Mivumbi Joseph w’imyaka 68 wo mu Murenge wa Nzahaha, Akarere ka Rusizi umuryango we uvuga ko hari hashize amezi 3 waramubuze, umurambo we ukaba wasanzwe mu cyobo kiri muri kimwe mu byumba by’inzu ya Mukasharangabo Théodette nyakwigendera yahoze akorera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rusizi:Umurambo w’umusaza wasanzwe mu cyobo mu nzu y’uwo yakoreraga
4 February, by Angeline MUKANGENZI -
Perezida Kagame yahuye n’Igikomangoma cya Jordan
12 November 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame uri Baku muri Azerbaijan mu Nama ya Loni yiga ku mihindagurikire y’ibihe (COP29), yabonanye n’Igikomangoma cya Jordan Al Hussein bin Abdullah.
-
DOGE ya Trump na Elon Musk iri mu marembera
24 November 2025, by ISIMBI EstellaDOGE, urwego rwashyizweho na Perezida Trump rugahabwa inshingano zo kugabanya amafaranga akoreshwa mu nzego za Leta rwarasenyutse, mu gihe haburaga amezi umunani ngo manda yarwo irangire.
-
Bwa mbere Abatalibani bagiriye uruzinduko rwa dipolomasi mu Buyapani
18 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuItsinda ry’Abatalibani bayoboye Afghanistan ryageze mu Buyapani mu ruzinduko rwa dipolomasi, biba ubwa mbere iri tsinda rigiriye muri iki gihugu cyo muri Aziya y’Iburasirazuba.
-
Abderrahim Taleb yagizwe umutoza mushya wa APR FC
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, ikipe ya APR FC yatangaje ko Umunya-Maroc Abderrahim Taleb w’imyaka 61 y’amavuko ariwe mutoza wayo mushya mu gihe cy’imyaka ibiri ishobora kongerwa.
-
FIFA yashyizeho igihe kidasanzwe cyo kwandikisha abakinnyi mbere y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe
23 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryemeje ko kuva tariki ya 1 kugeza ku ya 10 Kamena 2025, hazabaho igihe kidasanzwe cyo kwandikisha abakinnyi ku makipe azitabira Igikombe cy’Isi cy’Amakipe kizaba mu mpeshyi y’uyu mwaka.
-
Umukuru w’Ingabo za RSF Arashinja Misiri Kurasa ku Ngabo ze
10 October 2024, by Joseph IradukundaMuri Sudani, umuyobozi w’umutwe witwara gisirikare wa Rapid Support Forces, RSF, Mohamed Hamdan Dagalo, ejo kuwa gatatu yashinje igihugu cya Misiri kuba cyaragize uruhare mu bitero by’indege ku birindiro by’uyu mutwe. Yabivuze muri videwo yafashwe kuri uyu wa gatatu.
Dagalo yanashinje Misiri gutanga imyitozo ya gisirikare no guha za drone abasilikare ba Sudani mu gihe iki gihugu gikomeje kwibasirwa n’intambara hagati z’izi ngabo na RSF.
Hagati aha kandi, uyu muyobozi wa RSF, uzwi (…) -
King Saha yabwahyuje abahuje igitaramo cye no kwamamaza Bobi Wine
19 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi uri mu bakunzwe mu gihugu cya Uganda King Saha, yahakanye amakuru y’abahuza igitaramo cye afite mu mpera z’iki cyumweru n’ibikorwa byo kwamamaza umukandida ku mwanya wa Perezida Bobi Wine, ashyigikiye urimo kwiyamamaza .
-
Abahanga basaba abakundana kwitegura no kumenyana neza mbere yo kubana mu gihe gatanya zikomeje kwiyongera
27 January, by ISIMBI EstellaAbahanga mu by’imibanire y’abantu n’ubuzima bwo mu mutwe bavuga ko kwitegura nabi no kutamenyana neza hagati y’umugabo n’umugore ari imwe mu mpamvu nyamukuru zitera gatanya kubashakanye.
-
Khalid yatunguranye avuga ko aryamana n’abagabo bagenzi be
25 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi Khalid Donnel Robinson [Khalid] wamamaye mu njyana zirimo ’R&B’ na ‘Pop’ muri Amerika no ku isi yose, yatunguranye atangaza ko aryamana n’abagabo bagenzi be.
Umuryango.rw
Rusizi:Umurambo w’umusaza wasanzwe mu cyobo mu nzu y’uwo yakoreraga
Perezida Kagame yahuye n’Igikomangoma cya Jordan
DOGE ya Trump na Elon Musk iri mu marembera
Bwa mbere Abatalibani bagiriye uruzinduko rwa dipolomasi mu Buyapani
Abderrahim Taleb yagizwe umutoza mushya wa APR FC
FIFA yashyizeho igihe kidasanzwe cyo kwandikisha abakinnyi mbere y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe
Umukuru w’Ingabo za RSF Arashinja Misiri Kurasa ku Ngabo ze
King Saha yabwahyuje abahuje igitaramo cye no kwamamaza Bobi Wine
Abahanga basaba abakundana kwitegura no kumenyana neza mbere yo kubana mu gihe gatanya zikomeje kwiyongera
Khalid yatunguranye avuga ko aryamana n’abagabo bagenzi be