Umuhanzi The Ben ukunzwe hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Uwicyeza Pamella nyuma y’amezi icumi amwambitse impeta.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
The Ben yasezeranye na Pamella imbere y’amategeko
31 August 2022, by ISHIMWE JANE -
Gicumbi :Imodoka ya RITCO yakoze impanuka igwa mu mugezi Imana ikinga ukuboko
19 July 2020, by Dusingizimana RemyImodoka itwara abagenzi ya kompanyi ya RITCO yakoreye impanuka mu karere ka Gicumbi mu murenge wa Ruvune mu Gasantere ka Cyandaro mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki ya 19 Nyakanga 2020,gusa nta muntu wahasize ubuzima.
-
Ingabo za Isiraheli zishe umuyobozi wa Hezbollah muri Libani
4 November 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Mbere tariki ya 4 Ugushyingo 2024, ingabo za Isiraheli zatangaje ko zishe umuyobozi wa Hezbollah mu majyepfo ya Libani, Abou Ali Rida aho yari ayoboye ubukangurambaga bujyanye n’ibisasu bikaze ndetse n’ibitero byibasiye umutwe w’abayisilamu bo muri Libani.
-
Amerika yarangije gutegura umushinga w’amasezerano y’amahoro hagati ya RDC n’u Rwanda
16 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmujyanama Mukuru wa Perezida Donald Trump ku bibazo bya Afurika, Massad Boulos, yatangaje ko yavuganye na Perezida Kagame na Tshisekedi ku mushinga w’amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Rwanda warangiye gutegurwa, ubu hakaba hategerejwe kumva icyo impande zombi ziwuvugaho.
-
Ubushomeri buri guca ibintu mu Budage
30 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmubare w’abashomeri mu Budage warenze miliyoni eshatu z’abaturage, ari nacyo kigero cyo hejuru icyo gihugu kigize nibura kuva mu 2015, ibishimangira uburyo ubukungu bw’icyo gihugu bukomeje kwisanga mu bihe bigoye.
-
Perezida Ruto ntiyumva aho abigaragambya bamusaba kwegura bashaka ko ajya
29 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida William Ruto yagaragaje ko atumva icyo Abanya-Kenya bakomeje gukora imyigaragambyo yo kumusaba kwegura bashaka ndetse n’aho bifuza ko ajya.
-
Abanyarwanda basaga 1 200 bavuye muri RDC basubiye mu buzima busanzwe
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbanyarwanda basaga 1 200 bari bacumbikiwe mu Nkambi y’agateganyo ya Nyarushishi mu Karere ka Rusizi, batangiye gusubizwa mu miryango yabo hirya no hino, nyuma yo kuva mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho bari barafashwe bugwate n’umutwe wa FDLR.
-
Netanyahu agereranya ubutegetsi bwa Iran n’umwanzi wa kera uvugwa muri Bibiliya
4 March, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yifashishije amagambo yo muri Torah agereranya ubutegetsi bwa Iran n’“Amaleki”, umwanzi wa kera uvugwa muri Bibiliya y’Abaheburayo.
-
Trump yibasiye itangazamakuru kubera gitero cyagabwe muri Iran
27 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yarakajwe cyane n’inkuru zatangajwe n’ikinyamakuru CNN na The New York Times byo muri icyo gihugu zivuga ko igitero Amerika yagabye muri Iran kitangije ibintu byinshi ndetse asaba ko ayo makuru avuguruzwa.
-
Igihe kirageze ngo twohereze abogezabutumwa mu bindi bihugu - Antoine Cardinal Kambanda
15 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmushumba wa Arikidiyosezi ya Kigali, akaba na Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yashimye umusanzu wa Musenyeri Jean Joseph Hirth wazanye iyogezabutumwa mu Rwanda, avuga ko igihe kigeze ngo n’Abanyarwanda bajyane ubutumwa bwiza bwa Kiristu mu bindi bihugu aho inkuru nziza ya Yezu Kristu itaragera n’aho yibagiranye.
Umuryango.rw
The Ben yasezeranye na Pamella imbere y’amategeko
Gicumbi :Imodoka ya RITCO yakoze impanuka igwa mu mugezi Imana ikinga ukuboko
Ingabo za Isiraheli zishe umuyobozi wa Hezbollah muri Libani
Amerika yarangije gutegura umushinga w’amasezerano y’amahoro hagati ya RDC n’u Rwanda
Ubushomeri buri guca ibintu mu Budage
Perezida Ruto ntiyumva aho abigaragambya bamusaba kwegura bashaka ko ajya
Abanyarwanda basaga 1 200 bavuye muri RDC basubiye mu buzima busanzwe
Netanyahu agereranya ubutegetsi bwa Iran n’umwanzi wa kera uvugwa muri Bibiliya
Trump yibasiye itangazamakuru kubera gitero cyagabwe muri Iran
Igihe kirageze ngo twohereze abogezabutumwa mu bindi bihugu - Antoine Cardinal Kambanda