Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko agiye gutangira amasomo y’icyiciro cya gatatu cya kaminuza (Master’s) mu bijyanye n’ubwenge bw’ubukorano, AI muri Open University of Kenya (OUK), icyemezo cyafashwe nk’ubutumwa bukomeye bushishikariza abayobozi n’abaturage kumenya uburyo ikoranabuhanga rishya rizahindura isi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Ruto agiye gusubira ku ntebe y’ishuri
14 October 2025, by ISIMBI Estella -
Perezida Gnassingbé yaganiriye na Museveni ku mutekano w’akarere
22 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Togo akaba n’umuhuza w’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo washyizweho n’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), Faure Essozimna Gnassingbé, yaganiriye na Yoweri Museveni wa Uganda ku mutekano w’akarere.
-
Abantu 84 bamaze kwandura Coronavirus mu Rwanda…Habonetse 2 kuri uyu wa Kane
2 April 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Kane tariki ya 02 Mata 2020 habonetse abantu 2 barwaye Coronavirus biyongereye ku bandi 82 bagaragaye mu minsi ishize guhera kuwa 14 Werurwe bituma buzuza umubare w’abantu 84 banduye.
-
U Rwanda na Seychelles byaganiriye ku kwagura umubano
20 March, by Angeline MUKANGENZIVisi Perezida wa Seychelles, Sebastien Pillay, yakiriye Minisitiri ushinzwe abakozi n’umurimo mu Rwanda, Christine Nkulikiyinka, baganira ku buryo ibihugu byombi byakwagura ubufatanye bwabyo mu nzego z’ingenzi.
Umuryango.rw
Perezida Ruto agiye gusubira ku ntebe y’ishuri
Perezida Gnassingbé yaganiriye na Museveni ku mutekano w’akarere
Abantu 84 bamaze kwandura Coronavirus mu Rwanda…Habonetse 2 kuri uyu wa Kane
U Rwanda na Seychelles byaganiriye ku kwagura umubano