Ambasaderi Festus Bizimana yashyikirije Perezida José Maria Neves wa Cabo Verde, impapuro zimuhesha uburenganzira bwo guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu akaba afite icyicaro i Dakar muri Sénégal.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ambasaderi Festus Bizimana yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Cabo Verde
26 February, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Khalid yatunguranye avuga ko aryamana n’abagabo bagenzi be
25 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi Khalid Donnel Robinson [Khalid] wamamaye mu njyana zirimo ’R&B’ na ‘Pop’ muri Amerika no ku isi yose, yatunguranye atangaza ko aryamana n’abagabo bagenzi be.
-
U Bwongereza bwahagaritse viza ku bo muri Afghanistan, Cameroun, Myanmar na Sudani
4 March, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko igiye guhagarika gutanga viza zo kwiga ku baturage bo muri Afghanistan, Cameroun, Myanmar na Sudani nk’uburyo bwo guhangana n’ikibazo cy’abimukira.
-
Iran yemeje ko yarashe indege ya Amerika F-35 igura miliyari 140 Frw
20 March, by Angeline MUKANGENZIKu wa Kane tariki 19 Werurwe 2026, Umutwe Udasanzwe w’Ingabo za Iran (IRGC) wemje ko warashe indege y’intambara ya Amerika yo mu bwoko bwa F-35, yihutira kugwa ku birindiro byari hafi nyuma yo kwangirika cyane.
-
Donald Trump yongeye gushimagiza Nick Minaj mu birori byihariye
19 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmubano uri hagati y’umuraperikazi Nicki Minaj na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ukomeje gufata indi ntera nyuma y’uko Trump yongeye kumushimagiza ku mugaragaro mu birori bya Black History Month byabereye i Washington, D.C.
-
Biravugwa: Gatabazi JMV wahoze muri Guverinoma yaba afunzwe
2 August 2023, by Dusingizimana RemyAmakuru aravuga ko Gatabazi Jean Marie Vianney wahoze ari Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu ndetse akaba na Guverineri w’intara y’Amajyaruguru yaba ari u maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha , RIB.
Ni amakuru yatangiye guhwihwiswa ku mbuga nkoranyambaga, ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Kanama 2023.
Ntacyo Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ruratangaza kuri aya makuru gusa byatangiye guhwihwiswa nyuma y’uko uyu munya politike yitabiriye umuhango wo kwimika umutware (…) -
Ubuhamya bw’umugabo wongeresheje indeshyo ye, akava kuri metero 1,71 akagera kuri 1,95
11 July 2025, by ISIMBI EstellaUmugabo w’imyaka 23 wo mu Budage, Leon Otremba, yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ze urugendo rwo kongeresha uburere bwe, avuga ko nubwo byamuteye uburibwe bukabije atabyicuza kuko byarangiye abaye muremure.
-
Minisitiri Nduhungirehe yakiriye Lionel Sentore
26 July 2025, by Joseph IradukundaUmuhanzi mu njyana gakondo, Lionel Sentore, uri kwitegura gukora igitaramo azamurikiramo album ye ya mbere yitiriye indirimbo “Uwangabiye’’, yamamaye mu 2024 mu bikorwa byo kwamamaza Perezida Paul Kagame; yahuye na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe.
-
Sudan: RSF yishe abarenga 17, isiga abarenga 120 bakomeretse
19 March, by ISIMBI EstellaImirwano yongeye gufata intera hagati y’ingabo za Leta ya Sudan n’abarwanyi b’Umutwe witwaje intwaro wa RSF aho ku wa 18 Werurwe abarenga 17 bahitanywe nayo mu gihe abarenga 120 bakomeretse.
-
I Goma harashyingurwa imibiri 200 byagoye leta gusobanura inkomoko
2 September 2024, by Joseph IradukundaSerivisi ishinzwe protocol ku rwego rw’Intara ya Kivu ya Ruguru yatangaje ko kuri uyu wa Mbere taliki 02 Nzeri2024, hari bushyingurwe imibiri 200 y’abantu bahitanywe n’intambara.
Umuryango.rw
Ambasaderi Festus Bizimana yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Cabo Verde
Khalid yatunguranye avuga ko aryamana n’abagabo bagenzi be
U Bwongereza bwahagaritse viza ku bo muri Afghanistan, Cameroun, Myanmar na Sudani
Iran yemeje ko yarashe indege ya Amerika F-35 igura miliyari 140 Frw
Donald Trump yongeye gushimagiza Nick Minaj mu birori byihariye
Biravugwa: Gatabazi JMV wahoze muri Guverinoma yaba afunzwe
Ubuhamya bw’umugabo wongeresheje indeshyo ye, akava kuri metero 1,71 akagera kuri 1,95
Minisitiri Nduhungirehe yakiriye Lionel Sentore
Sudan: RSF yishe abarenga 17, isiga abarenga 120 bakomeretse
I Goma harashyingurwa imibiri 200 byagoye leta gusobanura inkomoko