Kuri uyu wa 22 Mutarama 2026, igipolisi cya Uganda cyatangaje ko cyafunze umudepite Muwanga Kivumbi, akaba ari visi perezida w’ishyaka rikomeye ritavuga rumwe n’ubutegetsi, National Unity Platform (NUP), ku mpamvu zo gukekwaho kugira uruhare mu bikorwa by’urugomo byabaye nyuma y’amatora ya perezida yo ku wa 15 Mutarama, byahitanye nibura abantu barindwi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uganda: Umudepite wo mu ishyaka rya Bobi Wine yatawe muri yombi
22 January, by Angeline MUKANGENZI -
RDF igiye kwinjiza amaraso mashya, menya ibisabwa
26 January 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ ingabo z’ u Rwanda bwatangaje ko bugiye kwinjiza mu gisirikare abifuza kujya mu byiciro bitatu bitandukanye birimo abasirikare bato, abifuza kuba abofisiye nyuma y’ imyaka itatu n’ abifuza kuba abofisiye nyuma y’ umwaka umwe.
Nk’ uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na RDF abifuza kwinjira mu gisirikare cy’ u Rwanda baziyandikisha ku biro by’ uturere twabo guhera tariki 1 kugeza tariki 26 Gashyantare uyu mwaka.
Uwifuza kujya mu ngabo z’ u Rwanda mu basirikare (…) -
Uwayoboye Rayon yashyize hanze ukuri ku isezera ry’abahoze mu buyobozi bwayo
5 March, by ISHIMWE Jean de DieuUwahoze ari Perezida wa Rayon Sports F.C, Uwayezu Jean Fidèle, yashyize amabanga hanze asobanura impamvu bamwe mu bakoranaga na we batakomeje inshingano zabo, anahakana abavugaga ko bananiwe gukorana, ahubwo ko babaga bafite impamvu zumvikana.
-
Diarra na Boissy bamenye amakipe bazakinira muri NBA Summer League
2 July 2025, by ISIMBI EstellaAliou Diarra wa APR BBC azakinira Dallas Mavericks mu gihe Jean Jacques Boissy wa REG BBC azaba ari muri Milwaukee Bucks, mu mikino ya NBA Summer League iteganyijwe tariki ya 10 kugeza ku ya 20 Nyakanga 2025 i Las Vegas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika
-
U Bwongereza bwasezeranije Ukraine gukuba kabiri inkunga bwayihaga
21 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yasabye Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Sir Keir Starmer , ubufasha bwo kubasabira ikurwaho ry’amategeko abuza Ukraine gukoresha intwaro zitangwa n’ibihugu by’iburengerazuba.
-
Ishyaka UPRONA ryashinje Leta y’u Burundi kwimika ubujiji
20 May 2025, by Angeline MUKANGENZIIshyaka UPRONA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi ryashinje CNDD-FDD ya Perezida Evariste Ndayishimiye guha akazi abanyamuryango gusa, rititaye ku bumenyi bukenewe kugira ngo igihugu gitere imbere.
-
Martin Fayulu yibasiye Perezida Tshisekedi wagaragaye nk’umukinnyi wa Ruhago
4 December 2024, by Joseph IradukundaUmunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC, yibasiye Perezida Félix Antoine Tshisekedi nyuma yo kugaragara akina mu izamu.
-
Tunisia: Abantu 18 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato
19 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInzego zishinzwe umutekano muri Tunisia, zatangaje ko abantu 18 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato bwari butwaye abimukira, bava muri Afurika berekeza mu Burayi banyuze mu Nyanja ya Méditerranée.
-
U Rwanda na Australia mu biganiro byo gwagura ubucuruzi n’ishoramari
15 August 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, uri mu Mujyi wa Adelaide muri Australia, yagiranye ibiganiro na Minisitiri wungirije w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubucuruzi w’icyo gihugu Matt Thistlethwaite.
-
Ni nyina wamushutse– Se wa Doja Cat yahakanye ibyo kumubera umubyeyi gito
23 March, by ISIMBI EstellaKu mbuga nkoranyambaga umuriro ukomeje kwaka hagati ya Doja Cat na se, Dumisani Dlamini nyuma y’igitaramo uyu mukobwa yakoreye muri Afurika y’Epfo akahava ashinja se kuba umubyeyi gito.
Umuryango.rw
Uganda: Umudepite wo mu ishyaka rya Bobi Wine yatawe muri yombi
Uwayoboye Rayon yashyize hanze ukuri ku isezera ry’abahoze mu buyobozi bwayo
Diarra na Boissy bamenye amakipe bazakinira muri NBA Summer League
U Bwongereza bwasezeranije Ukraine gukuba kabiri inkunga bwayihaga
Ishyaka UPRONA ryashinje Leta y’u Burundi kwimika ubujiji
Martin Fayulu yibasiye Perezida Tshisekedi wagaragaye nk’umukinnyi wa Ruhago
Tunisia: Abantu 18 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato
U Rwanda na Australia mu biganiro byo gwagura ubucuruzi n’ishoramari
Ni nyina wamushutse– Se wa Doja Cat yahakanye ibyo kumubera umubyeyi gito