Abantu 12 barimo abana 6 bataye ishuri n’abasore n’inkumi bandi 6 batagira ibibaranga bakekwaho guteza umutekano muke, bishora mu bikorwa by’ubujura n’urugomo kuri santere y’ubucuruzi ya Kinini, batawe muri yombi ubwo hakorwaga umukwabuku bufatanye bw’inzego z’ibanze n’izishinzwe umutekano.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyamasheke: 12 barimo abataye ishuri bakishora mu bujura batawe muri yombi
5 February, by ISIMBI Estella -
Umugabo wa Mukarugwiza uherutse gupfira ku mupaka wa Uganda yavuze uburyo yababajwe n’ibyo yise ibinyoma byatangajwe na Uganda ku rupfu rw’ umugore we[AMAFOTO]
30 March 2019, by Martin MunezeroUmurambo wa Mukarugwiza Elizabeth w’ imyaka 38 wapfiriye ku mupaka w’ u Rwanda na Uganda mu gitondo cyo ku wa Gatatu,yashyinguwe kuri uyu wa Kane umugabo we Dan Hakizimana avuga ko yababajwe n’ ibyo yise ibinyoma byatangajwe na Uganda ku rupfu rw’ umugore we.
-
Uwarokotse Jenoside amaze imyaka irenga 14 arera abana b’abafungiwe ibyaha bya Jenoside
7 April 2025, by ISIMBI EstellaJean Bosco Nkurikiyinka warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, amaze imyaka irenga 14 arera abana batatu b’abakoze Jenoside, nk’ikimenyetso cy’ubumwe n’ubwiyunge.
-
Kudahabwa ku mafaranga Rayon Sports yahawe mu byatumye Gasogi United yanga gukina?
23 March, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’uko Gasogi United yanze gukina umukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona yatewemo mpaga na Rayon Sports ku wa 22 Werurwe 2026, hakomeje kwibazwa impamvu yaba yarabiteye ahavugwa nyinshi zirimo no kuba yarifuzaga guhabwa amafaranga yatanzwe na Al Hilal SC kugira yemere impinduka zakozwe.
-
Muyaya aravuga ko Umujyi wa Goma wigaruriwe n’Ingabo z’u Rwanda
27 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’itumanaho akaba n’umuvugizi wa Leta ya RD Congo, Patrick Muyaya, yatangaje ubutumwa buvuga ko Umujyi wa Goma urimo abo yise “ingabo z’u Rwanda”mu gihe umutwe wa M23 watangaje ko wafashe umujyi kuri uyu wa Mbere, itariki 27 Mutarama 2025.
-
Minisitiri w’Ubutabera wa RDC yambuwe ubudahangarwa nyuma yo kwitakana Minisitiri w’Intebe
30 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yambuye ubudahangarwa Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba Tungunga, ukurikiranyweho icyaha cyo kunyereza miliyoni 19 z’Amadolari mu mafaranga yari yarateganyirijwe kubaka Gereza ya Kisangani mu Ntara ya Tshopo.
-
Ambasade ya EU muri Uganda yasabye imbabazi ku butumwa bwayo bupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi
11 April, by Angeline MUKANGENZIAmbasade y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi muri Uganda, yasabye imbabazi nyuma y’ubutumwa yari yanditse bupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Trump yahagaritse uruhushya rwemerera abimukira b’Abanya-Somalia kuba muri Amerika
14 January, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakuyeho uruhushya rwahaga Abanya-Somalia uburenganzira bwo kuba muri iki gihugu nk’abantu baturuka mu gihugu kirimo amakimbirane.
-
Bugesera FC yongeye kubabaza Rayon Sports iyisezerera mu gikombe cy’Amahoro
23 April 2024, by Dusingizimana RemyBwa mbere mu mateka Bugesera FC Igeze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro nyuma yo gutsinda Rayon Sports igitego 1-0 mu mukino wo kwishyura wa 1/2, iyizerera ku bitego 2-0 mu mikino ibiri.
-
Intambara ikomeje kuzambya ibintu hagati ya Isiraheli na Palesitina
17 September 2024, by Joseph IradukundaMu gihe Isiraheli ifite gahunda yo kugarura abakuwe mu byabo baherereye mu majyaruguru kubera ibitero bya Hezbollah, umutwe wa Hamas wo muri Palesitina na wo watangaje ko ukomeza kurwana inkundura.
Umuryango.rw
Nyamasheke: 12 barimo abataye ishuri bakishora mu bujura batawe muri yombi
Uwarokotse Jenoside amaze imyaka irenga 14 arera abana b’abafungiwe ibyaha bya Jenoside
Kudahabwa ku mafaranga Rayon Sports yahawe mu byatumye Gasogi United yanga gukina?
Muyaya aravuga ko Umujyi wa Goma wigaruriwe n’Ingabo z’u Rwanda
Minisitiri w’Ubutabera wa RDC yambuwe ubudahangarwa nyuma yo kwitakana Minisitiri w’Intebe
Ambasade ya EU muri Uganda yasabye imbabazi ku butumwa bwayo bupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi
Trump yahagaritse uruhushya rwemerera abimukira b’Abanya-Somalia kuba muri Amerika
Bugesera FC yongeye kubabaza Rayon Sports iyisezerera mu gikombe cy’Amahoro
Intambara ikomeje kuzambya ibintu hagati ya Isiraheli na Palesitina