Mu gihe mu gihugu cy’ Ubushinwa harimo kubera inama yaguye yiga ku kwagura ibikorwa byabo mu Isi Abanyarwanda bakorera Abashinwa mu mirimo itandukanye mu Rwanda baravuga ko bamaze kubungukiraho ubumenyi bwinshi mu gukorana nabo.
Ubushinwa ni kimwe mu bihugu bikomeye mu Isi. Iki gihugu gikorera ibikorwa byinshi mu bihugu bitandukanye birimo n’ u Rwanda.
Umubano w’ u Rwanda n’ Ubushinwa umaze imyaka irenga 46 kuko watangiye 12 Ugushyingo 1971. Abashinwa bakora imirimo itandukanye mu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abashinwa barimo kwiga ku kwagura ibikorwa byabo mu Isi
16 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Covid19: Uyu munsi habonetse abanduye 101 biganjemo abo muri kasho za Polisi i Ngoma
29 June 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 29 Kamena 2020,nibwo mu Rwanda habonetse abanduye Coronavirus benshi cyane kurusha ikindi gihe cyose kuko abayisanganye ari abantu 101 barimo 72 babonetse muri Gereza y’akarere ka Ngoma.Umubare w’abamaze kwandura iki cyorezo ni abantu 1001.
-
Depite Jackson abona ko ibihugu by’ibituranyi bikwiye kungukira mu mabuye y’agaciro yo mu burasirazuba bwa RDC
23 January, by Angeline MUKANGENZIUmudepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Ronny Jackson, abona ko ibihugu bituranye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikwiye kubona inyungu mu mabuye y’agaciro ari mu burasirazuba bwayo.
-
Element yegukanye igihembo muri Afrima ashimira u Rwanda
12 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi ubifatanya no gutunganya ibihangano (Producer) Mugisha Fred Robinson uzwi nka Element EleeeH, yegukanye igihembo cy’umuuhanga mu gutunganya imiziki (producer) mwiza w’umwaka wa 2025 mu bihembo bya ‘AFRIMA’ ashimira u Rwanda.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
10 February, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAN DAMASCENE ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
Nyanza: Umukecuru yasanzwe yishwe, abantu bane batabwa muri yombi
24 April, by ISIMBI EstellaUmukecuru w’imyaka 67 wo mu Karere ka Nyanza yasanzwe yishwe, bikekwa ko yaba yarishwe n’abantu bane bivugwa ko bari bamufite mu ijoro ryabanjirije urupfu rwe.
-
Ruhango: Gitifu wâasenyewe inzu yabanagamo n’ umuryango we aravuga ko yazize kwanga guha umuyobozi ruswa
2 August 2017, by Nsanzimana ErnestMwizere Marcel wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’ akagari ka Tambwe ko mu murenge wa Ruhango uherutse gusenyerwa inzu yari imaze kumutwara miliyoni zirenga enye z’ amafaranga y’ u Rwanda aravuga ko yasenyewe kubera ko yanze gutanga ruswa y’ ibihumbi 500.
Ku Gatanu w’ icyumweru gishize tariki 28 Nyakanga nibwo ubuyobozi bw’ akarere ka Ruhango bwashyize hasi inzu ya Mwizere.
Marcel yatangarije Umuryango ko ubuyobozi bumukuriye na polisi baje bagasohora ibikoresho byari mu nzu yari amaze (…) -
Umudepite w’Umufaransa wapfobeje Jenoside yakorewe Abatutsi ashobora guhanwa
16 January, by Angeline MUKANGENZIUmudepite uhagarariye ishyaka RN (Rassemblement National) mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bufaransa, Frédéric-Pierre Vos, ashobora gufatirwa igihano kubera gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Sempoma utoza Team Rwanda yijeje kuzegukana ‘Maillot Jaune’ muri Tour du Rwanda 2026
9 February, by Angeline MUKANGENZIUmutoza wa Team Rwanda, Sempoma Félix, yatangaje ko we n’abakinnyi be bafite intego yo kwambara umwambaro w’umuhondo kugeza begukanye irushanwa rya Tour du Rwanda 2026.
-
Umuhanda Muhanga-Kamonyi wongeye kuba nyabagendwa
16 February, by ISIMBI EstellaPolisi y’u Rwanda yatangaje ko umuhanda Muhanga Kamonyi wongeye kuba nyabagendwa nyuma y’uko mu ijoro ryo ku wa 15 hari ikamyo yari yawugiriyemo ikibazo, bikabangamira urujya n’uruza.
Umuryango.rw
Covid19: Uyu munsi habonetse abanduye 101 biganjemo abo muri kasho za Polisi i Ngoma
Depite Jackson abona ko ibihugu by’ibituranyi bikwiye kungukira mu mabuye y’agaciro yo mu burasirazuba bwa RDC
Element yegukanye igihembo muri Afrima ashimira u Rwanda
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
Nyanza: Umukecuru yasanzwe yishwe, abantu bane batabwa muri yombi
Umudepite w’Umufaransa wapfobeje Jenoside yakorewe Abatutsi ashobora guhanwa
Sempoma utoza Team Rwanda yijeje kuzegukana ‘Maillot Jaune’ muri Tour du Rwanda 2026
Umuhanda Muhanga-Kamonyi wongeye kuba nyabagendwa