Ikusanyabitekerezo ryakozwe n’Ikigo YouGov ryagaragaje ko nibura 27% by’Abanyamerika bafite ubwoba ko intambara ishobora kwaduka nyuma y’amatora azaba mu Ugushyingo uyu mwaka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Hafi kimwe cya gatatu cy’abanyamerika bafite ubwoba bw’intambara nyuma y’amatora
26 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Muri Tanzania bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu
29 October 2025, by ISIMBI EstellaKuri uyu wa Gatatu abaturage ba Tanzania bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu asiga hamenyakanye Perezida ugiye kuyobora icyo gihugu muri manda y’imyaka itanu iri imbere.
-
Sheikh Bahame umuhuzabikorwa wa Gitagata, urukiko rwategetse ko afungurwa by’agateganyo
13 January, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rw’Ibanze rwa Nyamata rwategetse ko Umuhuzabikorwa w’Ikigo Ngororamuco cya Gitagata, Sheikh Bahame Hassan afungurwa by’agateganyo kubera ko nta mpamvu zikomeye zituma akekwaho ibyaha akurikiranyweho.
-
Uganda iteganya guhuriza ibihugu by’akarere mu nama yiga ku mutekano wa RDC
18 December 2025, by ISIMBI EstellaUganda iri guteganya guhuriza abahagarariye ibihugu byo mu Karere mu nama yiga ku mutekano wo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Kaneza Kellia Lagloire yegukanye ikamba rya Miss Burundi(Amafoto)
26 July 2025, by Joseph IradukundaKaneza Kellia Lagloire yegukanye ikamba rya Miss Burundi mu 2025, nyuma y’imyaka ibiri iri rushanwa ryari rimaze ritaba; mu birori byitabiriwe n’Umugore wa Perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye.
-
Israel idashaka uyibuza kurwanya umwanzi yakajije umurego mu ntambara
27 September 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yabwiye igisirikare cy’iki gihugu gukomeza kurwanya n’ingufu zose umutwe witwaje intwaro wa Hezbollah, n’ubwo Amerika n’abandi bafatanyabikorwa basabye ko bahagarika imirwano.
-
Sudani: Abasirikare batandatu bari mu butumwa bw’amahoro bwa Loni bishwe
16 December 2025, by ISIMBI EstellaAbasirikare batandatu b’Abanya-Bangladesh bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Sudani buzwi nka UNISFA biciwe mu gitero cyagabwe na drones, abandi umunani barakomereka.
-
DRC: Umusirikare yiciye abaturage batatu mu rusengero
13 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmusirikare wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zirwanira mu mazi ziba mu kigo cya Banana giherereye muri teritwari ya Muanda mu ntara ya Kongo-Central, yiciye abaturage batatu mu rusengero.
-
Bimwe mu byatunguye Cardinal Kambanda n’abandi bitabiriye itorwa rya Papa Léon XIV
10 May 2025, by Angeline MUKANGENZIAntoine Cardinal Kambanda wabaye umunyarwanda wa mbere watoye Papa, yatangaje ko itorwa ya Papa Léon XIV, ryatunguranye anamugaragaza nk’umushumba utanga icyizere.
-
MBEREYINKA MUNYANGEYO yasabye guhindura amazina akitwa NKOMEZA FRANCOIS TWIZERE
17 October 2024, by UbwanditsiUwitwa MBEREYINKA MUNYANGEYO yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa NKOMEZA FRANCOISTWIZERE mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina n’izina ni uguhuza ibyangombwa……
Umuryango.rw
Hafi kimwe cya gatatu cy’abanyamerika bafite ubwoba bw’intambara nyuma y’amatora
Muri Tanzania bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu
Sheikh Bahame umuhuzabikorwa wa Gitagata, urukiko rwategetse ko afungurwa by’agateganyo
Uganda iteganya guhuriza ibihugu by’akarere mu nama yiga ku mutekano wa RDC
Kaneza Kellia Lagloire yegukanye ikamba rya Miss Burundi(Amafoto)
Israel idashaka uyibuza kurwanya umwanzi yakajije umurego mu ntambara
Sudani: Abasirikare batandatu bari mu butumwa bw’amahoro bwa Loni bishwe
DRC: Umusirikare yiciye abaturage batatu mu rusengero
Bimwe mu byatunguye Cardinal Kambanda n’abandi bitabiriye itorwa rya Papa Léon XIV