Buri mwaka, abantu barenga miliyoni ebyiri mu Rwanda bivuza indwara z’ubuhumekero, aho usanga zikunze gusuzugurwa no kutitabwaho nubwo ziri mu zizahaza umubiri, byagera ku bana zigasya zitanzitse.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rwanda: Abarenga miliyoni 2 bivuza indwara z’ubuhumekero buri mwaka
9 February, by Angeline MUKANGENZI -
Gakenke: Hatashywe ivuriro n’ishuri byasanishijwe hafi miliyoni 700 Frw
24 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa 23 Mutarama 2025, Ikigo gishinzwe gutera Inkunga ibikorwa by’iterambere mu nzego z’ibanze (LODA), na ba Ambasaderi b’u Budage, u Bufaransa, na Luxembourg batashye Ikigo Nderabuzima cya Rutake n’ibyumba by’amashuri 40 birimo 9 byo ku Ishuri ribanza rya Karama, mu Murenge wa Janja, Akarere ka Gakenke, byasanishijwe hafi miliyoni 700 z’amafaranga y’u Rwanda.
-
U Rwanda rwavuze ku biganiro Uganda yagiranye na Gen Kayumba n’aho umubano n’Abaturanyi ugeze
16 March 2022, by Dusingizimana RemyNyuma y’aho Inama y’Abaminisitiri iheruka guterana yemeje ko imipaka yose yo ku butaka ifunguye,u Rwanda rurakataje mu kunoza ubuhahirane n’ibihugu bya Uganda n’Uburundi.
Mu kiganiro abagize Guverinoma bagiranye n’Abanyamakuru uyu munsi,bagarutse ku mubano w’u Rwanda n’ibihugu bitumvikanaga birimo Uganda n’u Burundi.
Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente agaruka ku rugendo Lt. Gen Muhoozi aherutse kugirira mu Rwanda n’urwa Minisitiri w’Ingabo, Maj Gen Albert Murasira mu Burundi, yagize (…) -
Karongi: 21 biyise’ Abatahajuru’ bafatiwe mu rugo rw’umuturage bahasengera
14 November 2025, by ISIMBI EstellaAbagore 17 n’abagabo 4 biyise ‘Abatahajuru’ bafatiwe mu rugo rw’umwe muri bo witwa Munyangeyo Isaacar w’imyaka 74, mu Mudugudu wa Kabutare, Akagari ka Kigarama, Umurenge wa Gishyita, Akarere ka Karongi, bahasengera bitemewe, ikaba yari inshuro ya 2 muri uru rugo hafatirwa abahasengera muri ubwo buryo.
-
Minisitiri Lars Løkke Rasmussen yatashye Ambasade ya Danemark i Kigali
17 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Danemark, Lars Løkke Rasmussen, ku wa 16 Gashyantare 2026 yatashye ku mugaragaro Ambasade y’igihugu cyabo iri i Kigali.
-
Rubavu: Abasenyewe n’ibiza bagiye kubakirwa inzu zizatwara inzu miliyari 10 Frw
11 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), Gen Maj (Rtd) Albert Murasira, yashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa inzu zigiye kubakirwa imiryango 870 yo mu Karere ka Rubavu yasenywe n’ibiza byo muri Gicurasi 2023, zizuzura zitwaye asaga miliyari 10 Frw.
-
IBISOBANURO N’AMATEKA BY’UMUNSI WA SAINT VALENTIN.
14 February 2025, by ISIMBI EstellaMu busanzwe umunsi wa Saint Valentin wizihizwa tariki ya 14 Gashyantare ku isi hose ufatwa nk’umunsi w’abakundana, uwo munsi ukaba uhurirana n’umunsi Kiliziya Gatolika izirikana ku buzima bwa Mutagatifu Valantini.
Ariko kuri uwo munsi wa Saint Valentin (Valentine’s Day) hari ibintu byinshi bitandukanye bikunze kuvugwa, ariko si ko byose aribyo, kandi si nako abantu bose babyumvikanaho. Gusa uwo munsi wo urahari. Aha rero turagaruka kuri bimwe mu byagiye biranga uwo munsi kuva igihe (…) -
IMANISHIMWE Léa yasabye guhindura amazina akitwa MANISHIMWE Léa
31 October 2025, by ISIMBI EstellaIMANISHIMWE Léa guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MANISHIMWE Léa mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri hano hasi.. -
Ambasaderi w’u Butaliyani ari mu mazi abira kubera amagambo yavuzwe kuri Perezida Macron
24 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuU Bufaransa bwahamagaje Ambasaderi w’u Butaliyani muri iki gihugu, Emanuela D’Alessandro kugira ngo atange ibisobanuro ku byatangajwe na Minisitiri w’Intebe wungirije, Matteo Salvini kuri Perezida Emmanuel Macron.
-
Zelensky afite inzozi z’umuhuro wa Trump na Putin uzarangiza intambara n’u Burusiya
6 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Volodymyr Zelenskyy wa Ukraine yavuze ko yifuza kuzabona Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya aganira na Donald Trump witegura kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika kugira ngo barebere hamwe uburyo bwo gusoza intambara imaze imyaka irenga ibiri iri guca ibintu hagati y’u Burusiya na Ukraine.
Umuryango.rw
Rwanda: Abarenga miliyoni 2 bivuza indwara z’ubuhumekero buri mwaka
Gakenke: Hatashywe ivuriro n’ishuri byasanishijwe hafi miliyoni 700 Frw
U Rwanda rwavuze ku biganiro Uganda yagiranye na Gen Kayumba n’aho umubano n’Abaturanyi ugeze
Karongi: 21 biyise’ Abatahajuru’ bafatiwe mu rugo rw’umuturage bahasengera
Minisitiri Lars Løkke Rasmussen yatashye Ambasade ya Danemark i Kigali
Rubavu: Abasenyewe n’ibiza bagiye kubakirwa inzu zizatwara inzu miliyari 10 Frw
IBISOBANURO N’AMATEKA BY’UMUNSI WA SAINT VALENTIN.
IMANISHIMWE Léa yasabye guhindura amazina akitwa MANISHIMWE Léa
Ambasaderi w’u Butaliyani ari mu mazi abira kubera amagambo yavuzwe kuri Perezida Macron
Zelensky afite inzozi z’umuhuro wa Trump na Putin uzarangiza intambara n’u Burusiya