Umukinnyi wa filime w’Umunyarwanda wabigize umwuga mu Bwongereza, Ncuti Gatwa, yinjiye mu rutonde rw’abazatanga amajwi azumvikana muri ‘Bad Fairies’, filime nshya ya Warner Bros. Animation na Locksmith Animation.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ncuti Gatwa agiye guhurira muri filime na Cynthia Erivo wamenyekanye muri ‘Wicked’
10 November 2025, by ISIMBI Estella -
Sudani y’Epfo: Loni yambitse imidari y’ishimwe Ingabo z’u Rwanda
3 March, by Angeline MUKANGENZIIngabo z’u Rwanda (Rwanbatt-1) ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS) zambitswe imidali ya Loni mu rwego rwo kubashimira uruhare rwabo mu bikorwa byo kubungabunga amahoro.
-
Mozambique: Perezida Daniel Chapo yarahiye nyuma y’amatora atavugwaho rumwe
16 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Mutarama 2025, Daniel Chapo yarahiriye inshingano ze nka Perezida mushya wa Mozambique, mu gihe abatavuga rumwe n’ubutegetsi bakomeje imyigaragambyo bamagana ibyavuye mu matora.
-
Clare Akamanzi yabajije ikibazo gikomeye Perezida Tshisekedi bahuriye mu Busuwisi
18 January 2023, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi ubwo yari mu kiganiro i Davos mu Busuwisi yabajijwe ikibazo n’Umunyarwandakazi Clare Akamanzi uyobora RDB,ku mpamvu igihugu cye kitemera imikoranire n’abandi mu gukemura ikibazo cy’umutekano mu burasirazuba bw’igihugu.
Aha aba bombi bari mu nama y’ihuriro ry’abayobozi yiga ku bukungu iteraniye i Davos mu Busuwisi, kuri uyu wa Kabiri tariki 17 Mutarama 2023.
Akamanzi yagize ati “Niba ikibazo cy’umutekano ari imbogamizi kuri (…) -
Aho bamwe mu bahanzi nyarwanda ntibazagumirwa ko batandukana n’inkumi z’ikimero nta gihe gishize?
20 August 2017, by Iyamuremye JanvierAbahanzi n’abaririmbyi, abakinnyi ba filime, Abanyamideli n’abandi ni bamwe mu bantu bakurikirwa n’abantu benshi binyuze ku mbuga nkoranyambaga n’ amatsinda n’abo.
Ifoto cyangwa se ikindi kintu yakwandika ku rukuta runaka akoresha, yakirijwe amashimwe n’abakunzi icyo kintu batabarika. Mu bitekerezo bitangwa uzasanga higanjemo abifuza guhura nawe; abamubwira ko bamukunda; n’abandi banyurwa n’ibihangano cyangwa se ibindi bikorwa abakorera.
Ntabwo ndi umuhanga mu rukundo cyane ariko (…) -
Ihuriro FCC ryasabye Abanye-Congo kurwanya umugambi wa Leta wo gukurikirana Kabila
4 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro FCC ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryasabye Abanye-Congo kurwanya umugambi wa Leta wo gukurikirana Joseph Kabila mu butabera.
-
TikTok yigaramye ibyo kugurwa na Elon Musk
14 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuTikTok yahakanye amakuru avuga ko u Bushinwa bushobora kwemera kugurisha ibikorwa byayo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku munyemari Elon Musk, ivuga ko ari ‘ikinyoma’.
-
Ingabo za Uganda zishobora guhagarika ubutumwa zimazemo imyaka 19 muri Somalia
27 January, by Angeline MUKANGENZIUmuvugizi w’Igisirikare cya Uganda, Maj Gen Felix Kulayigye, yaciye amarenga ko ingabo z’iki gihugu zigiye guhagarika ubutumwa bwo kugarura amahoro zari zimazemo imyaka 19 muri Somalia ikunze kurangwamo n’intambara z’urudaca.
-
U Rwanda ruzatangira gupima Mburugu hifashishijwe uburyo bwa ‘rapid test’ mu 2026
6 August 2025, by Joseph IradukundaU Rwanda ruri mu myiteguro yo gutangiza uburyo bwo gupima mburugu butanga ibisubizo byihuse (rapid test) bitarenze mu ntangiriro za 2026.
-
Perezida Salva Kiir yashyizeho Umugaba Mukuru w’Ingabo mushya
11 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo ashyizeho Umugaba Mukuru w’Ingabo mushya, amusaba impinduka z’ingenzi.
Umuryango.rw
Ncuti Gatwa agiye guhurira muri filime na Cynthia Erivo wamenyekanye muri ‘Wicked’
Sudani y’Epfo: Loni yambitse imidari y’ishimwe Ingabo z’u Rwanda
Mozambique: Perezida Daniel Chapo yarahiye nyuma y’amatora atavugwaho rumwe
Clare Akamanzi yabajije ikibazo gikomeye Perezida Tshisekedi bahuriye mu Busuwisi
Ihuriro FCC ryasabye Abanye-Congo kurwanya umugambi wa Leta wo gukurikirana Kabila
TikTok yigaramye ibyo kugurwa na Elon Musk
Ingabo za Uganda zishobora guhagarika ubutumwa zimazemo imyaka 19 muri Somalia
U Rwanda ruzatangira gupima Mburugu hifashishijwe uburyo bwa ‘rapid test’ mu 2026
Perezida Salva Kiir yashyizeho Umugaba Mukuru w’Ingabo mushya