Abaturage batatu bo mu Karere ka Rutsiro bagiye kwiba amabuye y’agaciro ahantu yacukurwaga ariko hamaze amezi abiri hafunzwe, babura umwuka bahumeka barapfa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rutsiro: Batatu bagiye kwiba amabuye y’agaciro babura umwuka barapfa
20 October 2025, by ISIMBI Estella -
Umubyeyi wa Chriss Easy yitabye Imana
13 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi Chriss Easy ari mu gahinda ko gupfusha umubyeyi we (nyina)
-
FIFA Club World Cup: Inter Miami ya Messi yahagamwe na Al Ahly yo mu Misiri
15 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInter Miami ya Lionel Messi yananiwe gutsinda Al Ahly yo mu Misiri, mu mukino ubimburira indi mu y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe kiri kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
RGB yagaragaje ishusho y’imitangire ya serivisi mu myaka 31 u Rwanda rwibohoye
2 July 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, rwatangaje ko mu myaka 31 ishize u Rwanda rwibohoye, imitangire ya serivisi yihuse cyane kuko hashyizweho uburyo bw’ikoranabuhanga n’ubuyobozi bukegerezwa abaturage.
-
Kamonyi: Umuyobozi mu Kagari yafunzwe akekwaho kwakira ruswa y’ibihumbi 100 Frw
18 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi umukozi ushinzwe Iterambere n’Ubukungu (SEDO) mu Kagari ka Muganza mu Murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi witwa Shyaka Pascal, aho akurikiranyweho icyaha cyo gusaba no kwakira indonke.
-
Iran ishobora kwanga ko ibiganiro bizayihuza na Amerika bibera muri Turikiya
4 February, by ISIMBI EstellaAbayobozi ba Iran ntibashaka ko ibiganiro bizabahuza na bagenzi babo bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bizabera muri Turikiya nk’uko byari biteganyijwe.
-
Andrej Babis wabaye Minisitiri w’Intebe wa Tchèque yakubiswe inkoni y’icyuma mu mutwe
2 September 2025, by ISIMBI EstellaAndrej Babis wabaye Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Tchèque yajyanywe mu bitaro nyuma yo gukubitwa inkoni mu mutwe ubwo yari mu bikorwa byo kwitegura amatora ateganyijwe mu Ukwakira 2025
-
Macron na Putin bavuganye kuri telephone nyuma y’imyaka ibiri
2 July 2025, by Joseph IradukundaKu wa kabiri Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yavuganye kuri telefone na mugenzi we w’Uburusiya Vladimir Putin - bwa mbere mu gihe kirenga imyaka ibiri n’amezi atandatu cyari gishize.
-
Abanyarwanda 30 basoje amasomo y’imyuga n’ubumenyingiro mu Bushinwa
24 December 2025, by ISIMBI EstellaAbanyarwanda 30 batangiriye amasomo mu Ishuri Rikuru ry’Imyuga n’Ubumenyingiro (RP), Ishami rya Musanze, barangirije amasomo muri Kaminuza ya Jinhua University of Vocational Technology (JUVT) yo mu Bushinwa nyuma yo kumara umwaka umwe bahabwa ubumenyi bwisumbuye.
-
Se wa Elon Musk yamuburiye ku ntambara yishoyemo kuri Trump
7 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuSe wa Elon Musk, Errol Musk, yatangaje ko umuhungu we adashobora gutsinda intambara imuhanganishije na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Umuryango.rw
Rutsiro: Batatu bagiye kwiba amabuye y’agaciro babura umwuka barapfa
Umubyeyi wa Chriss Easy yitabye Imana
FIFA Club World Cup: Inter Miami ya Messi yahagamwe na Al Ahly yo mu Misiri
RGB yagaragaje ishusho y’imitangire ya serivisi mu myaka 31 u Rwanda rwibohoye
Kamonyi: Umuyobozi mu Kagari yafunzwe akekwaho kwakira ruswa y’ibihumbi 100 Frw
Iran ishobora kwanga ko ibiganiro bizayihuza na Amerika bibera muri Turikiya
Andrej Babis wabaye Minisitiri w’Intebe wa Tchèque yakubiswe inkoni y’icyuma mu mutwe
Macron na Putin bavuganye kuri telephone nyuma y’imyaka ibiri
Abanyarwanda 30 basoje amasomo y’imyuga n’ubumenyingiro mu Bushinwa
Se wa Elon Musk yamuburiye ku ntambara yishoyemo kuri Trump