaho kuba intasi z’u Bushinwa, aho BBC yabwiwe ko umwe muri bo ari umufatanyabikorwa w’umudepite wo mu Ishyaka ry’Abakozi.
-
Polisi y’u Rwanda yagaragaje uko zimwe mu mpunzi zaturutse muri Libya zatangiye kwitwara nabi kubera #Gumamurugo
18 April 2020, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yanyomoje amakuru avuga ko impunzi zaturutse muri Libya zahohotewe n’abashinzwe umutekano aho yavuze ko hari gukorwa iperereza ku myitwarire mibi y’izi mpunzi zidashaka kubahiriza gahunda ya Guma mu rugo yo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus.
-
Palestine: Abanyamakuru batatu baguye mu gitero Israel yagabye
22 January, by ISIMBI EstellaIbitero by’igisirikare cya Israel byahitanye Abanya-Palestine 11 barimo abanyamakuru batatu muri Gaza.
-
U Rwanda rwabaye urwa 6 ku isi mu kubahiriza ihame ry’uburinganire
15 July 2022, by Dusingizimana RemyRaporo yakozwe n’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Ubukungu (WEF) yashyize u Rwanda ku mwanya wa gatandatu ku Isi n’uwa mbere muri Afurika yo Munsi y’Ubutayu bwa Sahara mu bihugu byashyize imbere ihame ry’uburinganire.
Muri iyi raporo igaragaza ko u Rwanda rwaje ku mwanya wa gatandatu ku rwego rw’Isi n’amanota 81.1%, aho rukurikira ibihugu bya Iceland yabaye iya mbere n’amanota 90.8%, Finland ifite 86%, Norway n’amanota 84.5%, New Zealand ifite 84.1% na Suwede yagize 82.2%.
Mu byibanzweho kugira (…) -
Amb Nduhungirehe yakiriye intumwa idasanzwe ya Denmark
8 May 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Nduhungirehe Olivier, yakiriye intumwa yihariye ya Denmark, ku bijyanye n’Akarere k’Ibiyaga Bigari n’Akarere ka Sahel, Amb. Birgitte Nygaard Markussen, kuri uyu wa 8 Gicurasi 2025.
-
Rwamagana: Umunyeshuri wigaga muri kaminuza yarohamye mu cyuzi arapfa
24 January 2025, by Joseph IradukundaUmusore w’imyaka 24 wigaga muri Kaminuza y’u Rwanda mu Ishami ry’Ubuzima n’Ubuvuzi, Ishami rya Rwamagana, yajyanye na bagenzi be koga mu cyuzi gihangano cya Bugugu apfiramo.
-
Minisitiri Nsanzimana yihanganishije Tanzania ku bw’urupfu rwa Dr. Ndugulile
28 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin yihanganishije abaturage ba Tanzania, kubera urupfu rwa Dr. Faustine Ndugulile wari watorewe kuyobora Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (OMS), Ishami rya Afurika.
-
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bugiye kujuririra icyemezo cyo guhagarika iperereza kuri Agathe Kanziga
22 August 2025, by ISIMBI EstellaUmunyamategeko wunganira imiryango iharanira inyungu z’abaregera indishyi mu manza z’ababuranishwa ibyaha bya Jenoside, Me Richard Gisagara, yatangaje ko icyemezo cy’abacamanza b’u Bufaransa gihagarika iperereza kuri Agathe Kanziga kizajuririrwa.
Umuryango.rw
AFC/M23 iragaya amahanga uko akomeje kwitwara ku biri kubera mu bice birimo Minembwe
London: Umugabo wa depite ari mu bafashwe bashinjwa kuba intasi z’u Bushinwa
Palestine: Abanyamakuru batatu baguye mu gitero Israel yagabye
U Rwanda rwabaye urwa 6 ku isi mu kubahiriza ihame ry’uburinganire
Amb Nduhungirehe yakiriye intumwa idasanzwe ya Denmark
Rwamagana: Umunyeshuri wigaga muri kaminuza yarohamye mu cyuzi arapfa
Minisitiri Nsanzimana yihanganishije Tanzania ku bw’urupfu rwa Dr. Ndugulile
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bugiye kujuririra icyemezo cyo guhagarika iperereza kuri Agathe Kanziga