Kuri uyu wa 9 Kanama 2018 nibwo hatangajwe uko uturere twarushanyijwe kwesa imihigo y’ umwaka w’ ingengo y’ imari 2017/18, akarere ka Rwamagana niko niko kaje ku isonga n’ amanota 84,5 kakaba gaciye agahigo ko kuba akambere imyaka ibiri ikurikiranye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umukozi w’ akarere ka Rwamagana wishimiye intsinzi y’ akarere kabo mu buryo budasanzwe
10 August 2018, by Nsanzimana Ernest -
Nyuma y’iminsi 212 adahari, Sheebah Karungi ubu agarutse mu muziki
2 June 2025, by Gladiator OGUmuhanzikazi Sheebah Karungi ufite izina riremereye mu ruhando rwa muzika ya Uganda ndetse n’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba muri rusange yatangaje ko agiye kugaruka mu muziki nyuma y’igihe kigera ku mezi 7 nta gikorwa na kimwe cy’Umuziki uyu mubyeyi w’umwana umwe agaragaramo
-
Ibigo bya SAMIDRC i Goma byasanzwemo abasirikare ba RDC na Wazalendo
20 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMu bigo by’Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo, SADC, ziri mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (SAMIDRC), hasanzwe abasirikare ba RDC n’abo muri Wazalendo, ibintu byafashwe nk’ubugambanyi.
-
Gen. Muhoozi yateguje itabwa muri yombi ry’Abacanshuro basigaye muri RDC
4 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko hari abacanshuro b’abazungu 150 kuri ubu bari mu mujyi wa Bukavu; ateguza ko na bo bazatabwa muri yombi.
-
Elon Musk na Bill Gates bongeye kwisanga mu nyandiko za Epstein
1 February, by ISIMBI EstellaInyandiko zigizwe na paji zisaga miliyoni 3, amafoto ibihumbi 180 n’amashusho 2000 bivuga kuri Jeffrey Epstein, byashyizwe hanze ku busabe bwa Minisiteri y’ubutabera ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse hagaragaramo amazina akomeye.
-
France Mpundu yakoranye indirimbo na Paulo Chakal ugezweho muri Côte d’Ivoire
20 December 2025, by ISIMBI EstellaFrance Mpundu umaze iminsi muri Côte d’Ivoire aho ari mu bikorwa binyuranye n’umukunzi we Moctar, yakoranye indirimbo na Paulo Chakal uri mu bahanzi bagezweho muri iki gihugu.
-
Nimero imwe y’umuti wa Asprine Vitamin C yahagaritswe mu Rwanda
24 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIkigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa, Rwanda FDA, ku wa 23 Mata 2025 cyahagaritse nimero B6224 y’umuti wa Asprine Vitamin C 330mg/200mg ukorwa n’uruganda UPSA rwo mu Bufaransa.
-
Kivu y’Amajyepfo: Imirwano yubuye hagati ya AFC/M23 n’ingabo za RDC
6 December 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu mirwano ikomeye mu bice bitandukanye byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
-
Isoko yarakamye? - PAC yananiwe kumva iby’umuyoboro w’amazi umaze imyaka itanu wumye i Kamonyi
9 July 2025, by ISIMBI EstellaAbadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC, bagaragaje ko Akarere ka Kamonyi karangaranye abaturage bakoresha umuyoboro w’amazi wa Kivumu wangiritse mu 2020, uyu munsi ubuyobozi bukaba buvuga ko isoko iwuha amazi yakamye.
-
Nyaruguru: Ubuke bw’ibikorwaremezo buracyari igihato mu iterambere
2 September 2025, by ISIMBI EstellaAbatuye n’abakorera mu Karere ka Nyaruguru barasaba ko hakongerwa ibikorwaremezo cyane cyane amashuri n’amavuriro yigenga kugira ngo bizamure urugero rwa serivisi bahabwa n’umubare w’abifuza kuhatura
Umuryango.rw
Nyuma y’iminsi 212 adahari, Sheebah Karungi ubu agarutse mu muziki
Ibigo bya SAMIDRC i Goma byasanzwemo abasirikare ba RDC na Wazalendo
Gen. Muhoozi yateguje itabwa muri yombi ry’Abacanshuro basigaye muri RDC
Elon Musk na Bill Gates bongeye kwisanga mu nyandiko za Epstein
France Mpundu yakoranye indirimbo na Paulo Chakal ugezweho muri Côte d’Ivoire
Nimero imwe y’umuti wa Asprine Vitamin C yahagaritswe mu Rwanda
Kivu y’Amajyepfo: Imirwano yubuye hagati ya AFC/M23 n’ingabo za RDC
Isoko yarakamye? - PAC yananiwe kumva iby’umuyoboro w’amazi umaze imyaka itanu wumye i Kamonyi
Nyaruguru: Ubuke bw’ibikorwaremezo buracyari igihato mu iterambere