Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imiyoborere(RGB), ruvuga ko nyuma yo kwambura ubuzima gatozi imwe mu miryango ishingiye ku myemerere (amadini n’amatorero), imitungo yayo irimo insengero, ikoreshwa icyo amategeko shingiro agenga iyo miryango ateganya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Hari Amaherezo yibikorwa by’insengero zambuwe ubuzima gatozi?
4 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Kim Jong Un yongeye gutorerwa kuyobora ishyaka riri ku butegetsi muri Koreya ya Ruguru
23 February, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yongeye gutorerwa kuba Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka ry’abakozi muri iki gihugu ari na ryo abarizwamo.
-
U Bushinwa bwohereje mu isanzure icyogajuru cyo gucyura abashakashatsi babwo bahezeyo
25 November 2025, by ISIMBI EstellaU Bushinwa bwihutiye kohereza icyogajuru mu isanzure cyo gucyura abashakashatsi batatu basigaye kuri sitasiyo y’iki gihugu mu isanzure, batari bafite uburyo bwo kugaruka ku Isi.
-
Bwiza yahakanye ibimuvugwaho ko agiye gukora ubukwe
15 January, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Bwiza Emerance yateye utwatsi amakuru avuga ko yitegura gukora ubukwe ndetse ko umuryango w’uwo bazabana wamaze gusaba irembo uwe, gusa avuga ko biri mu byo asengera ngo bizashoboke.
-
Chris Brown yajyanywe mu nkiko n’umufana wiyita umugore we
25 April 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’icyamamare Chris Brown yisanze mu nkiko aregwa n’umufana we witwa Angela Reliford usanzwe yiyita umugore we, amushinja ko yamusebeje ku mbuga nkoranyambaga.
-
Sudani: Nibura abantu 73 bapfuye urupfu rw’amayobera mu mujyi wagoswe na RSF
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNibura abantu 73 bapfuye mu buryo bw’amayobera mu Mujyi wa al-Hilaliya wo muri Sudani, wagoswe n’ingabo za Rapid Support Forces, nk’uko byatangajwe n’Ihuriro ry’Abaganga bo muri Sudani.
-
Kimwe mu bigo byigenga bitanga serivisi z’umutekano mu Rwanda cyahagaritswe
1 April, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda yatangaje ko ikigo Security Company Against Robbery (SCAR) Ltd gitanga serivisi z’umutekano, cyambuwe uburenganzira bwo gukora.
-
AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura banki i Goma na Bukavu, niba ahangayikiye abaturage
3 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuyobozi w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa Yobeluo, yahaye Perezida Félix Tshisekedi umukoro wo gufungura banki ziri mu Mujyi wa Bukavu na Goma, niba ahangayikiye Abanye-Congo bahatuye.
-
Munyakazi Sadate na Hadji Kanyabugabo basohowe muri group ya WhatsApp yo gufasha Rayon Sports
2 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’imikino ya shampiyona, inkundura y’amagambo hagati ya Munyakazi Sadate na Kanyabugabo Mohamed Hadji yatumye aba bombi basohorwa muri group ya WhatsApp ihuza abafana ba Rayon Sports bashyigikira iyi kipe mu buryo bwihariye.
-
Nduhungirehe yavuze ko asanga nta masomo Loni yakuye kuri Jenoside yakorewe Abatutsi n’iyakorewe Abayahudi
28 January, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Nduhungirehe Olivier, yavuze ko nyuma y’imyaka 81 habaye Jenoside yakorewe Abayahudi (Holocaust) ndetse n’indi 32 ishize iyakorewe Abatutsi ibaye, nta somo rifatika zasigaye Umuryango w’Abibumbye kuko muri iyo myaka habayeho indi Jenoside ndetse imvugo zihembera urwango zumvikana mu Karere zikomeje kurenzwa ingohe.
Umuryango.rw
Hari Amaherezo yibikorwa by’insengero zambuwe ubuzima gatozi?
Kim Jong Un yongeye gutorerwa kuyobora ishyaka riri ku butegetsi muri Koreya ya Ruguru
U Bushinwa bwohereje mu isanzure icyogajuru cyo gucyura abashakashatsi babwo bahezeyo
Bwiza yahakanye ibimuvugwaho ko agiye gukora ubukwe
Chris Brown yajyanywe mu nkiko n’umufana wiyita umugore we
Sudani: Nibura abantu 73 bapfuye urupfu rw’amayobera mu mujyi wagoswe na RSF
Kimwe mu bigo byigenga bitanga serivisi z’umutekano mu Rwanda cyahagaritswe
AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura banki i Goma na Bukavu, niba ahangayikiye abaturage
Munyakazi Sadate na Hadji Kanyabugabo basohowe muri group ya WhatsApp yo gufasha Rayon Sports
Nduhungirehe yavuze ko asanga nta masomo Loni yakuye kuri Jenoside yakorewe Abatutsi n’iyakorewe Abayahudi