Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Israel yategetse abadipolomate n’imiryango yabo kuva byihuse muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu kubera ibitero bya Hamas, Iran na Hezbollah bishobora kubagabwaho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Israel yategetse abadipolomate bayo muri UAE guhunga ibitero
1 August 2025, by ISIMBI Estella -
Umukobwa w’imyaka 17 yishwe azira kwanga kurongorwa n’umusaza w’imyaka 55
28 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Kenya, umukobwa w’imyaka 17 witwa Gaala Aden Abdi, wabaga mu nkambi y’impunzi ya Dadaab, yishwe urupfu rubi, umurambo we uratwikwa nyuma yo kwanga gushyingirwa ku ngufu n’umugabo umuruta cyane, ufite imyaka 55.
-
Pakistan yagerageje missile ballistique mu gihe intambara n’u Buhinde ikomeje gututumba
4 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cya Pakistan cyavuze ko iryo gerageza ryari rigamije kureba niba “ingabo ziteguye gusubiza ikibazo cyose no kwemeza ibipimo by’ingenzi bya tekiniki.”
-
Iran yasabye abaturage bayo kureka gukoresha WhatsApp
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta ya Iran yasabye abaturage bayo gusiba porogaramu ya WhatsApp muri telefone zabo, aho ishinja uru rubuga gukoreshwa na leta ya Israel mu kuneka amakuru y’abaturage ba Iran, nubwo nta bimenyetso bifatika yatanze.
-
Ideni ry’u Bufaransa ryiyongeraho 5000€ buri segonda
6 August 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, François Bayrou, yasabye abaturage gushyigikira gahunda ye yo kugabanya amafaranga Leta isohora, ababurira ko ideni ry’igihugu ryiyongeraho ibihumbi 5€ buri segonda, akavuga ko hatagize igikorwa, kugenzura iri deni byazarushaho kugorana mu myaka iri imbere.
-
Minisitiri Nduhungirehe yashimangiye ko u Rwanda ari igihugu cyorohereza abashaka gushora imari
15 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje icyizere cy’uko ibihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba bizateza imbere ubucuruzi n’ishoramari hagati yabyo n’u Bushinwa, ashimangira ko u Rwanda ari igihugu cyakira neza abashoramari n’abashaka gukora ubucuruzi.
-
Abdel Aziz wayoboye Mauritania yakatiwe gufungwa imyaka 15
15 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rwo muri Mauritania ku wa 13 Gicurasi 2025 rwongereye igifungo cyakatiwe Mohamed Ould Abdel Aziz wayoboye iki gihugu, kigera ku myaka 15 nyuma yo kuburana ubujurire.
-
Ramaphosa yaciye amarenga y’uko yaba agiye gucyura ingabo za SANDF ziri muri RDC
7 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo, ku wa Kane yaciye amarenga y’uko iki gihugu cyaba kigiye gucyura abasirikare bacyo bari mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Vestine yashimiye abakomeje kumufasha mu myiteguro y’ubukwe
24 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuririmbyi Ishimwe Vestine, uzwi mu itsinda rya Vestine na Dorcas, yashimiye abakomeje kumufasha mu myiteguro y’ubukwe bwe.
-
Nduhungirehe yanenze uwahinduye igisobanuro cy’ifoto y’intumwa z’u Rwanda n’iza RDC
21 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yanenze umunyamakuru wahinduye igisobanuro cy’ifoto y’abayobozi bo mu Rwanda n’abo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Umuryango.rw
Israel yategetse abadipolomate bayo muri UAE guhunga ibitero
Umukobwa w’imyaka 17 yishwe azira kwanga kurongorwa n’umusaza w’imyaka 55
Pakistan yagerageje missile ballistique mu gihe intambara n’u Buhinde ikomeje gututumba
Iran yasabye abaturage bayo kureka gukoresha WhatsApp
Ideni ry’u Bufaransa ryiyongeraho 5000€ buri segonda
Minisitiri Nduhungirehe yashimangiye ko u Rwanda ari igihugu cyorohereza abashaka gushora imari
Abdel Aziz wayoboye Mauritania yakatiwe gufungwa imyaka 15
Ramaphosa yaciye amarenga y’uko yaba agiye gucyura ingabo za SANDF ziri muri RDC
Vestine yashimiye abakomeje kumufasha mu myiteguro y’ubukwe
Nduhungirehe yanenze uwahinduye igisobanuro cy’ifoto y’intumwa z’u Rwanda n’iza RDC