Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yareze Candace Owen mu rukiko rwa Delaware muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, amushinja gukwirakwiza ibinyoma by’uko umugore we, Brigitte Macron, ari umugabo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Macron yareze Candace Owen wise umugore we umugabo
24 July 2025, by ISIMBI Estella -
Ihomba rya Tesla ya Elon Musk haraho ryaba rihuriye na Perezi Trump?
25 April 2025, by ISIMBI EstellaMu gihe Elon Musk ataka igihombo gikabije ndetse akaba yafashe umwanzuro wo kugabanya umwanya yageneraga imirimo yahawe muri politiki, hari ibigaragaza ko politiki ya Donald Trump iri kugira uruhare mu gusubiza ku isuka uyu muherwe.
-
Trump yamaganye igitero Israel yagabye kuri Qatar
10 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanenze Israel yagabye igitero kuri Qatar kigamije kwivugana abayobozi b’umutwe wa Hamas bari i Doha.
-
Muhoozi yongeye kurikoroza ubwo yavugaga ko abagore badafite “Nyash” babyara abana b’ibigoryi
23 January, by Angeline MUKANGENZIUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba yatanze igitekerezo gisa no gutebya agaragaza ko abagore badafite amabuno manini azwi cyane muri iyi minsi nka ‘nyash’ ngo babyara abana ‘b’ibigoryi’.
-
U Rwanda rugiye kongera kwakira Irushanwa rya Billie Jean King Cup rizahuza ibihugu 12
24 June 2025, by ISIMBI EstellaGuhera tariki ya 14 kugeza ku ya 19 Nyakanga 2024, mu Rwanda hazabera imikino ya Tennis ya ‘Billie Jean King Cup’, izitabirwa n’ibihugu 12 mu bari n’abategarugori.
-
Haravugwa icyateye Umusirikare wa FARDC kubyuka arasa urufaya rw’amasasu muri bagenzi be
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmusirikare umwe mu gisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yarashe amasasu menshi muri bagenzi be, yicamo babiri, abandi icyenda (9) barakomereka bikabije, aho bivugwa ko yabitewe n’ubusinzi.
-
Tanzania ishobora gukurwa mu Gikombe cya Afurika cya 2025
22 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’Igihugu ya Tanzania ishobora guterwa mpaga ku mukino iheruka gutsindamo Guinée 1-0, ibi bikaba byatuma ibura itike iyerekeza mu irushanwa riruta ayandi ku Mugabane wa Afurika rizabera muri Maroc umwaka utaha.
-
inkuru y’ubujura bw’indirimbo za Eminem yaje kuba impamo
20 March 2025, by ISIMBI Estellainkuru y’ubujura kuwahoze ari mukozi wa eminem yaje kuba impamo
iyi nkuru y’ubujura yamenyekanye myuma y’uko abakozi ba studio ya Eminem, ihereye muri Ferndale,Michian,babonye indirimbo zitarasohoka z’uyu muraperi ziri gucicikana ku mbuga koranyambaa nka Reddit na YouTube. -
Trump ageze mu ntasi za Amerika mu kwirukana abakozi
3 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbutegetsi bwa Trump burateganya kugabanya abakozi bakora mu Rwego rw’Igihugu rw’Iperereza, CIA, no mu zindi nzego z’ubutasi muri gahunda ikomeje y’amavugurura muri guverinoma.
-
Abanyeshuri bo muri Sudani baje kurangiriza amasomo yabo i Kigali bahishuye icyo biteze
3 August 2023, by Dusingizimana RemyAbanyeshuri 200 bo muri Sudan biga ibijyanye n’ubuvuzi bagiye gukomereza amasomo yabo muri Kaminuza y’u Rwanda,kubera ko batashoboraga kwiga kubera intambara ibera mu gihugu cyabo.
Umuryango.rw
Perezida Macron yareze Candace Owen wise umugore we umugabo
Ihomba rya Tesla ya Elon Musk haraho ryaba rihuriye na Perezi Trump?
Trump yamaganye igitero Israel yagabye kuri Qatar
Muhoozi yongeye kurikoroza ubwo yavugaga ko abagore badafite “Nyash” babyara abana b’ibigoryi
U Rwanda rugiye kongera kwakira Irushanwa rya Billie Jean King Cup rizahuza ibihugu 12
Haravugwa icyateye Umusirikare wa FARDC kubyuka arasa urufaya rw’amasasu muri bagenzi be
Tanzania ishobora gukurwa mu Gikombe cya Afurika cya 2025
inkuru y’ubujura bw’indirimbo za Eminem yaje kuba impamo
Trump ageze mu ntasi za Amerika mu kwirukana abakozi
Abanyeshuri bo muri Sudani baje kurangiriza amasomo yabo i Kigali bahishuye icyo biteze