N’ubwo hari byinshi byahindutse muri uyu mwaka, abantu bongeye kwishimira kuba ubuzima buri gusubira mu buryo n’ubwo butarasubira nk’uko bwahoze kuko kugeza ubu ibyahuzaga abantu mu kwidagadura harimo ibitaramo, siporo n’ibindi birori bitandukanye biracyakurikiranwa hifashishijwe ikoranabuhanga nka televiziyo cyangwa telefone.
Tugeze mu mpera z’umwaka aho twitegura iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani, StarTimes ibazaniye promosiyo yise “inyongera” aho umufatabuguzi agura abonema y’amezi 2 (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
StarTimes ibazaniye promosiyo yise “inyongera” mu kwitegura Noheli n’Ubunani
15 November 2020, by Ubwanditsi -
Shaddy Boo yasubije Mutesi Scovia ku magambo yamuvugaho
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKimenyabose ku mbuga nkoranyambaga akaba n’umubyeyi w’abana babiri, Mbabazi Shadia uzwi cyane nka Shaddy Boo, yatangaje ko atishimiye amagambo yatangajwe n’umunyamakuru Mutesi Scovia amuvugaho mu kiganiro cyanyuze kuri shene imwe ya YouTube.
-
Ingabo za RDC zagabye ibitero bikomeye kuri AFC/M23
15 October 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ingabo z’iki gihugu zagabye ibitero mu bice rigenzura mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo.
-
Diddy ashobora guhabwa imbabazi na Trump
30 July 2025, by ISIMBI EstellaDiddy ashobora guhabwa imbabazi na Perezida Donald Trump, mbere y’uko akatirwa mu mpera z’uyu mwaka.
-
Abahinzi bakoresha nabi ubutaka n’umusaruro w’ibihingwa bashyiriweho ibihano bikakaye
9 February, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma y’u Rwanda yemeje umushinga w’itegeko rishya rigenga ubuziranenge bw’umusaruro w’ibihingwa, rigamije kugenzura no guhana abakora ubuhinzi mu buryo butubahirije amategeko ndetse n’amabwiriza agenga uyu mwuga.
-
U Bufaransa: Hari kwigwa ku itegeko rizakuraho ihame ry’imibonano mpuzabitsina ku bashakanye
29 January, by Angeline MUKANGENZIHashize iminsi mu Bufaransa havugwa ku mushinga w’itegeko, ugamije guhindura imyumvire ku nshingano z’abashakanye, aho abantu benshi bumva ko ari ihame ko gushakana bigomba guherekezwa no gukora imibonano mpuzabitsina.
-
Trump yabwiwe ko izina rye rigaruka kenshi muri dosiye za Epstein, abihakana yivuye inyuma
24 July 2025, by ISIMBI EstellaMuri Gicurasi 2025, Minisitiri w’Ubutabera Pam Bondi n’umwungiriza we Todd Blanche bagiranye inama na Perezida Trump, bamumenyesha ko izina rye ryagaragaye inshuro nyinshi muri dosiye zifitwe na Minisiteri y’Ubutabera zijyanye n’ibyaha bya Jeffrey Epstein, ariko we abihakana avuga ko ari ibihuha.
-
Diamond Platinumz wavuzwe mu rukundo na Zuchu yabihakanye
22 January 2025, by Joseph IradukundaUmuhanzi uri mu bafite izina rikomeye muri Tanzania no mu Karere, Diamond Platinumz, yahakanye yivuye inyuma ko atigeze agirana umubano wihariye n’umuhanzi Zuchu bamaze imyaka itatu bavugwa mu nkuru z’urukundo.
-
Ministiri Biruta yasabye Polisi guhagurukira ibiyobyabwenge mu rubyiruko
27 August 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu, Dr. Vincent Biruta kuri uyu wa kabiri tariki ya 27 Kanama 2024 yagiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru ba Polisi y’u Rwanda ku cyicaro gikuru ku Kacyiru, ashima Urwego Polisi igezeho yiyubaka, ayisaba guhagurukira ikibazo cy’ubuzererezi n’ibiyobyangwenge mu rubyiruko.
-
Perezida Ruto agiye gusubira ku ntebe y’ishuri
14 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko agiye gutangira amasomo y’icyiciro cya gatatu cya kaminuza (Master’s) mu bijyanye n’ubwenge bw’ubukorano, AI muri Open University of Kenya (OUK), icyemezo cyafashwe nk’ubutumwa bukomeye bushishikariza abayobozi n’abaturage kumenya uburyo ikoranabuhanga rishya rizahindura isi.
Umuryango.rw
Shaddy Boo yasubije Mutesi Scovia ku magambo yamuvugaho
Ingabo za RDC zagabye ibitero bikomeye kuri AFC/M23
Diddy ashobora guhabwa imbabazi na Trump
Abahinzi bakoresha nabi ubutaka n’umusaruro w’ibihingwa bashyiriweho ibihano bikakaye
U Bufaransa: Hari kwigwa ku itegeko rizakuraho ihame ry’imibonano mpuzabitsina ku bashakanye
Trump yabwiwe ko izina rye rigaruka kenshi muri dosiye za Epstein, abihakana yivuye inyuma
Diamond Platinumz wavuzwe mu rukundo na Zuchu yabihakanye
Ministiri Biruta yasabye Polisi guhagurukira ibiyobyabwenge mu rubyiruko
Perezida Ruto agiye gusubira ku ntebe y’ishuri