Minisitiri y’umutekano w’igihugu muri Turkiya yavuze ko byibuze abantu 66 bapfuye abandi barenga 50 barakomereka mu nkongi y’umuriro yibasiye hotel y’ahakinirwa umukino wa ski mu majyaruguru y’iburengerazuba bwa Turkiya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Turkiya: Inkongi ikomeye y’umuriro yibasiye hotel yahitanye nibura 66
22 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Iburasirazuba: Polisi yerekanye 5 bakekwaho kwiba asaga miliyoni 20 Frw na telefoni 600
11 June 2025, by ISIMBI EstellaPolisi y’Igihugu yeretse itangazamakuru abasore 5 ikurikiranyeho ibikorwa by’urugomo birimo gukomeretsa abantu no kwiba amafaranga y’u Rwanda miliyoni zisaga 20, telefoni ziga 600, mudasobwa n’ibindi.
-
Habonetse abarwayi 3 bashya ba Coronavirus mu bipimo 1,038 byafashwe
22 April 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’ubuzima mu Rwanda yatangaje ko bipimo 1,038 byafashwe uyu munsi hagaragayemo abarwayi 3 bashya ba Coronavirus mu gihe nta n’umwe wakize bituma abakirwaye bari kwa muganga baba 69 naho abakize bagumya kuba 84.Abanduye bose ni 153.
-
Ibyiciro by’ubudehe mu Rwanda byahinduriwe umubare, inyito n’imikoreshereze
26 June 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Prof.Shyaka Anastase yavuze ko guhera mu ntangiro z’umwaka utaha wa 2021, Abanyarwanda bazatangira kubarizwa mu byiciro by’ubudehe bishya bizaba bifite akamaro gatandukanye n’ako ibyari bihari byari bifite.
-
Abanyaburayi bahawe umuburo ubasabwe kubika iby’ibanze byamara iminsi itatu
27 March 2025, by Joseph IradukundaAbaturage b’ibihugu byo mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) basabwe kubika ibiribwa, ibinyobwa n’ibindi byangombwa bashobora gukoresha mu gihe cy’intambara, mu rwego rwo kwitegura kugira ngo batazatungurwa.
Ibi byasabwe na Hadja Lahbib, Komiseri muri EU ushinzwe Imyiteguro y’Ibihe Bidasanzwe, wavuze ko u Burayi bufite ibyago bikomeye byatewe n’intambara y’u Burusiya na Ukraine, ashimangira ko mu gihe intambara yagera mu bindi bihugu, abaturage bakwiriye kwitegura, bakabika ibintu by’ingenzi byabamaza amasaha 72.
Ati "Turi gusaba ibihugu binyamuryango: amasaha 72 yo kubika ibikenewe byose niyo ahagije."
Muri video uyu muyobozi yerekanye igaragaza ibyo abaturage bashobora kubika, harimo ibiribwa, ibinyobwa byiganjemo amazi, imiti, amafaranga afatika, ibyangombwa, icyuma n’ibindi bitandukanye.
Uyu muyobozi yavuze ko iki cyemezo kitagamije gutera abantu ubwoba, ati "turashaka ko abantu bitegura, ntibagire ubwoba. Kwitegura ntabwo ari ugutera ubwoba, ni ikintu cy’ingenzi bijyanye n’ibihe bidasanzwe turimo."
Ibihugu birimo u Budage bimaze iminsi byarashyizeho uburyo bwo kuburira abaturage hifashishijwe ikoranabuhanga, ku buryo bashobora kumenya ko hagiye kuba ikintu kidasanzwe nk’intambara maze bagateganya uburyo babika ibyo bakeneye.
-
Muhire Kevin agiye kwakiranwa yombi muri Sudani y’Epfo
13 June 2025, by ISIMBI EstellaJamus SC yo mu Cyiciro cya Mbere muri Sudani y’Epfo, yatangaje ko yiteguye kwakira Muhire Kevin, wamaze gutandukana na Rayon Sports nyuma yo gusoza amasezerano ye.
-
Perezida Ramaphosa yahagaritse Minisitiri ukekwaho gukorana n’udutsiko tw’abagizi ba nabi
14 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yahagaritse by’agateganyo Minisitiri ufite Polisi mu nshingano, Senzo Mchunu, kubera ko akekwaho gukorana n’udutsiko tw’abagizi ba nabi agamije inyungu bwite.
-
Hahishuwe ko Amerika iri kwitegura ibitero karundura kuri Iran
15 February, by Angeline MUKANGENZIMu gihe ibiganiro byo guhosha umwuka mubi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran bigikomeje, hahishuwe ko Washington iri kwitegura ibitero bikomeye bishobora kumara iminsi kuri Iran.
-
Ubwirakabiri bwagaragaye hirya no hino ku Isi
8 September 2025, by ISIMBI EstellaKu bari i Kigali no mu bice bitandukanye by’igihugu, ahagana saa Moya z’ijoro ryo ku wa 7 Nzeri 2025 babonye ubwirakabiri (eclipse total de la lune) ndetse bwamaze igihe kirekire, ariko bwagaragaye no ku Isi hose muri rusange.
-
U Bwongereza: Uwabaye Minisitiri yavuye mu ishyaka ry’Abakozi kubera dosiye ya Epstein
2 February, by Angeline MUKANGENZIPeter Mandelson wabaye Minisitiri mu Bwongereza yasezeye mu ishyaka ry’Abakozi riri ku butegetsi nyuma yo kugaragara mu nyandiko zigize dosiye ya Jeffrey Epstein washinjwe gucuruza abana hagamijwe kubasambanya.
Umuryango.rw
Turkiya: Inkongi ikomeye y’umuriro yibasiye hotel yahitanye nibura 66
Iburasirazuba: Polisi yerekanye 5 bakekwaho kwiba asaga miliyoni 20 Frw na telefoni 600
Habonetse abarwayi 3 bashya ba Coronavirus mu bipimo 1,038 byafashwe
Ibyiciro by’ubudehe mu Rwanda byahinduriwe umubare, inyito n’imikoreshereze
Abanyaburayi bahawe umuburo ubasabwe kubika iby’ibanze byamara iminsi itatu
Muhire Kevin agiye kwakiranwa yombi muri Sudani y’Epfo
Perezida Ramaphosa yahagaritse Minisitiri ukekwaho gukorana n’udutsiko tw’abagizi ba nabi
Hahishuwe ko Amerika iri kwitegura ibitero karundura kuri Iran
Ubwirakabiri bwagaragaye hirya no hino ku Isi
U Bwongereza: Uwabaye Minisitiri yavuye mu ishyaka ry’Abakozi kubera dosiye ya Epstein