Umunyemari Elon Musk yatangaje ko ari gutegura uburyo yagabanya inshingano yari afite mu rwego rushinzwe kugabanya amafaranga leta ya Amerika ikoresha (DOGE), kugira ngo yite ku kigo cye cya Tesla nyuma y’uko gikomeje kugaragaza umusaruro nkene.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Musk agiye kugabanya inshingano ze mu butegetsi bwa Amerika, yite kuri Tesla
23 April 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Menya amakuru y’Insengero zisaga 40 mu zari zafunzwe mu Rwanda zemerewe kongera gukora
30 October 2024, by Joseph IradukundaUrwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatangaje ko insengero 44 zimaze gufungurwa mu nsengero 9,800 zari zarafunzwe kubera kutuzuza ibisabwa.
-
Kenya: Umuryango w’umusirikare washimuswe na Al-Shabaab watakambiye Perezida Ruto
22 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuryango w’umusirikare wa Kenya witwa Abdullahi Issa Ibrahim, wafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa Al-Shabaab muri Somalia, wasabye Perezida William Ruto kumutabara kuko ubuzima bwe buri mu kaga.
-
U Rwanda rufite ibyuma bifite ubushobozi bwo gukonjesha inkingo zose za COVID-19
14 January 2021, by Dusingizimana RemyIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) kivuga ko kugeza ubu u Rwanda rufite ibyuma bikonjesha bifite ubushobozi bwo kubika ubwoko bwose bw’inkingo za COVID19 zimaze gukorwa n’ibihugu binyuranye.
-
Muhanga: Umuturage yafashwe yaravanze urumogi n’ibishyimbo mu murima
27 December 2024, by Joseph IradukundaNgendakumana Vénuste yarezwe na bagenzi be ko yahinze urumogi mu murima w’ibishyimbo uri munsi y’urugo rwe.
-
Bénin yaburijemo Coup d’État ,ifungwa batatu bacyekwaho gucura umugambi wo kuyikora
26 September 2024, by Joseph IradukundaAbagabo batatu muri Bénin, barimo uwahoze ari minisitiri n’umugabo ushinzwe umutekano wa Perezida Patrice Talon, batawe muri yombi bacyekwaho gucura umugambi wo kumuhirika, nkuko umushinjacyaha wa leta yabivuze.
-
U Bufaransa bugiye gufata abakekwaho Jenoside bakibwihishemo
7 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, yavuze ko Igihugu ayoboye kigiye gushyira imbaraga nyinshi mu guta muri yombi abakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
M23 yatangiye kugera ku byifuzo byayo byo kuganira na Leta ya RDC
13 December 2022, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa 13 Ukuboza 2022,Umutwe wa M23 washyize hanze itangazo riragaragaza ko yakiriye intumwa za FARDC, iz’umuryango wa EAC n’itsinda rishinzwe kugenzura umutekano wo ku mipaka mu karere k’ibiyaga bigari (EJVM), iz’urwego rushinzwe iperereza n’intumwa za misiyo ya Loni ifite inshingano zo kubungabunga amahoro mu RDC.
Lawrence Kanyuka, umuvugizi wa politiki wa M23 yasobanuye ko bakiriye izi ntumwa i Kibumba ku wa mbere tariki 12 Ukuboza 2022 kandi ngo bakagirana ibiganiro mu mahoro. (…) -
Amerika: Umunyarwanda yafunzwe agerageza guhisha uruhare rwe muri Jenoside
17 June 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko Rukuru rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Ohio rukurikiranyeho ibyaha bitatu umunyarwanda Vincent Nzigiyimfura usanzwe atuye Dayton, Ohio.
-
Canada: Abisabira kwicwa ku bushake bageze kuri 4.7% by’imfu zose
12 December 2024, by Joseph IradukundaIgipimo cy’abapfa ku bushake babifashijwemo n’abaganga – ibizwi nka euthanasia – cyarazamutse muri Canada mu myaka itanu ishize, nubwo ubu kirimo kugenda buhoro muri rusange.
Umuryango.rw
Musk agiye kugabanya inshingano ze mu butegetsi bwa Amerika, yite kuri Tesla
Menya amakuru y’Insengero zisaga 40 mu zari zafunzwe mu Rwanda zemerewe kongera gukora
Kenya: Umuryango w’umusirikare washimuswe na Al-Shabaab watakambiye Perezida Ruto
U Rwanda rufite ibyuma bifite ubushobozi bwo gukonjesha inkingo zose za COVID-19
Muhanga: Umuturage yafashwe yaravanze urumogi n’ibishyimbo mu murima
Bénin yaburijemo Coup d’État ,ifungwa batatu bacyekwaho gucura umugambi wo kuyikora
U Bufaransa bugiye gufata abakekwaho Jenoside bakibwihishemo
M23 yatangiye kugera ku byifuzo byayo byo kuganira na Leta ya RDC
Amerika: Umunyarwanda yafunzwe agerageza guhisha uruhare rwe muri Jenoside
Canada: Abisabira kwicwa ku bushake bageze kuri 4.7% by’imfu zose