Umutoza Kirasa Alain yongereye amasezerano y’umwaka umwe muri Gorilla FC yari amazemo undi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umutoza Kirasa Alain yongereye amasezerano muri Gorilla FC
20 June 2025, by ISIMBI Estella -
Karongi: Hafashwe imitego yangiza umusaruro w’uburobyi abayikoreshaga baracika
27 October 2025, by ISIMBI EstellaUbwo ba rushimusi bari bitwikiriye ijoro barobesha imitego itemewe ya supaneti (ibingumbi) yangiza utwana tw’indugu n’isambaza mu kiyaga cya kivu,igice cy’Umurenge wa Gishyita, Akarere ka Karongi, bagoswe n’abarobyi, inzego z’umutekano n’abandi baturage, baracika, imitego yabo irafatwa.
-
Abanyeshuri ba Kaminuza ya London beretswe ko u Rwanda rudaheza abahoze ari abarwanyi ba FDLR
29 March, by Angeline MUKANGENZIAbanyeshuri 28 biga icyiciro cya gatatu cya Kaminuza, baherekejwe n’abarimu babo baturutse muri Kaminuza ya SOAS–University of London mu Bwongereza, basuye Ikigo cya Mutobo gitorezwamo abahoze ari abarwanyi, mu Karere ka Musanze.
-
Umusirikare wa RDC azamara imyaka 20 akora adahembwa kubera amashusho yafatiye ku rugamba
23 January, by ISIMBI EstellaUrukiko rwa gisirikare rwa Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye umusirikare Capt Buba Ambwa Jean Denis igihano cyo kumara imyaka 20 akora imirimo nsimburagifungo ifitiye igihugu akamaro kubera amashusho yafatiye ku rugamba.
-
Perezida Kagame yavuye imuzi intandaro y’ibibazo abanyarwanda bakomeje guhura nabyo muri Uganda
9 March 2019, by Martin MunezeroPerezida Kagame ubwo yatangizaga umwiherero w’abayobozi bakuru b’igihugu, uri kuba ku nshuro ya 16, i Gabiro mu karere ka Gatsibo. Umukuru w’Igihugu yasobanuye neza ipfundo ry’ibibazo Abanyarwanda bakomeje guhura nabyo muri Uganda, yerekana ko bituruka ahanini ku mikoranire hagati y’umutwe ugamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda RNC na Uganda.
-
Polisi yacyebuye abasakaza amashusho y’abakomeretse cyangwa abitabye Imana
6 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yihanangirije abantu basakaza amashusho cyangwa amafoto agaragaza abantu bakomeretse cyangwa abitabye Imana, avuga ko ari imyitwarire mibi kandi igayitse, nubwo gutanga ibitekerezo no guhanahana amakuru ari uburenganzira bwa buri wese.
-
Ikipe iri mu zihabwa amahirwe yo kwegukana Shampiyona y’u Rwanda yasinyishije abakinnyi bane barimo uw’izina rikomeye
23 January, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya Police FC yemeje ko yasinyishije abakinnyi bane, barimo Rudasingwa Prince na Nshimirimana Ismail Pitchou wanyuze mu makipe ya Kiyovu Sports na APR FC
-
Tibor Nagy ashidikanya ku bushake bwa Leta ya RDC bwo gusenya FDLR
20 March, by ISIMBI EstellaTibor Nagy wabaye Umunyamabanga wungirije wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ubufatanye na Afurika, yatangaje ko ashidikanya ku bushake bw’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwo gusenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR.
-
Reba uburanga bwa Lesego inkumi yahawe Ministeri y’urubyiruko muri Botswana
26 May 2025, by Gladiator OGUyu mukobwa w’imyaka 27 ya mavuko yanditse amateka muri 2024 ubwo yagirwaga ministiri w’urubyiruko n’uburinganire bw’umuryango muri Botswana maze ahita aca agahigo mu mateka ko kuba umuntu muto mu myaka wabashije kugirwa Ministiri wiki gihugu afite imyaka micye cyane, ariko se mu byukuri ni muntu ki ? Lesego Chombo ni ibihe by’ingenzi wamumenyaho!
-
Greenland yateye utwatsi Trump ushaka kuyiha imfashanyo y’ubwato
23 February, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Ikigo cya Greenland bwanze icyifuzo cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump wavuze ko agiye koherezayo ubwato bwifashishwa nk’ivuriro,(hospital boat) mu rwego rwo gufasha abarwayi batitabwaho uko bikwiye.
Umuryango.rw
Umutoza Kirasa Alain yongereye amasezerano muri Gorilla FC
Karongi: Hafashwe imitego yangiza umusaruro w’uburobyi abayikoreshaga baracika
Abanyeshuri ba Kaminuza ya London beretswe ko u Rwanda rudaheza abahoze ari abarwanyi ba FDLR
Umusirikare wa RDC azamara imyaka 20 akora adahembwa kubera amashusho yafatiye ku rugamba
Polisi yacyebuye abasakaza amashusho y’abakomeretse cyangwa abitabye Imana
Ikipe iri mu zihabwa amahirwe yo kwegukana Shampiyona y’u Rwanda yasinyishije abakinnyi bane barimo uw’izina rikomeye
Tibor Nagy ashidikanya ku bushake bwa Leta ya RDC bwo gusenya FDLR
Reba uburanga bwa Lesego inkumi yahawe Ministeri y’urubyiruko muri Botswana
Greenland yateye utwatsi Trump ushaka kuyiha imfashanyo y’ubwato