Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatanu wigaruriye Umujyi wa Bukavu wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo kuwirukanamo ihuriro ry’ingabo za Leta RDC nta mirwano ibayeho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
M23 yafashe Umujyi wa Bukavu itarwanye
15 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Abagore 100 b’ Abafaransa bishyize hamwe bamagana bagenzi babo bo muri Amerika barimo kuvuga uko bahohotewe nabo baramaganwa
10 January 2018, by Nsanzimana ErnestUmugore w’ Umufaransa ukina amafilime witwa Catherine Deneuve yavuze ko abagabo bafite uburenganzira bwo guheheta abagore.
Uyu mugore ni umwe mu bagore 100 bo mu Bufaransa bashyize umukono ku ibaruwa ifunguye yamagana ubukangurambaga burimo gukorerwa muri Leta Zunze Amerika aho umugore cyangwa umukobwa atanga ubuhamya akavuga uko yigeze guhohoterwa bishingiye ku gitsina akanavuga amazina y’ umugabo wabimukoreye.
Ibi Deneuvre abitangaje nyuma y’ uko umukinnyi w’ amafilime Mogul Harvey (…) -
Ibintu 10 ugomba gutangira gukora ubu niba ushaka kuzakira
25 February 2025, by ISIMBI EstellaGukira ntibyizana birakorerwa kandi bigasaba kwitanga. Gutera imbere bucye bucye ukaba uzagera ku bukire ntabwo ari ibintu byoroshye ariko byagerwaho. Ababashije gukirigita ifaranga no kugera ku bukire hari byinshi usanga bahuriyeho.
Twifashishije urubuga umucuruzi ndetse n’urwego rw’igihugu rw’imisoro n’amahoro rra.gov.rw, hari ibintu watangira gukora ubu nonaha niba ushaka kuzakira, nubwo atari vuba ariko wakwizera neza ko uzibeshaho uko ubishaka mu minsi iri imbere. Aha rero twagerageje (…) -
Nyamasheke: Abaturage bahisemo gukora ibiryo by’amatungo mu masazi kuko ibisanzwe bikosha
8 February, by Angeline MUKANGENZIAbaturage bo mu Murenge wa Kirimbi uherereye mu Karere ka Nyamasheke, bahisemo gutangira kwikorera ibiryo by’amatungo mu masazi borora akungahaye ku ntungamubiri, nyuma y’uko ibiciro by’ibisanzwe bitumbagiye ku isoko, bakabona batapfa kubyigondera.
-
Abanyarwanda 30 basoje amasomo y’imyuga n’ubumenyingiro mu Bushinwa
24 December 2025, by ISIMBI EstellaAbanyarwanda 30 batangiriye amasomo mu Ishuri Rikuru ry’Imyuga n’Ubumenyingiro (RP), Ishami rya Musanze, barangirije amasomo muri Kaminuza ya Jinhua University of Vocational Technology (JUVT) yo mu Bushinwa nyuma yo kumara umwaka umwe bahabwa ubumenyi bwisumbuye.
-
Inkuru igaragaza ko nubwo ibihe bibi bishobora kuza, urukundo nyakuri rucyibaho
26 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInkuru yacu twahisemo ko itangirira mu mujyi wa Kigali aho Diane na Kevin bahuriye bwabere. Diane yari umukobwa w’umunyabwenge kandi wiyubaha, naho Kevin yari umuhungu w’umugwaneza kandi utuje. Bashimishijwe n’ibiganiro byabo bagiranye bwa mbere bahura , bityo batangira kugirana umubano wihariye. Uko iminsi yagendaga ishira, urukundo rwabo rwagiye rukura, bamarana umwanya munini basangira ibyishimo n’ibitekerezo byabo by’ahazaza.
Ariko umunsi umwe, ibintu byaje guhinduka. Diane yagiye kwa (…) -
Minisitiri Bizimana yagaragaje uko imbwirwaruhame za Perezida Kayibanda zaciyemo ibice Abanyarwanda
13 April 2023, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane, Abanyapolitiki batandukanye n’abandi baturage bitabiriye umuhango wo gusoza icyumweru cy’icyunamo, bunamiye inzirakarengane zishyinguye mu rwibutso rwa Rebero, banashyira indabo ku mva zishyinguyemo imibiri isaga ibihumbi 14 muri uru rwibutso.
Muri uwo muhango,Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu,Dr Bizimana Jean Damascene,yagaragaje ko abanyepolitike babi aribo babaye ntandaro mu gukwirakwiza urwango n’ivangura mu banyarwanda byagejeje kuri (…) -
U Rwanda rwashimye iterambere ry’umubano rufitanye n’u Bushinwa
11 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda yongeye gushimangira uburyo inyuzwe n’iterambere ry’ubutwererane ifitanye n’iy’u Bushinwa, bukomeje gukura mu nzego zitandukanye zitanga inyungu zifatika ku mibereho y’abaturage b’ibihugu byombi.
-
Putin yihanganishije Iran
1 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida Vladimir Putin w’Uburusiya yatangaje ko yihanganisha Iran nyuma y’urupfu rw’umutegetsi w’Ikirenga Ali Khamenei, nk’uko bivugwa n’ibiro ntaramakuru TASS bya leta ya Moscow.
-
RDC yishyuye ibitangazamakuru mpuzamahanga ngo biyifashe guharabika AFC/M23
10 March 2025, by Joseph IradukundaGuverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yishyuye ibitangazamakuru 13 birimo ibiri ku rwego mpuzamahanga birindwi nka TV5 Monde, Aljazeera, Reuters, Ijwi rya Amerika n’ibindi by’imbere mu gihugu ngo biyifashe mu rugamba rwo gukwirakwiza ibinyoma ku mutwe wa M23.
Umuryango.rw
M23 yafashe Umujyi wa Bukavu itarwanye
Ibintu 10 ugomba gutangira gukora ubu niba ushaka kuzakira
Nyamasheke: Abaturage bahisemo gukora ibiryo by’amatungo mu masazi kuko ibisanzwe bikosha
Abanyarwanda 30 basoje amasomo y’imyuga n’ubumenyingiro mu Bushinwa
Inkuru igaragaza ko nubwo ibihe bibi bishobora kuza, urukundo nyakuri rucyibaho
Minisitiri Bizimana yagaragaje uko imbwirwaruhame za Perezida Kayibanda zaciyemo ibice Abanyarwanda
U Rwanda rwashimye iterambere ry’umubano rufitanye n’u Bushinwa
RDC yishyuye ibitangazamakuru mpuzamahanga ngo biyifashe guharabika AFC/M23