Mu buzima bw’urukundo n’imibanire, amagambo akora ku mutima ashobora kugira uruhare rukomeye mu gushimangira umubano hagati y’abakundana.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abasore gusa: Amagambo 10 aryohera umukobwa
10 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Rihanna yahishuye ko atwite (Amafoto)
6 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi Rihanna yaraye ahishuye ko yitegura kwibaruka umwana wa Gatatu ubwo yari mu birori bya Met Gala.
-
Minisitiri Murangwa yashyize umucyo ku cyahagaritse kubaka imihanda igirwamo uruhare n’abaturage
9 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Murangwa Yussuf, yavuze ko gahunda yo kubaka imihanda ya kaburimbo Umujyi wa Kigali wafatanyaga n’abaturage yahagaze kuko hagaragayemo byinshi bitanoze ubu bikiri kunozwa kugira ngo izakomeze.
-
Minicom yahawe ukwezi kumwe ko gukemura ikibazo cy’umuceri uhombera abaturage
19 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbadepite bagaragaje ko urwego rw’ubuhinzi rwugarijwe n’ibibazo bitandukanye birimo ikibazo cy’ibiciro by’umuceri uhingwa mu Rwanda kikiri hejuru, isaba Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda kugikemura bitarenze ukwezi kumwe.
-
RDC yaciye amarenga ko itazashyira mu bikorwa igihano cy’urupfu
6 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIntumwa za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zaciriye amarenga akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano, ko Leta y’iki gihugu ishobora kudashyira mu bikorwa igihano cy’urupfu.
-
#Kwibuka28: Perezida Kagame yashimiye Inkotanyi ko zitihoreye
7 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko kandi byari korohera igabo za RPA zari zishamikiye ku ishyaka RPF Inkotanyi guhorera Abatutsi bicwaga muri Jenoside,ariko zahisemo inzira y’ubumwe n’ubwiyunge aho kubikora.
-
Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere 2025/2026 izatangira muri Nzeri 2025
21 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kane, ubuyobozi bwa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda bwatangaje ko iya 2025-2026 izatangira tariki 12 Nzeri 2025.
-
Umubyeyi wa Chriss Easy yitabye Imana
13 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi Chriss Easy ari mu gahinda ko gupfusha umubyeyi we (nyina)
-
FIFA Club World Cup: Inter Miami ya Messi yahagamwe na Al Ahly yo mu Misiri
15 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInter Miami ya Lionel Messi yananiwe gutsinda Al Ahly yo mu Misiri, mu mukino ubimburira indi mu y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe kiri kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
RGB yagaragaje ishusho y’imitangire ya serivisi mu myaka 31 u Rwanda rwibohoye
2 July 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, rwatangaje ko mu myaka 31 ishize u Rwanda rwibohoye, imitangire ya serivisi yihuse cyane kuko hashyizweho uburyo bw’ikoranabuhanga n’ubuyobozi bukegerezwa abaturage.
Umuryango.rw
Abasore gusa: Amagambo 10 aryohera umukobwa
Rihanna yahishuye ko atwite (Amafoto)
Minisitiri Murangwa yashyize umucyo ku cyahagaritse kubaka imihanda igirwamo uruhare n’abaturage
Minicom yahawe ukwezi kumwe ko gukemura ikibazo cy’umuceri uhombera abaturage
RDC yaciye amarenga ko itazashyira mu bikorwa igihano cy’urupfu
#Kwibuka28: Perezida Kagame yashimiye Inkotanyi ko zitihoreye
Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere 2025/2026 izatangira muri Nzeri 2025
Umubyeyi wa Chriss Easy yitabye Imana
FIFA Club World Cup: Inter Miami ya Messi yahagamwe na Al Ahly yo mu Misiri
RGB yagaragaje ishusho y’imitangire ya serivisi mu myaka 31 u Rwanda rwibohoye