Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye, Dr Munyakazi Isaac,yamaze gutangiza ibizamini bya Leta byo mu mashuri abanza aho yasabye aba banyeshuli kwitonde bagakurikiza amabwiriza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Minisitiri Munyakazi yatangije ibizamini bya leta mu mashuli abanza asaba abanyeshuli kwitwararika
4 November 2019, by Dusingizimana Remy -
Rurageretse hagati ya Perezida Ndayishimiye na ’Imbwa Itukura’
23 April, by ISIMBI EstellaPerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yahanganye n’Umurundi wiyise ‘Imbwa Itukura’ ku mbuga nkoranyambaga, agaragariza Abarundi ko ntawe ukwiye kumwizera kuko uwiyise iri zina nta kizima aba afite cyo kuvuga.
-
Umuhanzi Liam Payne uzwi muri One Direction yahanutse ku igorofa ahita apfa
17 October 2024, by Joseph IradukundaIgipolisi kiravuga ko Liam Payne wahoze ari umwe mu bahanzi bagize itsinda rya One Direction, yapfuye ku myaka 31 apfiriye muri Argentine nyuma yo guhanuka ku igorofa rya gatatu rya hotel i Buenos Aires.
-
Polisi yerekanye abajura b’ abasirimu bibaga mu mujyi wa Kigali bakoresheje ubwenge
26 August 2018, by Nsanzimana ErnestKuri iki Cyumweru tariki 26 Kanama 2017 polisi y’ u Rwanda yagaragarije itangazamakuru abagabo batatu bakeye bibaga amaduka yo mu mujyi wa Kigali acuruza mudasobwa n’ amatelefone bakoresheje ubwenge polisi ibabwira ko ubwenge bwabo byari kubabera byiza iyo batabukoresha mu bujura.
-
Amerika yahagaritse kwakira Abanya-Afghanistan kubera mugenzi wabo warasiye abasirikare hafi ya White House
27 November 2025, by ISIMBI EstellaLeta Zunze Ubumwe za Amerika yahagaritse by’agateganyo kwakira abasaba ubuhungiro baturutse muri Afghanistan, nyuma y’uko Umunya-Afghanistan ukiri mu nzira yo kwemererwa ubuhungiro akekwaho kurasa abasirikare babiri bo mu mutwe w’inkeragutabara ’National Guard’ i Washington, DC, hafi ya White House.
-
Iran na Misiri bishaka gushinga umuryango w’ubutabarane mu Burasirazuba bwo Hagati
17 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIran na Misiri byagaragaje ubushake bwo kumvisha ibindi bihugu byo mu Burasirazuba bwo Hagati ngo byihurize hamwe bishinge umuryango w’ubwirinzi no gutabarana mu bya gisirikare bihuriyeho waba ukora nka OTAN.
-
Amashimwe ni yose kwa Jado Sinza na Esther bibarutse imfura bise Sinza Buntu Inara Skylar – AMAFOTO
23 June 2025, by ISIMBI EstellaImpundu ni zose mu muryango w’abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Jado Sinza n’umugore we Esther Umulisa, bamaze guhindurirwa izina bakitwa ababyeyi nyuma yo kwibaruka imfura yabo y’umukobwa.
-
Nyuma y’imirwano ikomeye AFC/M23 yisubije agace yari yambuwe ko muri Walikare
2 March, by Angeline MUKANGENZIAbarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bisubije agace ka Buhimba muri Teritwari ya Walikare muri Kivu ya Ruguru, nyuma y’imirwano ikomeye yabahuje n’uruhande bahanganye.
-
Visi Perezida Mashatile yarabye yitura hasi ari kuvuga disikuru
15 September 2024, by Joseph IradukundaVisi Perezida wa Afurika y’Epfo, Paul Mashatile, ameze neza nyuma yo guhangana n’ubushyuhe ubwo yavugaga ijambo ku gicamunsi cyo kuwa Gatandatu nk’uko Umuyobozi w’Intara ya Limpopo yabitangarije SABC .
-
Tanzania yaba ishaka gusimbura u Rwanda ku kwakira irushanwa rya Miss World?
15 July 2025, by Joseph IradukundaKuva mu gitondo cyo kuri uyuwa 15 Nyakanga 2025, Suchata Chuangsri, Umunya-Thailand uherutse kwegukana irushanwa rya Miss World aherekejwe n’Igisonga cye cya mbere Hasset Dereje Admassu ukomoka muri Ethiopie ndetse akaba ari nawe wabaye Miss Africa, bari mu ruzinduko muri Tanzania.
Umuryango.rw
Rurageretse hagati ya Perezida Ndayishimiye na ’Imbwa Itukura’
Umuhanzi Liam Payne uzwi muri One Direction yahanutse ku igorofa ahita apfa
Amerika yahagaritse kwakira Abanya-Afghanistan kubera mugenzi wabo warasiye abasirikare hafi ya White House
Iran na Misiri bishaka gushinga umuryango w’ubutabarane mu Burasirazuba bwo Hagati
Amashimwe ni yose kwa Jado Sinza na Esther bibarutse imfura bise Sinza Buntu Inara Skylar – AMAFOTO
Visi Perezida Mashatile yarabye yitura hasi ari kuvuga disikuru
Tanzania yaba ishaka gusimbura u Rwanda ku kwakira irushanwa rya Miss World?