Muri Kenya, umukobwa w’imyaka 24 yasanzwe yapfuye umurambo we wajugunywe mu gihuru kiri hafi y’iwabo mu rugo, ahitwa i Ngong, ariko agakayi yandikagamo gahunda ze z’umunsi gafasha Polisi kubona amakuru yerekeye urupfu rwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kenya: Polisi yatahuye ikishe umukobwa yifashishije agakayi yandikagamo gahunda z’umunsi we
28 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Icyamamare muri Bollywood, Saif Ali Khan, yatewe ibyuma n’umuntu wamwinjiranye iwe
16 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmukinnyi w’icyamamare muri Bollywood, Saif Ali Khan, yagiye mu bitaro amaze guterwa icyuma inshuro nyinshi nyuma n’umucengezi bivugwa ko yinjiye mu nzu ye akamugabaho igitero.
-
Minisitiri Marizamunda na Gen. Karuretwa bari muri Brésil
3 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’ingabo z’u Rwanda, Juvenal Marizamunda, ari muri Brésil aho ari kugirira uruzinduko rw’akazi ruzamara iminsi ine.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
9 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyasha abantu bose ko hatazangizwa ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa iherereye mu karere ka BUGESERA.
Soma itangazo rirambuye… -
Kinshasa: Hatanzwe umushinga w’itegeko rigira imirimo ya gisirikare itegeko
4 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmushinga w’itegeko rigira imirimo ya gisirikare itegeko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) washyikirijwe Inteko ishinga amategeko kugira ngo usuzumwe mu nama y’abadepite yo muri Werurwe 2025, nk’uko Ibiri Ntaramakuru bya Congo, ACP, byabimenye ku wa Gatatu, itariki ya 2 Mata 2025 bibikesha umwe mu bagize inteko ishinga amategeko.
-
Mbese Tshisekedi n’Umubiligi Prévot babaye aba nde wee!!!
21 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuTshisekedi ntiyifuza ko intambara yo muri Kivu zombi irangira; kuko irangiye abanye-Congo bamubaza ubukungu n’imiyoborere myiza yabemereye igihe bizazira byabura bakamukuraho.
-
Hahishuwe ibanga ry’uko Col. Bagosora Yapanze Kwikiza Habyarimana ngo Azice Abatutsi Nta Nkomyi
16 January 2020, by Martin MunezeroImyaka Igera Kuri 26 Ishize Habaye Jenoside Yakorewe Abatutsi, Hari Ibimenyetso Byinshi Bikomeje Kugaragara Bishimangira Ko Yari Yarateguwe, N’ubwo Hari Abakomeje Guhakana Ko Itabaye.
-
Kiyovu yigeze gusohora Mvukiyehe yamutumiye mu nama yo kuyigoboka
7 July 2025, by Joseph IradukundaMvukiyehe Juvenal wayoboye Kiyovu Sports hagati ya 2020 na 2023, akayivamo adacana uwaka na bamwe mu Bayovu yatumiwe mu nama idasanzwe y’iyi kipe igowe n’ibibazo by’ubukungu.
-
James Ransone wamamaye muri filime zirimo ’The Wire’ yapfuye yiyahuye
22 December 2025, by ISIMBI EstellaUmukinnyi wa filime, James Ransone, wamamaye muri ‘The Wire’ yakunzwe cyane, yapfuye yiyahuye.
-
MUNYANEZA Eugéne yasabye guhindura amazina akitwa RUTAGENGWA Eugéne
24 November 2025, by ISIMBI EstellaMUNYANEZA Eugéne yasabye guhindura amazina akitwa RUTAGENGWA Eugéne mu bitabo by’irangamimerere!
Umuryango.rw
Kenya: Polisi yatahuye ikishe umukobwa yifashishije agakayi yandikagamo gahunda z’umunsi we
Icyamamare muri Bollywood, Saif Ali Khan, yatewe ibyuma n’umuntu wamwinjiranye iwe
Minisitiri Marizamunda na Gen. Karuretwa bari muri Brésil
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
Kinshasa: Hatanzwe umushinga w’itegeko rigira imirimo ya gisirikare itegeko
Mbese Tshisekedi n’Umubiligi Prévot babaye aba nde wee!!!
Kiyovu yigeze gusohora Mvukiyehe yamutumiye mu nama yo kuyigoboka
James Ransone wamamaye muri filime zirimo ’The Wire’ yapfuye yiyahuye
MUNYANEZA Eugéne yasabye guhindura amazina akitwa RUTAGENGWA Eugéne