Umuyobozi w’abarwanyi ba AFC/M23, Gen Sultani Makenga, yabasabye kugaragaza itandukaniro riri hagati yabo n’abo mu butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo baranzwe n’imigirire mibi isuzuguza igihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Gen Makenga yasabye abarwanyi ba AFC/M23 kugaragaza itandukaniro
5 August 2025, by ISIMBI Estella -
AFC/M23 yamaganye raporo ya HRW iyishinja kwica abantu 140
21 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ryamaganye raporo yashyizwe ahagaragara n’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu (Human Rights Watch /HRW) irishinja kwica abaturage b’abasivili barenga 140.
-
AFC/M23 yasabye Leta ya RDC ibisobanuro ku rubanza rwa Kabila
25 August 2025, by ISIMBI EstellaUmuyobozi wungirije w’ihuriro AFC/M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bugomba gutanga ibisobanuro ku rubanza rwa Joseph Kabila wayoboye iki gihugu kuva mu 2001 kugeza mu 2019.
-
Perezida Kagame na bagenzi be basabye ko abasirikare bayoboye Sudani bongererwa igihe [AMAFOTO]
23 April 2019, by Dusingizimana RemyMu nama yahuje abaperezida batandukanye bagize umuryango wa Afurika yunze ubumwe yateraniye mu Misiri biga ku bibazo bya politiki biri mu bihugu bya Sudani na Libya, bemeje ko abasirikare bayoboye Sudani bongererwa igihe cyo gukomeza kuyobora inzibacyuho.
-
Perezida Kagame yatorewe kuyobora AUDA-NEPAD ku bwiganze bw’amajwi
8 February 2020, by Dusingizimana RemyKu bwiganze busesuye, Perezida Kagame yatorewe kuba Umuyobozi w’Akanama k’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma gashinzwe kwiga ku cyerekezo cy’Ikigega cy’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe gishinzwe iterambere (AUDA-NEPAD).
-
Umuyobozi w’urwego rw’ubutasi mu Bufaransa yirukanwe
1 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmuyobozi mukuru w’ubutasi bwa gisirikare bw’Ubufaransa Jenerali Eric Vidaud yiguwe ku mirimo ye, nyuma yo kutabasha gutahura mbere ko u Burusiya bugiye gutera Ukraine.
-
Ubufaransa bwinjiye mu yandi makuba ya politike nyuma yuko abadepite beguje minisitiri w’intebe
9 September 2025, by ISIMBI EstellaUbufaransa bwashowe mu makuba mashya yo muri politike nyuma y’itsindwa rya Minisitiri w’intebe François Bayrou mu matora yo kumugaragariza niba afitiwe icyizere yabereye mu nteko ishingamategeko.
-
Ukraine iri gutegura amatora ya Perezida
22 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIntumwa yihariye ya Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati, Steve Witkoff, yatangaje ko Ukraine yemeye ko izategura amatora ya Perezida yagombaga kuba mu 2024 ariko akigizwa inyuma kubera ko intambara.
-
Uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Mauritius yatawe muri yombi
17 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKomisiyo ishinzwe ibyaha by’imari ya Leta (FCC) muri Maurtius, ku Cyumweru yatangaje ko uwahoze ari Minisitiri w’intebe w’iki gihugu, Pravind Jugnauth, yatawe muri yombi kandi akurikiranyweho icyaha cyo kunyereza amafaranga.
-
Nshuti Innocent yabonye ikipe nshya muri Tunisia
25 July 2025, by Joseph IradukundaRutahizamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Nshuti Innocent, yatandukanye na Sabail FK yo muri Azerbaijan yerekeza muri Espérance Sportive de Zarzis yo muri Tunisia.
Umuryango.rw
Gen Makenga yasabye abarwanyi ba AFC/M23 kugaragaza itandukaniro
AFC/M23 yamaganye raporo ya HRW iyishinja kwica abantu 140
AFC/M23 yasabye Leta ya RDC ibisobanuro ku rubanza rwa Kabila
Umuyobozi w’urwego rw’ubutasi mu Bufaransa yirukanwe
Ubufaransa bwinjiye mu yandi makuba ya politike nyuma yuko abadepite beguje minisitiri w’intebe
Ukraine iri gutegura amatora ya Perezida
Uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Mauritius yatawe muri yombi
Nshuti Innocent yabonye ikipe nshya muri Tunisia