Urusaku rw’imbunda rwinshi rwaraye rwumvikanye mu bice by’umujyi wa Uvira uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’aho Ingabo za Congo zarashwe ubwo zari zigiye kwiba mu gace kamwe ko muri uriya mujyi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uvira: FARDC yagiye kwiba bayimishaho urufaya rw’amasasu
9 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Abanyarwanda batuye muri Guinea bizihije Umunsi w’Intwari
10 February, by ISIMBI EstellaAbanyarwanda baba mu gihugu cya Guinea bizihije Umunsi w’Intwari z’u Rwanda, igikorwa cyabaye ku wa 07 Gashyantare 2026, kigahuza n’icyindi cy’Umuganda Rusange wakorewe muri Komini ya Ratoma.
-
Sober night: Igitaramo cyaranzwe n’udushya twinshi n’ubwitabire budasanzwe
23 December 2024, by UbwanditsiKuri Uyu wa 22 ukuboza 2024 Kuri Mundi centre habereye igitaramo cyitabiriwe n’umubare munini w’urubyiruko.
-
RGB yagaragaje ishusho y’imitangire ya serivisi mu myaka 31 u Rwanda rwibohoye
2 July 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, rwatangaje ko mu myaka 31 ishize u Rwanda rwibohoye, imitangire ya serivisi yihuse cyane kuko hashyizweho uburyo bw’ikoranabuhanga n’ubuyobozi bukegerezwa abaturage.
-
AFC/M23 iragarura Impunzi z’Abanye-Congo zose iwabo
31 January 2025, by Joseph IradukundaIhuriro AFC ry’imitwe ya politiki n’uwitwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo urashishikariza impunzi z’Abanye-Congo bavuga ikinyarwanda bahungiye hirya no hino ku Isi kugaruka mu gihugu cyabo kuko amahoro yagarutse.
-
Raporo nshya yagaragaje ko America yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye
1 April, by ISIMBI EstellaRaporo nshya yagaragaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye zibizi, igitero cya missile zitageragejwe ngo harebwe ingaruka zazo, ku basivile bo Mujyi wa Lamerd mu majyepfo ya Iran, benshi barahagwa abandi barakomereka.
-
Umunyarwandakazi Gloria Bugie arifuza imodoka n’ikibanza nk’impano ku isabukuru ye
9 September 2025, by Brenda MIZEROUmunyarwandakazi Gloria Busingye wamamaye mu muziki nka Gloria Bugie akorera muri Uganda, yongeye kuvugisha abantu nyuma yo gutangaza ibyo yifuza ku isabukuru ye izaba ku wa 22 Nzeri 2025. Muri ibyo yifuje harimo imodoka yo mu bwoko bwa Mercedes-AMG G 63 (G-Wagon) ndetse n’ikibanza cya hegitari imwe mu mujyi wa Kampala.
-
Indege y’u Burusiya yafatiriwe na Canada imaze kubarirwa arenga miliyoni 1,5$ ya parikingi
25 January, by ISIMBI EstellaIndege y’uu Burusiya imaze imyaka ine Guverinoma ya Canada yarayifatiriye mu rwego rwo gushyira igitutu kuri iki gihugu ngo gihagarike intambara imaze igihe, imaze kubarirwa miliyoni 1,5$ ya parikingi.
-
Chris Froome yabazwe umutima nyuma yo gukomerekera mu mpanuka ikomeye
3 September 2025, by ISIMBI EstellaUmugore wa Chris Froome yatangaje ko uyu mukinnyi w’amagare wegukanye Tour de France inshuro enye, yakomeretse ku mutima ubwo yakoraga impanuka ikomeye yabereye mu Majyepfo y’u Bufaransa ari mu myitozo mu cyumweru gishize.
-
Amerika yafatiye ibihano abashakira ADF imibereho muri Afurika y’Epfo
24 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuLeta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano abantu batatu bamaze igihe kinini bashakira umutwe w’iterabwoba wa ADF inkunga mu bihugu birimo Afurika y’Epfo.
Umuryango.rw
Uvira: FARDC yagiye kwiba bayimishaho urufaya rw’amasasu
Abanyarwanda batuye muri Guinea bizihije Umunsi w’Intwari
Sober night: Igitaramo cyaranzwe n’udushya twinshi n’ubwitabire budasanzwe
RGB yagaragaje ishusho y’imitangire ya serivisi mu myaka 31 u Rwanda rwibohoye
AFC/M23 iragarura Impunzi z’Abanye-Congo zose iwabo
Umunyarwandakazi Gloria Bugie arifuza imodoka n’ikibanza nk’impano ku isabukuru ye
Indege y’u Burusiya yafatiriwe na Canada imaze kubarirwa arenga miliyoni 1,5$ ya parikingi
Chris Froome yabazwe umutima nyuma yo gukomerekera mu mpanuka ikomeye
Amerika yafatiye ibihano abashakira ADF imibereho muri Afurika y’Epfo