Ibigo byose bya Leta byategetswe na Minisiteri y’Ibikorwa Remezo y’u Rwanda ko nibura 30% by’imodoka bigura zigomba kuba zikoresha amashanyarazi gusa. Mu ibaruwa y’Umunyamabanga wa Leta muri iyo minisiteri igenewe ibyo bigo byose, avuga ko icyo cyemezo kigamije kwihutisha gahunda y’u Rwanda yo kwimukira ku buryo bwo gutwara abantu n’ibintu butangiza ibidukikije no kugabanya imyuka ihumanya ikirere.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibigo bya leta byategetswe kujya bigura imodoka zikoresha amashanyarazi
22 April, by Angeline MUKANGENZI -
Dore amakosa akunze gukorwa n’abantu ku bijyanye n’imirire
14 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAkenshi dukunda gusoma ibitabo bivuga ku bijyanye n’imirire, tugakunda kugura imbuto zikungahaye kuri vitamin zitandukanye ndetse n’izindi ntungamubiri, tuzi no gusoma ibiri ku icupa cyangwa ipaki y’ibyo kurya bipfunyitse, tukamenya ibibigize.
-
AFC/M23 yamaganye uguceceka kw’amahanga mu gihe ingabo za Leta zikomeje kwica abasivili
20 February, by ISIMBI EstellaIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryamaganye guceceka kw’umuryango mpuzamahanga mu gihe ingabo za Leta zikomeje kwica abasivili mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
-
Koreya y’Epfo: Byarangiye Perezida Yoon Suk Yeol atawe muri yombi
15 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Mutarama 2025, abayobozi bo muri Koreya y’Epfo bataye muri yombi Perezida Yoon Suk Yeol, ubu urimo guhatwa ibibazo mu kigo gikora iperereza kuri ruswa kizwi nka CIO (Corruption Investigation Office).
-
Ukwezi kugiye kugaragara mu ishusho idasanzwe mu bihugu birimo u Rwanda
3 December 2025, by ISIMBI EstellaKu wa Kane tariki 4 Ukuboza 2025, abatuye mu bihugu bitandukanye birimo u Rwanda, bazabasha kubona Ukwezi kuzuye, kwaka cyane ndetse kugaragara nk’aho ari kunini, ibizwi nka ‘supermoon’.
-
Amerika yateguje kongera umusoro ku bicuruzwa biva muri EU
3 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko ashobora kongera umusoro ku bicuruzwa biva bihugu byo mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), icyakora avuga ko u Bwongereza bushobora kubanza kuganira na Amerika kuri iyi ngingo.
-
Umuyobozi w’ ibitaro bya Muhima yikomye itangazamakuru
28 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ ibitaro bya Muhima bimaze iminsi bivugwaho kurangarana abarwayi no kudatanga serivise zinoze, aravuga ko atazi icyo abanyamakuru bapfa n’ ibitaro ayoboye kuko ngo bagaragaza isura itari yo y’ ibitaro bigatera umwuka mubi mu baturage.
Ibitaro bya Muhima byahoze ari ishami ry’ ibitaro bikuru bya Kaminuza CHUK. Icyo gihe inshingano nyamukuru yabyo yari ukubyaza. Nyuma ibi bitaro byaje kugirwa ibitaro by’ akarere ka Nyarugenge bitangira gutanga izindi serivisi z’ ubuvuzi.
Dr (…) -
Iperereza ryakajije umurego ku byegera bya Zelensky bishinjwa ruswa
28 November 2025, by ISIMBI EstellaInzego zishinzwe kurwanya ruswa muri Ukraine zatangiye gukora iperereza mu nzu ya Andriy Yermak, Umuyobozi w’Ibiro bya Perezida Volodymyr Zelensky, umaze igihe akekwaho ibyaha bya ruswa.
-
Kirehe: Inzu 600 z’abarokotse Jenoside zikeneye gusanwa
10 April, by ISIMBI EstellaUmuryango Uharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, Ibuka, wagaragaje ko inzu 600 z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Karere ka Kirehe zikenewe gusanwa nyuma y’uko zangiritse na ba nyirazo bakaba bashaje cyane ku buryo batabasha kuzisanira.
-
Chancelier w’u Budage yatakarijwe icyizere
17 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuChancelier w’u Budage, Olaf Scholz, yatakarijwe icyizere n’Inteko Ishinga Amategeko y’icyo gihugu, bituma amatora yo gusimbura Guverinoma azaba muri Gashyantare 2025, mbere y’igihe cyari giteganyijwe.
Umuryango.rw
Ibigo bya leta byategetswe kujya bigura imodoka zikoresha amashanyarazi
Dore amakosa akunze gukorwa n’abantu ku bijyanye n’imirire
Koreya y’Epfo: Byarangiye Perezida Yoon Suk Yeol atawe muri yombi
Ukwezi kugiye kugaragara mu ishusho idasanzwe mu bihugu birimo u Rwanda
Amerika yateguje kongera umusoro ku bicuruzwa biva muri EU
Umuyobozi w’ ibitaro bya Muhima yikomye itangazamakuru
Iperereza ryakajije umurego ku byegera bya Zelensky bishinjwa ruswa
Kirehe: Inzu 600 z’abarokotse Jenoside zikeneye gusanwa
Chancelier w’u Budage yatakarijwe icyizere