Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Hon.Habineza Frank aratangaza ko agifite inyota yo kuba Perezida wa Repubulika y’u Rwanda ndetse ko kuba Perezida Kagame yakwiyamamaza mu myaka 20 iri imbere nkuko yabivuze byaba ari ikibazo.
Mu kiganiro yagiranye na UKWEZI TV,Hon. Habineza yavuze ko hakenewe ko mu Rwanda Perezida ava ku butegetsi ntawe umwishe cyangwa umufunze bitewe no kuguma ku butegetsi.
Yagize ati "Dufite inyota yo kubona perezida avuyeho akaba (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
"Turifuza kubona Perezida avuyeho ntawe umwishe cyangwa umufunze"-Hon.Habineza
13 July 2022, by Dusingizimana Remy -
U Rwanda ruri kwigira ku Buyapani uko rwarwanya ibiza
13 March, by Angeline MUKANGENZIU Rwanda ruri kwigira ku Buyapani uko rwarwanya ibiza birimo inkangu, imyuzure, imitingito, inkuba n’ibindi bihitana ubuzima bw’abantu bikanangiza ibikorwaremezo ndetse bigatwara igihugu amafaranga menshi yo kongera gusana ibyangiritse.
-
Ariel Wayz na Babo bageze mu kigo ngororamuco cy’i Huye
18 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAriel Wayz n’abandi bari bamaze iminsi bafunganywe nyuma yo gutabwa muri yombi barengeje amasaha yemewe yo kuba bari mu kabari bagapimwa ibiyobyabwenge ndetse bakabibasangamo, kuri ubu bamaze kugezwa mu kigo ngororamuco cy’i Huye.
-
NATO yahakanye kwemerera Ukraine kuba umunyamuryango mu kurangiza intambara
11 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamabanga Mukuru w’umuryango NATO, Mark Rutte, yatangaje ko Ukraine itigeze yemererwa kwinjira muri uyu muryango nk’igice cy’amasezerano y’amahoro hagati yayo n’u Burusiya.
-
Kanyankore Alex wayoboraga BRD yakatiwe gufungwa iminsi 30.
23 October 2018, by UbwanditsiKanyankole Alex akekwaho ibyaha yakoze ayobora BRD, kuva ku wa 3 Nyakanga 2013 kugera mu 2017, byo gufata ibyemezo bishingiye ku itonesha no gusaba no kwakira impano cyangwa indonke. Ariko ibyo ashinjwa byose yaburanye abihakana.
Ibi byose bibumbiye mu nguzanyo eshatu akekwaho gutanga mu buryo butujuje ibisabwa zose hamwe zikabakaba hafi miliyoni 12 z’amadolari.
Mu mpamvu zikomeye urukiko rwashingiyeho ni uko yemeye inguzanyo harimo iyahawe ishuri rya Good Harvest and Primary School (…) -
Kivu y’Amajyepfo: Abasivile batanu bishwe n’igisasu muri santere ya Sange
30 January, by Angeline MUKANGENZIIhuriro AFC/M23 ryatangaje ko imitwe y’ingabo ishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yajugunye igisasu mu isoko ryo muri santere ya Sange mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, cyica abasivile batanu.
-
Minisitiri Nduhungirehe yashimangiye ko u Rwanda ari igihugu cyorohereza abashaka gushora imari
15 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje icyizere cy’uko ibihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba bizateza imbere ubucuruzi n’ishoramari hagati yabyo n’u Bushinwa, ashimangira ko u Rwanda ari igihugu cyakira neza abashoramari n’abashaka gukora ubucuruzi.
-
U Bufaransa bwatangiye iperereza ku masezerano ya RDC na AS Monaco
19 February, by ISHIMWE Jean de DieuAbayobozi b’u Bufaransa, batangiye gupkora iperereza ku masezerano y’ubufatanye ya milioni 4.8 z’Amayero yasinywe hagati y’Ikipe y’umupira w’amaguru AS Monaco ndetse na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
-
U Rwanda rwakiriye Iserukiramuco ry’abafana ba Arsenal
19 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBiciye mu Itsinda ry’Abafana ba Arsenal, RAFC mu Rwanda, (Rwanda Arsenal Fans Community), u Rwanda rwakiriye Iserukiramuco rihuza abakubutse ku Mugabane wa Afurika.
-
Perezida Kagame yageze i Dar Es Salaam
8 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yageze i Dar es Salaam muri Tanzania, aho yitabiriye inama idasanzwe ihuza imiryango ya Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uw’ubukungu uhuza ibihugu byo mu majyepfo ya Afurika (SADC).
Umuryango.rw
"Turifuza kubona Perezida avuyeho ntawe umwishe cyangwa umufunze"-Hon.Habineza
U Rwanda ruri kwigira ku Buyapani uko rwarwanya ibiza
Ariel Wayz na Babo bageze mu kigo ngororamuco cy’i Huye
NATO yahakanye kwemerera Ukraine kuba umunyamuryango mu kurangiza intambara
Kivu y’Amajyepfo: Abasivile batanu bishwe n’igisasu muri santere ya Sange
Minisitiri Nduhungirehe yashimangiye ko u Rwanda ari igihugu cyorohereza abashaka gushora imari
U Bufaransa bwatangiye iperereza ku masezerano ya RDC na AS Monaco
U Rwanda rwakiriye Iserukiramuco ry’abafana ba Arsenal
Perezida Kagame yageze i Dar Es Salaam