Umuvugizi wa leta ya DR Congo yatangaje ko iki gihugu kigomba kuvanaho “impamvu zose u Rwanda rutanga kugira ngo rukure ingabo zabo mu gihugu cyacu”, harimo no gusenya umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RD Congo yiteguye kurandura FDLR? Iki ni igisubizo cya Patrick Muyaya
15 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Uganda: Rema yahakanye ibyo gutandukana n’umugabo we
12 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi Rema Namakula uri mu bakomeye muri Uganda, yagaragaje ko amakuru amaze iminsi akwirakwira ko yaba yaratandukanye n’umugabo we, Dr. Hamza Ssebunya, atari yo.
-
Nimero imwe y’umuti wa Asprine Vitamin C yahagaritswe mu Rwanda
24 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIkigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa, Rwanda FDA, ku wa 23 Mata 2025 cyahagaritse nimero B6224 y’umuti wa Asprine Vitamin C 330mg/200mg ukorwa n’uruganda UPSA rwo mu Bufaransa.
-
Kinshasa:Abo mu ubutasi barishisha umwe muri bo wahaye mwene wabo akazi
15 January 2025, by Joseph IradukundaAbakora mu rwego rw’ubutasi rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo banditse ibaruwa yamagana umuyobozi wabo, Gen Maj Makombo Mwinaminayi Jean-Roger, bamushinja kubaka “akazu”.
-
U Bwongereza bwafashije Amerika gufata ubwato bw’u Burusiya butwara peteroli
8 January, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ingabo y’u Bwongereza, yatangaje ko yafashije ingabo za Amerika mu gikorwa cyo gufata ubwato butwara peteroli bwari bufite ibendera ry’u Burusiya.
-
Anne Kansiime yasobanuye impamvu yavuye muri ‘Funy Factory’
11 June 2025, by ISIMBI EstellaUmunyarwenya Anne Kansiime yatangaje ko impamvu yatumye afata icyemezo cyo guhagarika gukina mu itsinda rikina udukino tw’urwenya ‘Funy Factory’ no kuba atakitabira ibiganiro by’itangazamakuru, ari ukugira ngo akomeze gutanga ibintu byiza ku bakunzi by’umwihariko abamukurikira ku rubuga rwe rwa YouTube.
-
Andrés Iniesta wamamaye mu ikipe ya Barcelona agiye guhagarika gukina ruhago
1 October 2024, by Joseph IradukundaUmunya Espgane Andrés Iniesta wakiniye FC Barcelona yatangaje ko yahagaritse gukina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga ku myaka 40 ariko avuga ko azabishyira ku mugaragaro mu cyumweru gitaha.
-
Ukraine yahawe amahirwe ya nyuma na Medvedev wahoze ayobora u Burusiya
21 May 2025, by Angeline MUKANGENZIDmitry Medvedev wahoze ari Perezida w’u Burusiya yavuze ko abayobozi ba Ukraine bafite amahirwe ya nyuma yo kugirana ibiganiro n’u Burusiya kugira ngo baramire igihugu cyabo, bitaba ibyo bazamera nka cya kirondwe cyasigaye ku ruhu inka yarariwe kera.
-
Israel yongeye kurasa muri Syria
2 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo za Israel zemeje ko zagabye ibitero bikomeye mu Murwa Mukuru wa Syria, Damascus, hafi y’Ingoro ikoreramo Umukuru w’Igihugu, mu rwego rwo kwihimura ku ngabo za Syria zishinjwa kubangamira Aba-Druze bazwiho kugira imyemerere yihariye.
-
Abadepite b’abagore muri Afurika basabwe kutarebera akarengane kari muri RDC
20 May 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda Umutwe w’Abadepite, Kazarwa Gerturde, yasabye abagore bagize intego zishinga amategeko mu bihugu byo muri Afurika bibarizwa muri ‘Commonwealth’, kuzamura ijwi ryabo mu gihe hari aho uburenganzira bw’ikiremwamuntu butubahirizwa, nko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Umuryango.rw
RD Congo yiteguye kurandura FDLR? Iki ni igisubizo cya Patrick Muyaya
Uganda: Rema yahakanye ibyo gutandukana n’umugabo we
Nimero imwe y’umuti wa Asprine Vitamin C yahagaritswe mu Rwanda
Kinshasa:Abo mu ubutasi barishisha umwe muri bo wahaye mwene wabo akazi
U Bwongereza bwafashije Amerika gufata ubwato bw’u Burusiya butwara peteroli
Anne Kansiime yasobanuye impamvu yavuye muri ‘Funy Factory’
Andrés Iniesta wamamaye mu ikipe ya Barcelona agiye guhagarika gukina ruhago
Ukraine yahawe amahirwe ya nyuma na Medvedev wahoze ayobora u Burusiya
Israel yongeye kurasa muri Syria
Abadepite b’abagore muri Afurika basabwe kutarebera akarengane kari muri RDC