Leta y’u Rwanda n’iya Antigua and Barbuda byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye arimo n’agamije gukuraho Visa ku baturage b’ibihugu byombi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Hasinywe amasezerano yemerera Abanyarwanda kujya muri Antigua and Barbuda nta Visa
18 July 2025, by ISIMBI Estella -
Gen. Muhoozi yateguje itabwa muri yombi ry’Abacanshuro basigaye muri RDC
4 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko hari abacanshuro b’abazungu 150 kuri ubu bari mu mujyi wa Bukavu; ateguza ko na bo bazatabwa muri yombi.
-
Israel Mbonyi yagiranye ibiganiro na Amb. Aurélie Royet-Gounin
20 January, by ISIMBI EstellaAmbasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda, Aurélie Royet-Gounin yagaragaje ko yishimiye ibiganiro yagiranye n’umuramyi Israel Mbonyi ashimira Sherrie Silver wabahuje.
-
Nyabihu: Mpano wari umaze icyumweru kirenga yarabuze yabonetse
30 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’Igihugu yemeje ko umwana w’umukobwa wo mu karere ka Nyabihu witwa Mpano Becky Belle Patient wari umaze icyumweru kirenga yarabuze yamaze kuboneka.
-
U Bufaransa: Minisitiri w’Intebe Bayrou yarokotse itora ryo kumutakariza icyizere
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, François Bayrou, yarokotse itora ryo kumutakariza icyizere ryari ryasabwe na bamwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko bo mu ishyaka rya La France Insoumise (LFI), gusa icyo gitekerezo cyanze gushyigikirwa birangira iryo tora ritabaye.
-
Nyarugenge: Umugore wiyubashye yafashwe arimo gutuburira abarwayi mu bitaro bya CHUK
16 January, by Angeline MUKANGENZIUmugore bigaragara ko yiyubashye yafatiwemu Bitaro bya Kaminuza bya CHUK biherereye mu Murenge wa Nyarugenge, Akarere ka Nyarugenge arimo gutuburira abarwayi n’indembe ashaka kubiba amafaraga yabo.
-
Abajyanama 21 ba Perezida Ruto ntibumva uko bagiye kwirukanwa
29 January, by Angeline MUKANGENZIAbajyanama 21 ba Perezida wa Kenya, Dr. William Samoei Ruto, basabye Urukiko Rukuru rwa Nairobi guhagarika by’agateganyo umwanzuro rwafashe wo kubambura akazi.
-
Tanzania yafunze itorero rya Pantekote ryamaganye ishimutwa ry’abantu
4 June 2025, by ISIMBI EstellaMinisitireri y’Umutekano w’Imbere muri Tanzania yafunze insengero z’itorero rya Pantekote ryitwa Glory of Christ Church nyuma y’aho Umushumba waryo akaba n’umudepite, Josephat Gwajima, yamaganye ishimutwa ry’abantu rikomeje muri iki gihugu.
-
Nta kipe izongera guserukira u Rwanda igiye kuba ingwizamurongo
5 November 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri wa Siporo Mukazayire Nelly, yatangaje ko nta kipe y’igihugu izongera gusohoka igiye kuba ingwizamurongo mu marushanwa mpuzamahanga atandukanye, butewe no kuba itariteguye bihagije.
-
Perezida wigeze gutuka Imana yatawe muri yombi
11 March 2025, by Joseph IradukundaRodrigo Duterte wahoze ari Perezida wa Philippines yatawe muri yombi, nyuma yo gushyirirwaho impapuro zo kumufata n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rumushinja kugira uruhare mu byaha byibasiye inyoko muntu.
Umuryango.rw
Hasinywe amasezerano yemerera Abanyarwanda kujya muri Antigua and Barbuda nta Visa
Gen. Muhoozi yateguje itabwa muri yombi ry’Abacanshuro basigaye muri RDC
Israel Mbonyi yagiranye ibiganiro na Amb. Aurélie Royet-Gounin
Nyabihu: Mpano wari umaze icyumweru kirenga yarabuze yabonetse
U Bufaransa: Minisitiri w’Intebe Bayrou yarokotse itora ryo kumutakariza icyizere
Nyarugenge: Umugore wiyubashye yafashwe arimo gutuburira abarwayi mu bitaro bya CHUK
Abajyanama 21 ba Perezida Ruto ntibumva uko bagiye kwirukanwa
Tanzania yafunze itorero rya Pantekote ryamaganye ishimutwa ry’abantu
Nta kipe izongera guserukira u Rwanda igiye kuba ingwizamurongo
Perezida wigeze gutuka Imana yatawe muri yombi