Kuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Ugushyingo 2024, Ukraine yarashe mu Burusiya ibisasu bya misile byakozwe n’u Bwongereza byo mu bwoko bwa Storm Shadow.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ukraine yanakoresheje missiles z’u Bwongereza mu kurasa mu Burusiya nyuma y’iza Amerika
21 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Inkuru ya Akimana, Umurundi wisanze mu ntambara yo muri Ukraine nyuma yo kubeshywa buruse
10 February, by Angeline MUKANGENZIUmurundi w’imyaka 32 y’amavuko witwa Jean-Bosco Akimana yatangaje ko mu Ugushyingo 2025 yajyanywe mu Burusiya yabeshywe ko agiye kwiga muri kaminuza ku buntu, ariko ubwo yageragayo yoherezwa mu myitozo ya gisirikare no mu ntambara yo muri Ukraine.
-
Autriche: Umunyeshuri yarashe bagenzi be na we ariyahura
10 June 2025, by ISIMBI EstellaUmugizi wa nabi wari witwaje intwaro yagabye igitero ku ishuri ryisumbuye rya Dreierschützengasse riherereye mu mujyi wa Graz uri mu ntera y’ibilometero 200 uvuye mu murwa mukuru, Vienna, yica abagera ku 10.
-
Uganda: Bobi Wine yasabye abamushyigikiye kwigaragambya bamagana ibyavuye mu matora
21 January, by ISIMBI EstellaUmukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Bobi Wine, yatangaje ko atazajuririra mu nkiko ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu yabaye ku wa kane tariki 15 Mutarama 2026, avuga ko adafite icyizere mu bucamanza bwo muri icyo gihugu. Ibi yabibwiye BBC, aho yasabye abamushyigikiye kujya mu mihanda kwigaragambya mu mahoro mu rwego rwo kurengera demokarasi.
-
Ishoramari mu Rwanda ryageze kuri miliyari 3,27$ mu 2024, rihanga imirimo 50.000
10 January, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko mu 2024 ishoramari ryakorewe mu Rwanda ryageze ku gaciro ka miliyari 3,27 $ rivuye kuri miliyari 1,67$ ryariho mu myaka umunani ishize kandi rigira uruhare rukomeye mu guhanga imirimo mishya irenga 50.000 mu mwaka.
-
Inkende zize amayeri yo kwiba telefoni n’amadarubindi zikayasubiza uzihaye ibiryo
1 August 2025, by ISIMBI EstellaItsinda ry’inkende ziba ku rusengero rwa Uluwatu, ruri ku nkombe z’Amajyepfo y’ikirwa cya Bali, zagaragaje amayeri adasanzwe, aho ziba telefoni n’amadarubindi (lunettes) bya ba mukerarugendo zikabibasubiza ari uko bazihaye ibyo kurya.
-
MINEDUC yihanangirije amashuri yatangiye kwishyuza amafaranga y’umurengera ababyeyi
18 September 2022, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi Ushinzwe Amashuri y’Imyuga n’Ubumenyingiro, Irere Claudette, yihanangirije abayobozi b’ibigo by’amashuri batangiye kwaka ababyeyi amafaranga bari basanzwe bishyura, bakababwira ko bagomba kuyishyura mu ntoki.
Ibi yabitangarije mu biganiro n’abayobozi b’Ibigo by’amashuri aho baganira ku miyoborere iboneye y’ibigo by’amashuri hacyemurwa ibibazo bibangamiye Umuryango Nyarwanda, yarimo we n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kugali Pudence Rubingisa, (…) -
Perezida wa Ghana yahagaritse Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga
23 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Ghana, John Dramani Mahama yahagaritse Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Gertrude Torkornoo, ku mwanya w’ubuyobozi ku mpamvu zitaramenyekana.
-
Ni gute Rafiki yisanze mu gitaramo cya Jose Chameleone
26 May 2025, by ISIMBI EstellaBenshi batunguwe no kubona Rafiki wamamaye nka ‘Coga Style’ mu bagombaga gususurutsa abakunzi ba muzika mu gitaramo cyari cyatumiwemo Jose Chameleone cyabereye muri Kigali Universe mu ijoro ryo ku wa 25 Gicurasi 2025.
-
Uwitwa ICYIMANIMPAYE Abdenego yasabye guhindura amazina akitwa TWAGIRAYESU Abdenego
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa Uwitwa ICYIMANIMPAYE Abdenego yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa TWAGIRAYESU Abdenego mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano hasi
Umuryango.rw
Ukraine yanakoresheje missiles z’u Bwongereza mu kurasa mu Burusiya nyuma y’iza Amerika
Autriche: Umunyeshuri yarashe bagenzi be na we ariyahura
Uganda: Bobi Wine yasabye abamushyigikiye kwigaragambya bamagana ibyavuye mu matora
Ishoramari mu Rwanda ryageze kuri miliyari 3,27$ mu 2024, rihanga imirimo 50.000
Inkende zize amayeri yo kwiba telefoni n’amadarubindi zikayasubiza uzihaye ibiryo
MINEDUC yihanangirije amashuri yatangiye kwishyuza amafaranga y’umurengera ababyeyi
Perezida wa Ghana yahagaritse Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga
Ni gute Rafiki yisanze mu gitaramo cya Jose Chameleone
Uwitwa ICYIMANIMPAYE Abdenego yasabye guhindura amazina akitwa TWAGIRAYESU Abdenego