Imiryango 23 yasenyewe n’ibiza mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Rutsiro, yahawe inzu zigezweho zifite agaciro ka miliyoni 172.500 zubatswe muri uwo murenge, mu rwego rwo kuyifasha kwiyubaka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rutsiro: Abasenyewe n’ibiza bahawe inzu
3 February, by ISIMBI Estella -
Habonetse umurambo w’umukinnyi Christian Atsu wari waraburiwe irengero
18 February 2023, by Dusingizimana RemyUhagarariye rutahizamu Christian Atsu yatangaje ko bashyize babona umurambo we nyuma y’igihe kinini bamushakisha mu bikuta by’inzu yabagamo byasenywe n’umutingito wibasiye Turkiya na Siriya,
Rutahizamu Christian Atsu yabonetse yapfuye ari munsi y’ibisigazwa by’iyi nzu yabagamo yasenwe n’umutingito mu minsi isaga 10 ihise.
Uyu yabaga mu majyepfo ya Turkia aho yakiniraga ikipe ya Hatayspor yo mu cyiciro cya mbere muri kiriya gihugu.
Kuri uyu wa gatandatu, umu-’agent’ we, Nana Sechere, (…) -
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
23 February, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAM MARIE VIANNEY ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
Kabuga akomeje kubera umutwaro urukiko rwa Loni
2 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’Umuryango w’Abibumbye rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha (IRMCT) rwagaragaje ko Kabuga Félicien akomeje kurubera umutwaro mu gihe rusabwa kugabanya ingengo y’imari rukoresha.
-
Mariya Yohana agiye kwizihiza ubutwari bw’Inkotanyi
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMariya Yohani umaze imyaka irenga 40 mu muziki, yatangaje ko agiye kwizihiza ubutwari bw’Inkotanyi mu guha icyubahiro ababohoye u Rwanda.
-
Choplife ya Mr Eazi imaze gusora miliyari 17 Frw mu Rwanda
16 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi Mr Eazi washinze Sosiyete y’Imikino y’Amahirwe "Choplife", yagaragaje ko imaze gutanga imisoro ya miliyari 17 Frw mu gihe cy’imyaka itatu ikorera mu Rwanda.
-
Imodoka zitwara abagenzi bicaye zemerewe kuzuza 100% igihe ingendo zibujijwe kiravugururwa
12 October 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika,Paul Kagame, yayoboye Inama y’Abaminisitiri yafatiwemo ingamba nshya zirimo kwemerera imodoka zitwara abagenzi bicaye gutwara abuzuye neza 100% mu gihe abatwara imodoka zirimo abagenda bicaye n’abahagaze zigomba gutwara 100% bicaye na 50% bahagaze.
-
Igikomangoma Harry na Meghan Markle bakoze ubukwe bw’igitangaza [AMAFOTO]
19 May 2018, by Dusingizimana RemyBenshi mu batuye isi bakurikiranye ubukwe bw’igikomangoma Harry na Meghan Markle bumaze iminsi buvugwa mu bitangazamakuru bitandukanye , bwabaye kuri uyu wa Gatandatu.
-
Motsepe yasabye Sénégal kujurira niba itemera icyemezo cyo kuyambura igikombe cya Afurika
19 March, by ISIMBI EstellaPerezida w’Impuzamashyirahamwe muri Afurika (CAF), Patrice Motsepe, ashyigikiye ko Sénégal ijya mu Rukiko rwa Siporo ku Isi (CAS/TAS) kujurira, nyuma y’uko yambuwe Igikombe cya Afurika kigahabwa Maroc.
-
Abarangiza kugororwa bagiye kujya bataha bashakiwe akazi
30 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuZimwe mu ngamba zafashwe zizajya zituma hatabaho gusubira mu bigo ngororamuco ku bantu bavuyeyo, ni uko bazajya bava Iwawa cyangwa ahandi bagororewe bakigishwa imyuga, bahita bahabwa imiririmo.
Umuryango.rw
Rutsiro: Abasenyewe n’ibiza bahawe inzu
Habonetse umurambo w’umukinnyi Christian Atsu wari waraburiwe irengero
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
Kabuga akomeje kubera umutwaro urukiko rwa Loni
Mariya Yohana agiye kwizihiza ubutwari bw’Inkotanyi
Choplife ya Mr Eazi imaze gusora miliyari 17 Frw mu Rwanda
Imodoka zitwara abagenzi bicaye zemerewe kuzuza 100% igihe ingendo zibujijwe kiravugururwa
Motsepe yasabye Sénégal kujurira niba itemera icyemezo cyo kuyambura igikombe cya Afurika
Abarangiza kugororwa bagiye kujya bataha bashakiwe akazi