Gen Célestin Mbala Munsense wabaye Umugaba Mukuru w’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2018 kugeza mu 2022, azifashishwa mu rubanza rwa Lt Gen Philemon Yav Irung ushinjwa gukorana na Leta y’u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Gen Mbala wayoboye FARDC azifashishwa mu rubanza rwa Yav ushinjwa gukorana n’u Rwanda
21 February, by Angeline MUKANGENZI -
LONI yamaganye Israel
18 February, by Angeline MUKANGENZIUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres, yatangaje ko yamaganye icyemezo cya Leta ya Israel cyo gusubukara ibikorwa byo kwiyandikishaho ubutaka bwa West Bank bumaze igihe mu mpaka hagati y’iki Gihugu na Palestine.
-
Cuba yugarijwe n’umunuko w’imyanda kubera ibura rya lisansi
17 February, by ISIMBI EstellaIbirundo by’imyanda bikomeje kuba byinshi mu Murwa Mukuru wa Cuba, Havana, ku buryo mu bice byinshi byawo hibasiwe n’umunuko ukabije, ibishobora no kongera ibyago by’indwara zituruka ku mwanda.
-
Minisitiri Dr.Utumatwishima yanenze uwamenyekanye mu myidagaduro mu Rwanda watangaje ibinyoma byibasira Ubuyobozi
23 February, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Urubyiruko n’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yagaye Mupende Ramadhan wamamaye nka Bad Rama mu gufasha abahanzi nyarwanda, kubera amagambo yuzuye ibinyoma yatangaje yibasira ubuyobozi bw’u Rwanda n’abayobozi bakuru barwo.
-
Netanyahu yavuze ko Iran izabangamira ikiremwamuntu cyose niramuka ibonye intwaro za nikleyeri
2 March, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’i ntebe wa Israel Benjamin Netanyahu yabwiye abanyamakuru ko ubutegetsi bwa Irani "bwashyira mu kaga abantu bose" mu gihe bushoboye kubona intwaro za nikleyeri n’uburyo bwo kuzitanga.
-
Abana barenga ibihumbi 71 basubijwe mu ishuri mu myaka ibiri
20 January, by ISIMBI EstellaAbana barenga 71.000 mu turere twose tw’Igihugu bamaze gusubizwa mu ishuri binyuze mu mushinga witwa ‘Zero Out of School: Abana bose bige’ wa Minisiteri y’Uburezi ushyirwa mu bikorwa n’umuryango Save the Children Rwanda.
-
Inzego zitandukanye zatangiye kubahiriza ubusabe bwa Perezida Kagame ku gufata neza ibishanga
13 September 2017, by Iyamuremye Janvier, Nsanzimana ErnestIyi foto ya Village Urugwiro yafotowe tariki 24 Kamena 2017, Kagame yifatanyije n’ abaturage mu muganda rusange wabereye mu gishanya cya Nyandungu
Inzego zitandukanye kuri uyu wa gatatu tariki 13 Nzeri zatangiye igikorwa cyo guhagarika burundu imirimo yakorerwaga mu gishanga no gusaba bene byo gushaka aho bimurira ibikorwa byabo
Ibi bibaye mu gihe tariki 24 Kamena 2017, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakoreye Umuganda rusange mu gishanga cya Nyandugu, mu karere ka Kicukiro agasaba ko (…) -
Karasira Aimable yitabye urukiko rw’Ubujurire
19 August 2021, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, Aimable Karasira yitabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, aho ari kujurira ku cyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge, rwari rwamusabiye gufungwa iminsi 30.
Karasira wagaragaye mu mpuzankano y’imfungwa n’abagororwa, yabanje gusaba Urukiko kwimura urubanza kuko yumva atameze neza, ariko Urukiko rumaze gushyiraho itariki nshya, arayinenga avuga ko iri hafi, asaba ko yakomeza kuburana Urukiko rurabimwemerera.
Mu rubanza ku wa kane hifashishijwe (…) -
Impamvu Justin Bieber yagiye ku rubyiniro yambaye umwenda w’imbere gusa
3 February, by ISIMBI EstellaJustin Bieber yabaye iciro ry’imigani mu birori byo gutanga ibihembo bya ‘Grammy’ nyuma yo kujya ku rubyiniro yambaye umwenda w’imbere n’amasogisi gusa.
-
Turahirwa Moses yaregewe urukiko mu mizi
14 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge, bwaregeye Urukiko Rwisumbuye dosiye ya Turahirwa Moses uregwa icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge ngo aburanishwe urubanza mu mizi.
Umuryango.rw
Gen Mbala wayoboye FARDC azifashishwa mu rubanza rwa Yav ushinjwa gukorana n’u Rwanda
Minisitiri Dr.Utumatwishima yanenze uwamenyekanye mu myidagaduro mu Rwanda watangaje ibinyoma byibasira Ubuyobozi
Abana barenga ibihumbi 71 basubijwe mu ishuri mu myaka ibiri
Karasira Aimable yitabye urukiko rw’Ubujurire
Impamvu Justin Bieber yagiye ku rubyiniro yambaye umwenda w’imbere gusa
Turahirwa Moses yaregewe urukiko mu mizi