Sosiyete icuruza ibijyanye no gusakaza amashusho ndetse na TV zigezweho ya StarTimes, yahanantuye ibiciro bya Dekoderi yayo mu buryo budasanzwe aho kuri ubu dekoderi y’igisahani ya DTH HD igura 3 000 Frw gusa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Startimes yagabanyije bikomeye igiciro cya dekoderi yayo kugira ngo buri wese arebe Euro 2020
9 June 2021, by Dusingizimana Remy -
Abakozi b’Ibitaro bya Nyanza n’ubuyobozi ntibahuza ku mafaranga yanyerejwe
19 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBamwe mu bakozi bo mu bitaro bya Nyanza basabwe kwishyura amafaranga y’agahimbazamushyi arenga militoni 20Frw, babwirwa ko ari umusoro witwa PBF . Bo bavuga ko amakosa yakozwe n’ushinzwe abakozi muri icyo kigo .
-
APR FC yakuriyeho ibihano Mamadou Sy na Dauda Seidu Yassif
31 October 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bwa APR FC bwahaye imbabazi abakinnyi babiri Mamadou Sy na Dauda Yussif, nyuma y’ibyumweru bitatu bahagaritswe ndetse bari gukorwaho iperereza.
-
Umunya muziki Roberta Flack yitabye Imana
25 February 2025, by ISIMBI EstellaRoberta Flack wari mu baririmbyi bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, wananditse amateka yo gutwara igihembo cya Grammy cy’indirimbo nziza y’umwaka inshuro ebyiri zikurikiranye, yitabye Imana ku myaka 88 y’amavuko.
-
NIYONSENGA XXX yasabye guhindurirwa amazina akitwa NIYONSENGA Djihad
2 April, by ISIMBI EstellaNIYONSENGA XXX yasabye guhindura amazina akitwa akitwa NIYONSENGA Djiad mu bitabo by’irangamimerere.
-
NYIRANDIMUBANZI Jeannette yasabye guhindurirwa amazina akitwa ISINGIZWE TETA JEANNETTE
10 February, by ISIMBI EstellaTuramenyesha ko NYIRANDIMUBANZI Jeannette yasabye guhindurirwa amazina akitwa ISINGIZWE TETA JEANNETTE mu bitabo byirangamimerere.
-
Kinshasa: Urukiko rwahishuye ko abasirikare n’abapolisi bibye banki
12 November 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa 11 Ugushyingo 2025 rwahishuye ko abasirikare n’abapolisi b’iki gihugu baherutse kwijandika mu bujura bwakorewe muri banki i Kinshasa.
-
Perezida Ramaphosa yasabye umuryango wa Afurika yunze ubumwe gufatanya mu kugarura amahoro mu karere
15 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yavuze ko Afurika ikomeje guhura n’ibibazo bikomeye by’umutekano n’intambara, asaba ingamba zihamye zo kugarura amahoro no kubahiriza ubutegetsi bugendera ku itegeko nshinga, mu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama y’Amahoro n’Umutekano ya Afurika Yunze Ubumwe.
-
U Bwongereza: Umwana w’imyaka 14 yajyanye mu nkiko ababyeyi be bamwohereje kwiga muri Ghana
6 November 2025, by ISIMBI EstellaUyu mwana w’imyaka 14 wo mu Bwongereza yatanze ikirego mu rukiko avuga ko yajyanywe muri Ghana muri Werurwe 2024 bamubwira ko agiye gusura umurwayi mu muryango bikarangira ari ho ajyanywe kwiga.
-
Rubavu: Imiryango isaga 480 y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ikeneye kubakirwa
10 April, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bwa IBUKA mu Karere ka Rubavu bwagaragaje ko mu bibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, harimo ibyo kubona amacumbi kuko hakiri imiryango 484 itarabasha gutuzwa.
Umuryango.rw
Abakozi b’Ibitaro bya Nyanza n’ubuyobozi ntibahuza ku mafaranga yanyerejwe
APR FC yakuriyeho ibihano Mamadou Sy na Dauda Seidu Yassif
Umunya muziki Roberta Flack yitabye Imana
NIYONSENGA XXX yasabye guhindurirwa amazina akitwa NIYONSENGA Djihad
Kinshasa: Urukiko rwahishuye ko abasirikare n’abapolisi bibye banki
Perezida Ramaphosa yasabye umuryango wa Afurika yunze ubumwe gufatanya mu kugarura amahoro mu karere
U Bwongereza: Umwana w’imyaka 14 yajyanye mu nkiko ababyeyi be bamwohereje kwiga muri Ghana
Rubavu: Imiryango isaga 480 y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ikeneye kubakirwa