Perezida wa Angola João Lourenço yageze i Kigali aho yitabiriye inama y’ibihugu bine byiga ku kuzahura umubano w’u Rwanda na Uganda izabera i Gatuna ku mupaka uhuza ibihugu byombi kuri uyu wa Gatanu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida wa Angola yageze mu Rwanda kwitabira inama izabera i Gatuna [AMAFOTO]
20 February 2020, by Dusingizimana Remy -
Startimes yatekereje ku bakunzi ba Filimi irabadabagiza muri uku Kuboza
4 December 2020, by Dusingizimana RemySosiyete ya StarTimes, itanga ifatabuguzi ryagutse rya TV,yazaniye filimi mpuzamahanga zitandukanye abakiriya bayo bazikunda ku buryo ababyeyi n’abana bazabasha kugira ibihe byiza muri uku kwezi k’Ukuboza kose kurimo n’iminsi mikuru.
-
Minisitiri Munyangaju yasubije abayobozi b’amakipe bababajwe bikomeye n’ihagarikwa rya shampiyona
15 December 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri wa Siporo,Munyangaju Aurore Mimosa,yibukije abayobozi b’amakipe bababajwe cyane no kuba shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda ko ubuzima bw’abakinnyi babo ndetse n’abanyarwanda aribwo bw’ingenzi kurusha amafaranga bavuga ko bagiye guhomba.
-
U Bwongereza bwangiye Amerika gukoresha ibirindiro byabwo mu kurasa Iran
20 February, by Angeline MUKANGENZIU Bwongereza bwangiye Leta Zunze Ubumwe za Amerika gukoresha ibirindiro by’ingabo zabwo biri mu bice bya Diego Garcia na Gloucestershire, igaba ibitero kuri Iran.
-
Burundi: Abapolisi bikekwa ko barinda Perezida Ndayishimiye bambuye umuturage miliyoni 15 Fbu
11 April, by ISIMBI EstellaAbapolisi batanu b’u Burundi baherutse gutabwa muri yombi nyuma yo kwambura umuturage witwa Nyandwi Gérard miliyoni 15 Fbu bivugwa ko bari mu bacunga umutekano wa Perezida Evariste Ndayishimiye.
-
Ukraine yamaganye ibyo kohererezwa ingabo, isaba intwaro zo guhangana n’u Burusiya
22 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmujyanama wa Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine, Mikhail Podoliak, yavuze ko icyo igihugu cye gikeneye atari ukohererezwa abasirikare bavuye mu Burayi, kugira ngo bafashe mu kurinda umutekano, ashimangira ko igikenewe ari intwaro nyinshi zo gukomeza guhangana n’u Burusiya.
-
Mu ibanga rikomeye cyane Diamond Platnumz yakoze ubukwe na Zuchu
2 June 2025, by Gladiator OGNaseeb Abdul Juma uzwi cyane mu muziki nka Diamond Platnumz yaciye amarenga yuko yaba yakoze imihango y’ubukwe yo mu idini ya isilamu hamwe n’umukunzi we akaba n’umuhanzi ubarizwa mu nzu ifasha abahanzi ya Wasafi ari we Zuchu.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
31 October 2025, by ISIMBI EstellaUmuhesaha w’inkiko w’umwuga Me NSHIMIYUMUKIZA Emile aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa uherereye mu karere ka Rwamagana
Itangazo riri hano hasi -
Mottley wongeye gutorerwa kuyobora Barbados yijeje ubufatanye n’u Rwanda
15 February, by Angeline MUKANGENZIMia Amor Mottley wongeye gutorerwa kuba Minisitiri w’Intebe wa Barbados ku nshuro ya gatatu, yashimiye Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, wamwifurije ishya n’ihirwe, ashimangira ko umubano uri hagati y’ibihugu byombi uzakomeza kuba mwiza kandi ko yiteguye gukomeza kuwushimangira.
-
Uwari ukuriye abaganga ba Papa Francis Yasobanuye ibyaranze amasaha ye ya nyuma
24 April 2025, by Angeline MUKANGENZISergio Alfieri, ukuriye ishami rishinzwe abaganga babaga indwara zo mu nda mu bitaro bya Gemelli, ibyo Papa Francis yarwariyemo igihe, wari umuhuzabikorwa w’abaganga be anashinzwe kwita ku bibazo byose by’ubuzima bwe bikeneye ko abagwa, yagarutse ku masaha ye ya nyuma no ku mubano we.
Umuryango.rw
Burundi: Abapolisi bikekwa ko barinda Perezida Ndayishimiye bambuye umuturage miliyoni 15 Fbu
Ukraine yamaganye ibyo kohererezwa ingabo, isaba intwaro zo guhangana n’u Burusiya
Mu ibanga rikomeye cyane Diamond Platnumz yakoze ubukwe na Zuchu
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
Mottley wongeye gutorerwa kuyobora Barbados yijeje ubufatanye n’u Rwanda
Uwari ukuriye abaganga ba Papa Francis Yasobanuye ibyaranze amasaha ye ya nyuma