Umunyamakuru wakoreraga Radio/Tv10, Pascal Habababyeyi, yitabye Imana. Yakoraga muri weekend nk’umwe mu basesengura amakuru yaranze icyumweru.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Habababyeyi Pascal wakoreraga TV10 yitabye Imana
21 December 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ukraine ihangayikishijwe n’uko ’drones’ zikomeje kuyibana iyanga
9 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cya Ukraine gihangayikishijwe n’ikibazo cy’ubuke bw’indege zitagira abapilote (drones) ugereranyije n’izo bakeneye mu ntambara bahanganyemo n’u Burusiya.
-
Perezida wa Angola yageze mu Rwanda kwitabira inama izabera i Gatuna [AMAFOTO]
20 February 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa Angola João Lourenço yageze i Kigali aho yitabiriye inama y’ibihugu bine byiga ku kuzahura umubano w’u Rwanda na Uganda izabera i Gatuna ku mupaka uhuza ibihugu byombi kuri uyu wa Gatanu.
-
Padiri Sibomana Venuste yapfuye ari gukora siporo
12 March 2019, by Dusingizimana RemyPadiri Sibomana Venuste wo muri Paruwasi ya Magi muri Diyoseze ya Butare yitabye Imana ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere Taliki ya 11 Werurwe 2019 ubwo yari muri siporo.
-
Zabyaye amahari hagati ya Gen Muhoozi na Lt Gen Elwelu
19 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangiye kugaba ibitero kuri Lt Gen Peter Elwelu usanzwe ari umwungiriza we.
-
Kicukiro: Yafatanywe udupfunyika 207 tw’urumogi
20 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuHaragirimana Jean Claude w’imyaka 29 yafatiwe mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali,afite udupfunyika 207 tw’urumogi.
-
Mali irashinja Ukraine guha drones inyeshyamba zirwanya ubutegetsi
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUkraine yahakanye ibivugwa ko yahaye indege za drones inyeshyamba zirwana n’Ingabo za Mali hamwe n’abacanshuro bashyigikiwe n’u Burusiya .
-
Abanyamahanga batatu bafungiwe i Kigali kubera ubucuruzi bw’amafaranga butemewe
23 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abagabo batatu b’abanyamahanga bakurikiranyweho ubucuruzi bw’amafaranga butemewe, nubwo ubwenegihugu bwabo butatangajwe.
-
Indorerezi za AU zemeje ko amatora muri Tanzania atakurikije amahame ya Demokarasi
6 November 2025, by ISIMBI EstellaIndorerezi z’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), zatangaje ko amatora yabaye muri Tanzania tariki 29 Ukwakira 2025, atakurikije amahame ya demokarasi ajyanye n’ubwisanzure mu matora, ndetse yahise
-
Sud Kivu: Hongeye kuba imirwano hagati ya Wazalendo n’abarwanyi ba AFC/M23
14 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmakuru aturuka muri Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga ko hari uduce twongeye kurangwamo imirwano hagati ya Wazalendo na AFC/M23.
Umuryango.rw
Habababyeyi Pascal wakoreraga TV10 yitabye Imana
Ukraine ihangayikishijwe n’uko ’drones’ zikomeje kuyibana iyanga
Zabyaye amahari hagati ya Gen Muhoozi na Lt Gen Elwelu
Kicukiro: Yafatanywe udupfunyika 207 tw’urumogi
Mali irashinja Ukraine guha drones inyeshyamba zirwanya ubutegetsi
Abanyamahanga batatu bafungiwe i Kigali kubera ubucuruzi bw’amafaranga butemewe
Indorerezi za AU zemeje ko amatora muri Tanzania atakurikije amahame ya Demokarasi
Sud Kivu: Hongeye kuba imirwano hagati ya Wazalendo n’abarwanyi ba AFC/M23