Nyuma yo gutandukana na Cash Warren; Jessica Alba wamamaye muri sinema i Hollywood, ari mu rukundo na Danny Ramirez nawe uri mu bakinnyi ba filime bafite izina rikomeye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Jessica Alba mu rukundo rushya nyuma ya gatanya
11 November 2025, by ISIMBI Estella -
Trump agiye kwirukana Abanya-Somalia ku butaka bwa Amerika
3 December 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump yasabye Abanya-Somalia batuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, gusubira aho baturutse kuko atabashaka muri iki gihugu.
-
Putin yiziritse kuri Donbas ya Ukraine
5 December 2025, by ISIMBI EstellaPerezida w’u Burusiya Vladimir Putin yatangaje ko Ingabo za Ukraine zigomba kuva mu gace ka Donbas kari mu burasirazuba bw’iki gihugu, cyangwa u Burusiya bukazagafata ku ngufu.
-
Abanyamahanga 240 baketsweho ibyaha bashyikirijwe ubutabera abandi basubizwa mu bihugu baturukamo
20 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu bihe bitandukanye mu itangazamakuru ryo mu Rwanda hagiye humvikana ikibazo cy’urugomo rukorwa n’urubyiruko rw’abanyamahanga baba mu Rwanda, aho banga kwishyura serivisi bahawe ahubwo bagahitamo kurwana. Polisi yavuze ko abarenga 240 bagejejwe mu butabera abandi basubizwa iwabo.
-
Perezida Kagame yakomoje ku kibazo cy’imyubakire gikomeje kuba ingutu
28 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yanenze abayobozi bo mu mujyi wa Kigali bakomeje kurangara ku kibazo cy’imyubakire aho bamwe bubaka ahatemewe ndetse n’inzu zubakiwe abantu bikarangira zibaguyeho.
Ibi yabigarutseho ubwo yahuraga n’abasaga 2000 bagize Itorero rya ba Rushingwangerero, rigizwe n’Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’utugari bose bo mu gihugu,mu muhango wabereye kuri Intare Conference Arena, i Rusororo.
Perezida Kagame yakomoje ku bibazo by’inzu zaguye mu murenge wa Kinyinya mu Mujyi wa Kigali, (…) -
Uganda : Hashyizweho igihano cy’urupfu kubaryamana bahuje ibitsina
3 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROInteko Ishinga Amategeko ya Uganda, kuri uyu wa Kabiri yatoye yemeza Itegeko rihana ubutinganyi, nyuma y’iminsi riri kuganirwaho.
-
Amb Bakuramutsa yasabye Isi guhagurukira abagihakana Jenoside
8 April, by Angeline MUKANGENZIAmbasaderi w’u Rwanda muri Koreya y’Epfo, Nkubito Bakuramutsa, yatangaje ko nyuma y’imyaka 32 Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe, hakigaragara abantu bahakana bakanapfobya Jenoside bakoresheje imbuga nkoranyambaga, kandi ko bagomba kurwanywa.
-
AMAFOTO utabonye ya Perezida Kagame ubwo yatahaga ingoro y’ amateka ya Jenoside yakorewe abatutsi
13 December 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda ahagana saa tanu z’amanywa kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Ukuboza 2017 yakiriye indahiro z’ abaminisitiri babiri bashya binjiye muri guverinoma y’ u Rwanda anataha kumugaragaro ingoro y’ amateka ya Jenoside yakorewe abatutsi.
-
Abasirikare ibihumbi 60 ba RDC biteguye kwisubiza ibice AFC/M23 igenzura
7 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yategetse ko mu burasirazuba bw’iki gihugu hoherezwa abasirikare ibihumbi 60 kugira ngo bajye kwambura ihuriro AFC/M23 ibice byose rigenzura.
-
MINICOM yavuze impamvu hagabanyirijwe ibiciro ibiribwa bike inamara impungenge abacuruzi ku bihombo
21 April 2023, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubucuruzi n;inganda, Dr Ngabitsinze Jean Chrysostome yatangaje ko abacuruzi bafite ububiko bw’ibicuruzwa byagabanyirijwe ibiciro batazahomba kuko hazasuzumwa uko baranguye bakagabanyirizwa umusoro.
Ibi yabivuze ubwo bamwe mu bagize Guverinoma baganiraga n’abanyamakuru kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Mata 2023,ku mpamvu leta yashingiyeho imanura igiciro bya bimwe mu biribwa igasiga ibindi, n’ibyerekeye gusonerwa imisoro ku bicuruzwa bimwe na bimwe.
Dr. Ngabitsinze yavuze ko (…)
Umuryango.rw
Jessica Alba mu rukundo rushya nyuma ya gatanya
Trump agiye kwirukana Abanya-Somalia ku butaka bwa Amerika
Putin yiziritse kuri Donbas ya Ukraine
Abanyamahanga 240 baketsweho ibyaha bashyikirijwe ubutabera abandi basubizwa mu bihugu baturukamo
Perezida Kagame yakomoje ku kibazo cy’imyubakire gikomeje kuba ingutu
Uganda : Hashyizweho igihano cy’urupfu kubaryamana bahuje ibitsina
Amb Bakuramutsa yasabye Isi guhagurukira abagihakana Jenoside
Abasirikare ibihumbi 60 ba RDC biteguye kwisubiza ibice AFC/M23 igenzura
MINICOM yavuze impamvu hagabanyirijwe ibiciro ibiribwa bike inamara impungenge abacuruzi ku bihombo