Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko Guverinoma ifite gahunda yo gutangira gutanga umuti wa Lenacapavir Yeztugo, urinda kwandura Virusi itera Sida wa Lenacapavir mu gihembwe cya nyuma cya 2026.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RBC yatangaje ko umuti urinda kwandura SIDA wa Lenacapavir uzatangira gukoreshwa muri uyu mwaka wa 2026
15 January, by Angeline MUKANGENZI -
Kurwanya ubukene si impuhwe mugirira abaturage-Perezida Kagame
26 February 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abayobozi bagera kuri 600 bo mu ntara yamajyepfo ko kurwanya ubukene atari impuhwe bagirira abanyarwanda ahubwo ari inshingano zabo.
-
Korea ya Ruguru yateguje igisubizo ku bwato bw’intambara Amerika yohereje muri Korea y’Epfo
4 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKim Yo Jong, mushiki w’umuyobozi wa Korea ya Ruguru, Kim Jong Un, yise kohereza ubwato bwa gisirikare, USS Carl Vinson ari “ugushaka intambara kwa Amerika ndetse n’ibikoresho byayo.” Ubu bwato butwara indege z’intambara yageze i Busan ku Cyumweru.
-
RDF yongereye ibyumweru bibiri byo gukomeza kuvura abaturage
4 July 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yavuze ko bumvikanye n’Ingabo z’u Rwanda, ku bijyanye no kongera ibyumweru bibiri kuri gahunda yo kuvura abaturage, nyuma yo gusanga hari benshi batari bahabwa ubuvuzi kandi barahawe gahunda yo kuvurwa.
-
Daphrose Gahakwa wahoze mu buyobozi bwa RAB afunzwe akekwaho ibyaha birimo na ruswa
2 October 2020, by Dusingizimana RemyUbushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangaje ko Dr Gahakwa Daphrose wahoze ari Umuyobozi Mukuru wungirije wa RAB afunze kugeza muri 2018,afunzwe akekwaho ibyaha birimo na ruswa.
-
Ubufaransa buri guhiga Umunyarwandakazi witabiriye imikino Paralempike agatoroka
29 August 2024, by Joseph IradukundaUmwe mu bakinnyi bajyanye n’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abagore bakina Volleyball y’abafite Ubumuga (Sitting Volleyball) mu mikino Parelempike mu Bufaransa, yaburiwe irengero.
-
Murumuna wa Museveni agiye gushyira Muhoozi ku Murongo
23 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMurumuna wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, Gen (Rtd) Caleb Akandwanaho uzwi nka Salim Saleh, yahaye intumwa z’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, mu nama iheruka kumuhuriza na zo i Gulu, ko agomba gushyira ku murongo Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba.
-
Umuyobozi wa OIF yabiruye abo bireba gukemura ikibazo cya Liban kitarafata akarere kose
29 September 2024, by Joseph IradukundaUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa La Francophonie (OIF), Louise Mushikiwabo, ahangayikishijwe cyane n’ibikomeje kubera mu gihugu cya Liban kandi ababajwe n’impfu z’inzirakarengane zikomeje gupfa muri iki gihugu.
-
Révérien Ndikuriyo yongeye gutorerwa kuba umunyamabanga wa CNDD-FDD
26 January, by Angeline MUKANGENZIIshyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD, ryatoye Reverien Ndikuriyo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru waryo muri manda y’imyaka itanu.
-
Dore amagambo aryohereye umunyamakuru Kanyizo yabwiye umukunzi we bagiye kurushinga
14 May 2025, by Gladiator OGUmunyamakuru Kanyamahanga Jean Claude wamamaye mu itangazamakuru ry’Imikino mu Rwanda ku izina rya Kanyizo yatangaje umunsi azakoreraho ubukwe n’umukunzi we Kundwa Sarah bamaze igihe mu munyenga w’urukundo.
Umuryango.rw
RBC yatangaje ko umuti urinda kwandura SIDA wa Lenacapavir uzatangira gukoreshwa muri uyu mwaka wa 2026
Korea ya Ruguru yateguje igisubizo ku bwato bw’intambara Amerika yohereje muri Korea y’Epfo
RDF yongereye ibyumweru bibiri byo gukomeza kuvura abaturage
Daphrose Gahakwa wahoze mu buyobozi bwa RAB afunzwe akekwaho ibyaha birimo na ruswa
Ubufaransa buri guhiga Umunyarwandakazi witabiriye imikino Paralempike agatoroka
Murumuna wa Museveni agiye gushyira Muhoozi ku Murongo
Umuyobozi wa OIF yabiruye abo bireba gukemura ikibazo cya Liban kitarafata akarere kose
Révérien Ndikuriyo yongeye gutorerwa kuba umunyamabanga wa CNDD-FDD
Dore amagambo aryohereye umunyamakuru Kanyizo yabwiye umukunzi we bagiye kurushinga