Ibiro by’Umushinjacyaha Mukuru wa Mozambique byatangaje kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 18 Ugushyingo, ko byatanze ikirego cy’imbonezamubano kuri Venancio Mondlane, umukandida watsinzwe amatora ya perezida aheruka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Mondlane wateje imyigaragambyo yakurikiye amatora muri Mozambique yajyanwe mu nkiko
20 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Afurika y’Epfo: Abadepite basabiye Minisitiri w’Ingabo kwegura
5 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZAKu gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, Minisitiri wungirije w’Ingabo za Afurika y’Epfo, Angie Motshekga hamwe n’umwungirije Bantu Holomisa bitabye Inteko Ishinga Amategeko basobanura ku butumwa bw’ingabo zabo ziri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Iki kiganiro cyaranzwe n’impaka zikomeye ndetse n’uburakari bw’abadepite, batishimiye ukuntu ingabo zabo zirimo gupfa ku rugamba.
-
Ibiganiro byari gusiga Rio Tinto na Glencore byihuje byakubise igihwereye
6 February, by ISIMBI EstellaSosiyete y’Abongereza n’Abanya-Australia imaze imyaka 153 mu bikorwa bijyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro inakorera iyo mirimo mu Rwanda, Rio Tinto, yatangaje ko yahagaritse ibiganiro yari imazemo amezi na Glencore (GLEN.L) bigamije kwishyira hamwe, bityo ihagarika burundu uwo mushinga wari guhindura cyane isura y’ibi bigo bicukura amabuye y’agaciro ku rwego rw’Isi.
-
Abantu 23 bishwe n’ibisasu by’abiyahuzi muri Nigeria
17 March, by Angeline MUKANGENZIPolisi ya Nigeria yatangaje ko abantu 23 bapfuye abandi 108 barakomereka nyuma y’ibisasu bikekwa ko byaturikijwe n’abiyahuzi mu Mujyi wa Maiduguri uri mu majyaruguru ashyira Uburasirazuba bwa Nigeria.
-
Abakozi ba Air Canada banze kubahiriza itegeko rya Leta ribasaba gusubira mu kazi
18 August 2025, by ISIMBI EstellaAbakozi b’Ikigo cyo muri Canada gikora ubwikorezi bw’abantu n’ibintu mu kirere, Air Canada, banze gushyira mu bikorwa itegeko rya Leta ribategeka gusubira mu kazi, bashimangira ko bazakomeza imyigaragambyo yabo kugeza igihe gutaka kwabo kumvikanye.
-
Israel yemeje ko yishe Umuyobozi w’Inama y’Umutekano ya Iran
17 March, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ingabo wa Israel, Israel Katz, yatangaje ko Umunyamabanga w’Inama y’Umutekano ya Iran, Ali Larijani, yiciwe mu gitero cyagabwe i Tehran mu ijoro ryakeye.
-
RDC:Haravugwa Abasirikare bagera kuri 200 bateye urugo rwa Kabila i Lubumbashi
16 July 2025, by Joseph IradukundaAbasirikare benshi bo mu mutwe w’ingabo zirinda abayobozi bakuru (GR) bateye urugo rwa Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ruherereye i Lubumbashi mu ntara ya Haut-Katanga.
-
Abanyarwanda babangamiwe no kubwirwa ko umuceri wo muri Congo iyo urenze ikilo kimwe utakaza ubuziranenge
29 August 2017, by Nsanzimana ErnestAba baturage bari bavuye guhinga muri Congo, ifoto yafashwe tariki 25 Kanama 2017
Abanyarwanda baturanye n’ igihugu cya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo bavuga ko ubuyobvozi bwababujije kwinjiza mu Rwanda umuceri wo muri Congo urenze ikilo kimwe kuko uba udafite ubuziranenge.
Iyo ugeze ku mupaka uhuza u Rwanda na Congo uri mu karere ka Rusizi mu murenge wa Bugarama, uhahurira n’ urujya n’ uruza rw’ abavuga Ikinyarwanda n’ abavuga Igiswahili kivanze n’ igifaransa.
Abanyarwanda (…) -
Ubuzima bushaririye bw’Abagore bo muri RDC batewe inda n’abasirikare ba ONU
2 July 2025, by Joseph IradukundaKu ruzuba rumena agahanga, uyu mwana w’imyaka 12 wiswe Dimitri, aryikinze mu kazu gaciriritse k’amabati mu gace kitwa Birere mu mujyi wa Goma mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
-
Ubuzima Bw’Umuyobozi W’Ikirenga Wa Iran Buri Mu Kaga, harakekwa kurogwa
27 October 2024, by Joseph IradukundaAyatollah Ali Khamenei usanzwe ari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran aravugwaho uburwayi bukomeye ariko ntawamenya niba uburwayi bwe buterwa n’izabukuru cyangwa ari hari indi mpamvu yabuteye.
Umuryango.rw
Mondlane wateje imyigaragambyo yakurikiye amatora muri Mozambique yajyanwe mu nkiko
Afurika y’Epfo: Abadepite basabiye Minisitiri w’Ingabo kwegura
Ibiganiro byari gusiga Rio Tinto na Glencore byihuje byakubise igihwereye
Abantu 23 bishwe n’ibisasu by’abiyahuzi muri Nigeria
Abakozi ba Air Canada banze kubahiriza itegeko rya Leta ribasaba gusubira mu kazi
Israel yemeje ko yishe Umuyobozi w’Inama y’Umutekano ya Iran
RDC:Haravugwa Abasirikare bagera kuri 200 bateye urugo rwa Kabila i Lubumbashi
Ubuzima bushaririye bw’Abagore bo muri RDC batewe inda n’abasirikare ba ONU
Ubuzima Bw’Umuyobozi W’Ikirenga Wa Iran Buri Mu Kaga, harakekwa kurogwa