Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, tariki 9 Kanama 2025, mu birori by’akataraboneka byiswe “Bwiza Gala Night” byabereye muri Kigali Universe, Bwiza Emerance yizihije imyaka 26 amaze avutse, anizihiza imyaka ine amaze mu muziki. Byari ibirori byuzuyemo urukundo, urwenya n’amateka, aho ababyeyi be bahishuye ibitarigeze bimenyekana ku buto bwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Yakuze asubiramo indirimbo, akunda gufasha! Ababyeyi ba Bwiza bahishuye ibitaravuzwe mu buto bwe
10 August 2025, by ISIMBI Estella -
Canisius utoza Mukura VS yabyegetse ku basifuzi nyuma yo gutsindwa na Rayon Sports
23 February, by ISIMBI EstellaUmutoza wa Mukura Victory Sports, Canisius Nshimiyimana, arashinja abasifuzi barimo Uwikunda Samuel kugira uruhare mu gutsindwa na Rayon Sports.
-
Perezida wa IBUKA France yavuze ko abaregwa Jenoside binangiye nta mbabazi bakwiye guhabwa
26 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Ibuka France, Marcel Kabanda, yagaragaje ko abakurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi badakwiye kubabarirwa cyane ko usanga batemera uruhare rwabo.
-
Katumbi yagaragaje uko abona M23, akomoza ku mubano we na Kabila
11 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyapolitiki Moïse Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi, yanenze umushinga uri gutegurwa wo guhindura Itegeko Nshinga, anagaragaza ko ikibazo cy’umutwe witwaje intwaro wa M23 kitazakemurwa n’amafaranga menshi ashorwa mu gisirikare.
-
U Buhinde bwohereje abapolisi 160 muri RDC
4 June 2025, by Angeline MUKANGENZIU Buhinde bwohereje abapolisi 160 mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo.
-
EU yifashe ku byo kongera umusoro ku bicuruzwa bituruka muri Amerika
14 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wahagaritse gahunda wari ufite yo kongera umusoro ku bicuruzwa bifite agaciro ka miliyari 21$ bituruka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagombaga gushyirwa mu bikorwa muri iki cyumweru.
-
Minisitiri w’Intebe wa Hongrie yatanze umuburo k’u Burayi bugiye gusenyuka
8 September 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe wa Hongrie, Viktor Orban, yatangaje ko Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi nudakora amavugurura akomeye, uzasenyuka bitarenze mu myaka 10.
-
Icyiciro cya nyuma cy’ingabo zirenga 500 za SADC cyatashye kinyuze mu Rwanda
28 June 2025, by ISIMBI EstellaIcyiciro cya nyuma cy’Ingabo 576 za SADC zari zimaze umwaka urenga mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zatashye zinyuze mu Rwanda.
-
Habonetse abandi bantu 4 banduye Coronavirus mu Rwanda
10 May 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 10 Gicurasi, abantu bane aribo basanzwemo Coronavirus mu bipimo 1,040 byafashwe, bituma umubare w’abanduye mu Rwanda ugera kuri 284. Abamaze gukira baracyari 140.abakirimo kwitabwaho n’abaganga bo babaye 144.
-
Ariel Wayz yasinye muri Universal Music Group
12 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi Ariel Wayz yamaze kwinjira mu bahanzi bakorana na sosiyete mpuzamahanga “Universal Music Group”isanzwe izwiho gufasha abahanzi bakomeye ku Isi.
Umuryango.rw
Yakuze asubiramo indirimbo, akunda gufasha! Ababyeyi ba Bwiza bahishuye ibitaravuzwe mu buto bwe
Canisius utoza Mukura VS yabyegetse ku basifuzi nyuma yo gutsindwa na Rayon Sports
Perezida wa IBUKA France yavuze ko abaregwa Jenoside binangiye nta mbabazi bakwiye guhabwa
Katumbi yagaragaje uko abona M23, akomoza ku mubano we na Kabila
U Buhinde bwohereje abapolisi 160 muri RDC
EU yifashe ku byo kongera umusoro ku bicuruzwa bituruka muri Amerika
Minisitiri w’Intebe wa Hongrie yatanze umuburo k’u Burayi bugiye gusenyuka
Icyiciro cya nyuma cy’ingabo zirenga 500 za SADC cyatashye kinyuze mu Rwanda
Habonetse abandi bantu 4 banduye Coronavirus mu Rwanda
Ariel Wayz yasinye muri Universal Music Group