Umuhanzi Chris Brown yagaragaje ko adatewe ubwoba n’abakomeje kugera intorezo ibitaramo afite muri Afurika y’Epfo, n’ubwo imibare y’ababirwanya ikomeje kwiyongera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Chris Brown yakinnye ku mubyimba abashaka kwica ibitaramo bye
17 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
U Bushinwa bwahaye uburenganzira indege zitagira abapilote zitwara abagenzi
1 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo gishinzwe iby’indege za gisivili mu Bushinwa (CAAC) cyemeje ibyemezo by’indege zitagira abapilote zo mu bwoko bwa tagisi ziguruka bwa mbere, nk’uko byatangajwe na South Morning Post (SCMP). Iki cyemezo cyemerera Nasdaq EHang Holdings na Hefei Hey Airlines gukoresha ibinyabiziga byo mu kirere bidafite abadereva muri serivisi zo gutwara abagenzi mu bucuruzi, harimo no gutembera mu mijyi.
-
Ubwiyongere bwa Malariya mu Rwanda buraterwa n’iki?
21 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) kivuga ko indwara ya Malariya yikubye inshuro ebyiri ugereranyije kuva mu kwezi kwa cyenda k’umwaka ushize wa 2023 n’ukwezi kwa Nzeri 2024 aho abarwayi bavuye ku bihumbi 43 bikuba inshuro ebyiri.
-
Mugabe Aristide wabaye kapiteni w’Ikipe y’Igihugu yasezeye burundu basketball
10 February, by Angeline MUKANGENZIMugabe Aristide wakiniye amakipe anyuranye mu mukino wa Basketball n’iy’Igihugu yanabereye Kapiteni wayo, yatangaje ko yahagaritse burundu gukina uyu mukino nk’uwabigize umwuga.
-
Imibare y’abiciwe mu gitero cyagabwe i Bukavu ikomeje kwiyongera
28 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZAUmutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo watangaje ko abiciwe mu gitero cya gerenade ebyiri cyagabwe mu baturage mu mujyi wa Bukavu biyongereyeho babiri.
-
U Burusiya bwashinje Amerika kuba inyuma y’umugambi w’ihirikwa rya Assad
31 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, yavuze ko kuba Amerika yarigaruriye tumwe mu duce dukungahaye kuri peteroli n’ibihano bikomeye by’ubukungu yafatiye Syria mu myaka ishize, ari byo byatumye uwahoze ari perezida w’iki gihugu cyo mu Burasirazuba bwo Hagati, Bashar al-Assad ahirikwa ku butegetsi.
-
Ishyaka UPRONA ryashinje Leta y’u Burundi kwimika ubujiji
20 May 2025, by Angeline MUKANGENZIIshyaka UPRONA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi ryashinje CNDD-FDD ya Perezida Evariste Ndayishimiye guha akazi abanyamuryango gusa, rititaye ku bumenyi bukenewe kugira ngo igihugu gitere imbere.
-
Ese koko mu ndege habamo umwanya utekanye kurisha iyindi?
14 June 2025, by ISIMBI EstellaNyuma y’uko umugabo w’Umwongereza, Ramesh, abaye umwe rukumbi warokotse impanuka y’indege ya Air India iherutse kubera i Ahmedabad mu Buhinde, byatumye abantu bibaza niba koko umwanya wa 11A yari yicayemo ari wo mwanya utekanye kurusha indi mu ndege.
-
Abashoferi b’imodoka zambukiranya imipaka ntibarebwa n’ibihano bishya byo gukurwaho amanota
14 January, by Angeline MUKANGENZIImpushya zo gutwara ibinyabiziga zatangiwe mu Rwanda n’izatangiwe mu mahanga ariko zifitwe n’abemerewe gutura mu Rwanda bya burundu ni zo zonyine zizashyirwa mu buryo bw’ikoranabuhanga bushya bwo gukata amanota hashingiwe ku myitwarire y’utwaye ikinyabiziga mu muhanda nk’uko itegeko rishya rigenga imikoreshereze y’umuhanda ribigena.
-
Nigeria: Umunyeshuri utambaye isutiye ntiyemererwa gukora ikizamini
19 June 2025, by ISIMBI EstellaKaminuza ya Olabisi Onabanjo yo muri Nigeria, yarikoroje nyuma yuko hasohotse amashusho agaragaza abanyeshuri b’abakobwa basakwa mu mabere ngo harebwe ko bambaye amasutiye, mbere yuko binjira mu kizamini.
Umuryango.rw
Chris Brown yakinnye ku mubyimba abashaka kwica ibitaramo bye
U Bushinwa bwahaye uburenganzira indege zitagira abapilote zitwara abagenzi
Ubwiyongere bwa Malariya mu Rwanda buraterwa n’iki?
Imibare y’abiciwe mu gitero cyagabwe i Bukavu ikomeje kwiyongera
U Burusiya bwashinje Amerika kuba inyuma y’umugambi w’ihirikwa rya Assad
Ishyaka UPRONA ryashinje Leta y’u Burundi kwimika ubujiji
Ese koko mu ndege habamo umwanya utekanye kurisha iyindi?
Abashoferi b’imodoka zambukiranya imipaka ntibarebwa n’ibihano bishya byo gukurwaho amanota
Nigeria: Umunyeshuri utambaye isutiye ntiyemererwa gukora ikizamini