Ahari umuhanda uzengurutse (KBC Rondpoint) hagati ya Kigali Convention Centre (KCC), Kigali Heights (KH) na Kigali Alliance Business Center (KABC) hasenywe burundu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rondpoint yo kuri Kigali Convention Centre yari irimo “car-free zone” yasenywe (Amafoto)
8 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
U Bufaransa: Maître Gims wo muri DRC yatawe muri yombi
26 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uzwi cyane ku izina rya Gims, yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano z’u Bufaransa ku wa 25 Werurwe 2026, ubwo yari ageze ku kibuga cy’indege cya Charles de Gaulle.
-
Gasogi United FC yanze gukinira na Rayon Sports kuri Stade Amahoro
22 March, by Angeline MUKANGENZIIkipe ya Gasogi United FC yanze kwitabira umukino w’Umunsi wa 25 wa Shampiyona y’u Rwanda wagombaga kuyihuza na Rayon Sports kuri Stade Amahoro.
-
Perezida Kagame yavuze umurage Umwamikazi w’Ubwongereza asigiye Commonwealth
9 September 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yihanganishije u Bwongereza n’umuryango w’Umwamikazi Elizabeth II watanze kuri uyu wa Kane,tariki ya 08 Nzeri 2022.
Mu butumwa Perezida Kagame yanyujije kuri Twitter, yashimye umusanzu w’umwamikazi Elizabetj II, haba mu Bwongereza no mu muryango wa Commonwealth.
Yanditse kuri Twitter ati “Muri ibi bihe by’akababaro kubera itanga ry’Umwamikazi Elisabeth II, turazirikana imyaka 70 yari amaze ku buyobozi bw’umuryango w’ibihugu bigize Commonwealth. Commonwealth igezweho (…) -
Muhanga: Umusore w’imyaka 22 akurikiranweho kwica nyina
3 March, by Angeline MUKANGENZIUbushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bukurikiranye umusore w’imyaka 22 ukekwaho kwica mama we umuteye icyuma mu rubavu.
-
Minisitiri Marizamunda na Gen. Karuretwa bari muri Brésil
3 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’ingabo z’u Rwanda, Juvenal Marizamunda, ari muri Brésil aho ari kugirira uruzinduko rw’akazi ruzamara iminsi ine.
-
Rusizi: Umubyeyi arashinja abaganga bo ku bitaro bya Mibirizi kumurangarana kugeza aturitse Nyababyeyi
26 November 2019, by Dusingizimana RemyUmubyeyi witwa Nyiragasigwa Jeanne arashinja umwe mu baganga bo mu bitaro bya Mibirizi mu karere ka Rusizi ko tariki ya 16 ugushyingo 2019 ubwo yari yoherejwe n’ikigo nderabuzima cya Nyakarenzo kubyara yarangaranwe n’umuganga (avuga ko yitwa Meresiyana) kugeza ubwo nyababyeyi ye yaturitse n’umwana we arapfa.
-
Abderrahim Taleb yagizwe umutoza mushya wa APR FC
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, ikipe ya APR FC yatangaje ko Umunya-Maroc Abderrahim Taleb w’imyaka 61 y’amavuko ariwe mutoza wayo mushya mu gihe cy’imyaka ibiri ishobora kongerwa.
-
Drake yatakaje arenga miliyoni 100$ mu mikino y’amahirwe mu gihe cy’ukwezi kumwe
19 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Aubrey Drake Graham uzwi nka Drake, ari mu gahinda nyuma yo gutakaza akayabo karenze miliyoni 124 z’amadolari y’Amerika mu gihe cy’ukwezi kumwe kubera imikino y’amahirwe azwiho gukina kenshi.
-
I Kinshasa lisansi irabona umugabo igasiba undi
26 March, by ISIMBI EstellaMuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, cyane cyane mu Murwa Mukuru, Kinshasa, lisansi iri kubona umugabo igasiba undi kuko sitasiyo hafi ya zose zafunze kubera ibura ry’ibikomoka kuri peteroli.
Umuryango.rw
Rondpoint yo kuri Kigali Convention Centre yari irimo “car-free zone” yasenywe (Amafoto)
U Bufaransa: Maître Gims wo muri DRC yatawe muri yombi
Gasogi United FC yanze gukinira na Rayon Sports kuri Stade Amahoro
Perezida Kagame yavuze umurage Umwamikazi w’Ubwongereza asigiye Commonwealth
Muhanga: Umusore w’imyaka 22 akurikiranweho kwica nyina
Minisitiri Marizamunda na Gen. Karuretwa bari muri Brésil
Abderrahim Taleb yagizwe umutoza mushya wa APR FC
Drake yatakaje arenga miliyoni 100$ mu mikino y’amahirwe mu gihe cy’ukwezi kumwe
I Kinshasa lisansi irabona umugabo igasiba undi