Mu Mudugudu wa Rukerereza, Akagari ka Kanazi, Umurenge wa Ruharambuga, Akarere ka Nyamasheke habereye impanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa Sino Truck Howo, ifite pulake RAI 599A yagonze ipoto y’amashanyarazi iragwa imena abantu 17 bari bayirimo, 16 barakomereka bajyanwa mu bitaro bya Bushenge.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyamasheke: Impanuka ya Howo yakomerekeyemo abantu 16
18 February, by ISIMBI Estella -
Rusesabagina yishimiye uko afunzwe muri kasho ya Remera
3 September 2020, by Dusingizimana RemyUmunyarwanda Paul Rusesabagina uherutse gutabwa muri yombi n’u Rwanda ashinjwa ibyaha bikomeye birimo n’iterabwoba yavuze ko afunzwe mu buryo bwa kimuntu ndetse yizeye ko ubutabera bw’u Rwanda buzamucira urubanza runyuze mu mucyo.
-
Uganda: Minisitiri w’Umutekano yibukije abapasiteri basaba kurindwa n’abapolisi kwiringira uburinzi bw’Imana bakorera
18 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu muri Uganda, Kahinda Otafiire, yasabye Abapasiteri bakomeye muri iki gihugu basigaye barindwa n’abapolisi, kubireka, bakajya barindwa n’Imana.
-
Abanyamakuru batatu ba Reuters bahagaritswe gukorera muri Ethiopie
15 February, by Angeline MUKANGENZIUrwego rugenzura itangazamakuru muri Ethiopie (EMA) rwahagaritse ibyangombwa by’abanyamakuru batatu ba Reuters bakorera muri iki gihugu.
-
U Rwanda rwaje ku mwanya wa mbere muri Afurika mu kugendera ku mategeko
6 January 2023, by Dusingizimana RemyIcyegeranyo cyakozwe n’umushinga mpuzamahanga ku butabera, cyashyize u Rwanda ku mwanya wa mbere muri Afurika no mu karere ruherereyemo, ndetse no ku mwanya wa 42 ku isi nk’igihugu kigendera ku mategeko.
Bimwe mu byahesheje u Rwanda uyu mwanya, birimo kuba ari igihugu gifite ubuyobozi butihanganira ruswa, gikorera mu mucyo, cyubahiriza uburenganzira bw’ibanze bwa muntu, giharanira umutekano no kugendera ku mategeko.
Bashingiye kuri ibi bipimo byagendeweho, abaturage banyuranye bavuga ko (…) -
Habaye impanuka ikomeye y’imodoka yari itwaye Minisitiri muri Guverinoma ya Uganda
1 April, by ISHIMWE Jean de DieuImodoka yari itwaye Minisitiri w’Ubutaka muri Uganda, Judith Nabakooba; yakoze impanuka ikomeye yabereye mu gishanga cya Kibukuta mu Karere ka Mpigi ubwo yari ari mu rugendo ajya mu bikorwa byo gutanga ibyangombwa by’ubutaka.
-
Agera kuri Miliyari 5,5 Frw zashyizwe mu bikorwa by’ubuvuzi ku barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
11 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, MINUBUMWE, yagaragaje ko mu mwaka w’ingengo y’imari uzarangira muri Kamena uyu mwaka, hazakoreshwa miliyari 5 na miliyoni 500 Frw ku buvuzi buhabwa abarokotse Jenoside bafite ibibazo bitandukanye
-
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru
3 March 2025, by Joseph IradukundaMu bihugu bitandukanye imikino ya Shampiyona yarakomeje mu mpera z’icyumweru gishize, bamwe mu bakinnyi b’Abanyarwanda bakomeje gufasha amakipe yabo kwitwara neza, abandi bakaba bakirwana no kubona umwanya uhoraho wo gukina.
-
Zari yasabye Shakib kwitwara nk’umugabo wubatse ntabeshye abakobwa
25 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuherwekazi Zari Hassan uzwi nka Boss Lady ku mbuga nkoranyambaga yabwiye umugabo we Shakib Lutaaya ko hari abagore bamukunda bitewe n’amatsiko yo gushaka kumenya icyo Zari yamukundiye ariko kandi akwiye kutababeshya akababwira ko afite umugore ndetse akitwara nk’uwubatse.
-
Sean Kingston yajuririye igifungo cy’imyaka itatu n’igice yakatiwe
2 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’Umunyamerika Kisean Paul Anderson [Sean Kingston], wamenyekanye cyane mu muziki mu myaka isanga 15 ishize, yajuririye igihano cyo gufungwa imyaka itatu n’igice yakatiwe mu minsi yashize azira ibyaha bya ruswa n’ubwambuzi.
Umuryango.rw
Nyamasheke: Impanuka ya Howo yakomerekeyemo abantu 16
Rusesabagina yishimiye uko afunzwe muri kasho ya Remera
Uganda: Minisitiri w’Umutekano yibukije abapasiteri basaba kurindwa n’abapolisi kwiringira uburinzi bw’Imana bakorera
Abanyamakuru batatu ba Reuters bahagaritswe gukorera muri Ethiopie
U Rwanda rwaje ku mwanya wa mbere muri Afurika mu kugendera ku mategeko
Habaye impanuka ikomeye y’imodoka yari itwaye Minisitiri muri Guverinoma ya Uganda
Agera kuri Miliyari 5,5 Frw zashyizwe mu bikorwa by’ubuvuzi ku barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru
Zari yasabye Shakib kwitwara nk’umugabo wubatse ntabeshye abakobwa
Sean Kingston yajuririye igifungo cy’imyaka itatu n’igice yakatiwe