Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ubwato bw’imbaho butwarwa na moteri, bwari butwaye abagenzi bagera kuri 400 bwafashwe n’inkongi bugeze hafi y’Umujyi wa Mbandaka, abantu 50 muri bo bahasiga ubuzima.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RDC: Abantu 50 baguye mu mpanuka y’ubwato bwahiye
18 April 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
General Aloys Nzabampema uyoboye FNL irwanya Uburundi yarashwe na FARDC ahungira mu bihuru
13 April 2019, by Dusingizimana RemyAmakuru atangazwa n’ingabo za Leta ya RDC zizwi nka FARDC aravuga ko General Aloys Nzabampema ukuriye umutwe wa FNL urwanya ubutegetsi bw’u Burundi ariko ugakorera muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo,yarasiwe bikomeye ku rugamba.
-
Gahunda iteganyijwe ku nkoni y’umwamikazi iratambagizwa mu Rwanda
9 November 2021, by Dusingizimana RemyI Kigali hagejeejwe inkoni y’Umwamikazi w’u Bwongereza,Elizabeth II,izengurutswa ibihugu bitandukanye mbere y’Imikino ihuza ibihugu bivuga ururimi rw’Icyongereza (Commonwealth) izabera i Birmingham mu 2022.
-
Ngororero: Abasenateri bijeje ubuvugizi mu bworozi
24 January, by ISHIMWE Jean de DieuItsinda ry’Abasenateri riyobowe na Hon. Nyirasafari Esperance ari kumwe na Hon. Uwizeyimana Evode bakomeje uruzinduko rw’akazi mu Karere ka Ngororero, mu rwego rwo kureba uko ibikorwa bijyanye n’ubworozi byifashe muri ako Karere, babizeza kubakorera ubuvugizi ku bibazo bihagaragara.
-
Bishop Rugagi ngo agiye kuzana indege bidatinze
24 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmushumba w’ itorero Abacunguwe Bishop Innocent Rugagi uherutse guhererwa impano y’ imodoka I Burayi yavuze ko yabajije igiciro cy’ indege ngo nayo azayigure.
Nk’ uko byatangajwe n’ urubuga rw’ itorero abacunguwe ubwo Bishop Rugagi yari mu Bubiligi tariki ya 18/10/2017, kubera ibyishimo n’umunezero Bishop David uyoboye Itorero ryitwa MICA ryo mu mugi wa Brussels yahagaze imbere y’abakristu, ahereza Rugagi urufunguzo rw’imodoka yo mu bwoko bwa Benze Classic c220.
Bishop Rugagi wahawe iyi (…) -
Soraya Hakuziyaremye yagizwe Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu
25 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZAKuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Gashyantare 2025, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagize Madamu Soraya Munyana Hakuziyaremye Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), asimbuye John Rwandombwa wayiyoboye guhera muri Gashynatare 2013.
-
The Ben na Bruce Melodie bashyize umukono ku masezerano y’imikoranire
11 November 2025, by ISIMBI EstellaThe Ben na Bruce Melodie bashyize umukono ku masezerano y’imikoranire, bemeranya gufatanya mu bitaramo bitandukanye bahereye kuri “The New Year Groove”, The Ben ateganya mu mpera z’uyu mwaka.
-
Neymar yongeye gukura umutima abafana kubera imvune
5 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunya-Brésil, Neymar Santos Júnior yongeye kugira imvune nyuma y’uko akizi indi yari imaze umwaka, ariko amara impungenge abakinnyi ko noneho bidakomeye cyane.
-
Perezida Kagame agiye gusura uturere 6 mu ntara y’Amajyaruguru n’Uburengerazuba
6 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame agiye gusura uturere 6 tugize intara y’amajyaruguru n’uburengerazuba bw’u Rwanda guhera kuri uyu wa Kabiri taliki ya 07 Gicurasi 2019.
-
RDF yafunze aba ofisiye babiri n’abasivile 20
5 August 2025, by Joseph IradukundaUbuyobozi bwa RDF bwatangaje ko Ubushinjacyaha bwa gisirikare bukurikiranye mu butabera aba ofisiye babiri ba RDF hamwe n’abasivile 20; bakurikiranwe ku byaha bakekwaho bakoranye n’abo ba ofisiye.
Umuryango.rw
RDC: Abantu 50 baguye mu mpanuka y’ubwato bwahiye
Gahunda iteganyijwe ku nkoni y’umwamikazi iratambagizwa mu Rwanda
Ngororero: Abasenateri bijeje ubuvugizi mu bworozi
Soraya Hakuziyaremye yagizwe Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu
The Ben na Bruce Melodie bashyize umukono ku masezerano y’imikoranire
Neymar yongeye gukura umutima abafana kubera imvune
RDF yafunze aba ofisiye babiri n’abasivile 20