Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yagaragaje ibinyoma biri mu bahuza ihanuka ry’indege yari itwaye Perezida Habyarimana ku ya 6 Mata 1994 na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yateguwe igihe kinini mbere y’uko ishyirwa mu bikorwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uko Jenoside yateguwe mbere y’ihanurwa ry’indege ya Perezida Habyarimana
6 April, by Angeline MUKANGENZI -
NTAWURYIZIGIRA Silas yasabye guhindurirwa amazina akitwa MUHIRE ILAN Silas
7 February, by ISIMBI EstellaTuramenyesha ko NTAWURYIZIGIRA Silas yasabye guhindurirwa amazina akitwa MUHIRE ILAN Silas mu bitabo byirangamimerere.
-
U Bufaransa: François Fillon wabaye Minisitiri w’Intebe yahamijwe icyaha cyo guha umugore we akazi ka baringa
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rusesa imanza mu Bufaransa, (Cour de Cassation), kuri uyu wa 17 Kamena 2025 rwahanishije François Fillon, wabaye Minisitiri w’Intebe w’icyo gihugu, igihano cyo gufungwa imyaka ine isubitse nyuma yo guhamwa n’icyaha cya ruswa no kunyereza umutungo wa Leta.
-
AFC/M23 iri kubakisha umuhanda uhuza santere ya Masisi na Sake
25 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ryatangiye kubakisha umuhanda mushya uhuza santere ya Masisi n’umujyi wa Sake mu ntara ya Kivu y’Amajyarugu.
-
Abana ba Kabuga Félicien bavuze uburyo yafashwe bugwate n’umwunganizi we
5 April 2021, by Martin MunezeroAbana ba Félicien Kabuga ukurikiranyweho ibyaha bya jenoside yo mu Rwanda bavuga ko "bacitse intege cyane" kubera ubuzima bw’umubyeyi wabo bukomeje kumera nabi no kudahabwa amakuru n’umwunganizi we Emmanuel Altit washyizweho n’urukiko.
-
Perezida Kagame yafashe mu mugongo Gén Doumbouya
4 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yafashe mu mugongo mugenzi we Gén Mamadi Doumbouya wa Guinée-Conakry, nyuma y’imvururu zabereye muri imwe muri Stade yo muri iki gihugu zikagwamo abarenga 50.
-
Muhanga: Inkuba yishe umubyeyi isiga umwana we ari indembe
20 January 2025, by Joseph IradukundaMu mvura nke yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere Tariki ya 20 Mutarama 2025, inkuba yishe umubyeyi isiga umwana ari indembe.
-
Urukiko rwashimangiye ko Bishop Gafaranga afungwa iminsi 30 y’agateganyo
11 July 2025, by Joseph IradukundaUrukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwatesheje agaciro ubujurire bwa Bishop Gafaranga, rushimangira icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata rwari rwemeje ko uyu mugabo afungwa iminsi 30 y’agateganyo.
-
Imbamutima za Igor Mabano wibarutse ubuheta
21 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Igor Mabano uri mu bahanzi bafite izina rikomeye mu Rwanda yibarutse ubuheta, we n’umgore we Laura Collette.
-
Ba Gen. Nyakarundi na Agyapong baganiriye ku gushimangira ubufatanye hagati ya RDF na GAF
10 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Maj. Gen. Vincent Nyakarundi, ku wa Gatatu yakiriwe anagirana ibiganiro n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Ghana, Maj Gen William Agyapong.
Umuryango.rw
Uko Jenoside yateguwe mbere y’ihanurwa ry’indege ya Perezida Habyarimana
NTAWURYIZIGIRA Silas yasabye guhindurirwa amazina akitwa MUHIRE ILAN Silas
U Bufaransa: François Fillon wabaye Minisitiri w’Intebe yahamijwe icyaha cyo guha umugore we akazi ka baringa
AFC/M23 iri kubakisha umuhanda uhuza santere ya Masisi na Sake
Perezida Kagame yafashe mu mugongo Gén Doumbouya
Muhanga: Inkuba yishe umubyeyi isiga umwana we ari indembe
Urukiko rwashimangiye ko Bishop Gafaranga afungwa iminsi 30 y’agateganyo
Imbamutima za Igor Mabano wibarutse ubuheta
Ba Gen. Nyakarundi na Agyapong baganiriye ku gushimangira ubufatanye hagati ya RDF na GAF