Polisi y’Igihugu yemeje ko umwana w’umukobwa wo mu karere ka Nyabihu witwa Mpano Becky Belle Patient wari umaze icyumweru kirenga yarabuze yamaze kuboneka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyabihu: Mpano wari umaze icyumweru kirenga yarabuze yabonetse
30 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Tanzania yafunze itorero rya Pantekote ryamaganye ishimutwa ry’abantu
4 June 2025, by ISIMBI EstellaMinisitireri y’Umutekano w’Imbere muri Tanzania yafunze insengero z’itorero rya Pantekote ryitwa Glory of Christ Church nyuma y’aho Umushumba waryo akaba n’umudepite, Josephat Gwajima, yamaganye ishimutwa ry’abantu rikomeje muri iki gihugu.
-
RDC: Urubanza rwa Lt Gen. Yav ushinjwa gukorana n’u Rwanda rwahinduye isura
18 February, by Angeline MUKANGENZIIburanisha mu rubanza ruregwamo Lt. Gen. Philémon Yav Irung ryakomeje kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 17 Gashyantare 2026, imbere y’Urukiko Rukuru rwa Gisirikare, humvwa umutangabuhamya, Lt. Gen. Fall Sikabwe, wahamagajwe n’ubushinjacyaha. Uyu yavuze ko ahubwo Gen. Yav yari mu basirikare bakuru u Rwanda rwifuzaga ko bicwa.
-
Perezida Kagame yavuze uko u Rwanda rwasenywe na Jenoside rwiyubatse cyane mu nama y’abayobozi b’amakipe akina NBA yitabiriye [AMAFOTO]
12 April 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Paul Kagame yaraye agiranye ikiganiro n’Umunyamakuru wa CNN,John King,bahuriye mu nama yari yahuje abayobozi batandukanye bayobora amakipe akina shampiyona ikomeye kurusha izindi ku isi muri Basketball,NBA.
-
Nyarutarama huzuye inzu nziza zihendutse ku bifuza gutura cyangwa gutuza imiryango yabo
30 December 2019, by UbwanditsiDND Developers Ltd, Sosiyete y’Ubwubatsi ikorera mu Rwanda yashinzwe mu 2015 ifite intego yo guteza imbere imiturire myiza kandi ihendutse ubu ikaba yujuje amazu meza I Nyarutarama kandi ari ku giciro gito ugereranyije n’agaciro kazo n’aho ziri kuri ubu ndetse n’uko kazagenda kazamuka uko imyaka nayo izagenda ishira.
Iki kigo gikorera i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali, kimaze kubaka inzu nyinshi zigerekeranye (Apartments) kandi zihendutse ugereranyije n’izindi zubatse mu gace ziherereyemo (…) -
Nicaraga iwanjye nkarira gusa – Spyro yatengushywe no gukorana na Davido
22 April 2025, by ISIMBI EstellaSpyro yatangaje ko umuziki we wakomeje kudindira nyuma yo gukorana indirimbo na Davido ndetse na Mayorkun, nyamara yari yiteze ko nyuma yo gukorana n’ibi byamamare bizamufasha kuzamura urwego rw’umuziki we.
-
Uganda: Umuhanzikazi Nina Roz yatangiye urugendo rwo kwiyamamariza kuba Depite
11 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi w’Umunya-Uganda, Nina Roz yinjiye mu ruhando rwa politiki ku mugaragaro, nyuma yo kujya ku cyicaro cy’ishyaka National Unity Platform (NUP) giherereye i Makerere Kavule, agafata impapuro zo kwiyamamariza kuba Umudepite uhagarariye abagore mu Karere ka Ssembabule mu matora rusange ateganyijwe mu 2026.
-
Nyarugenge: Umugore wiyubashye yafashwe arimo gutuburira abarwayi mu bitaro bya CHUK
16 January, by Angeline MUKANGENZIUmugore bigaragara ko yiyubashye yafatiwemu Bitaro bya Kaminuza bya CHUK biherereye mu Murenge wa Nyarugenge, Akarere ka Nyarugenge arimo gutuburira abarwayi n’indembe ashaka kubiba amafaraga yabo.
-
Bwiza azamurikira album ye mu Bubiligi
30 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuBwiza umaze iminsi i Burayi mu biruhuko, yamaze kwemeranya na Justin Karekezi usanzwe ategura ibitaramo akanatumira abahanzi batandukanye b’i Kigali binyuze muri sosiyete ye ‘Team Production’, gukorera mu Bubiligi igitaramo cyo kumurika album ye ya kabiri.
-
Nkunda u Rwanda n’Abanyarwanda- Gen Muhoozi
15 February, by Angeline MUKANGENZIUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yongeye gushimangira ko mu minsi mike iri imbere azagirira uruzinduko i Kigali, ndetse avuga ko akunda u Rwanda n’Abanyarwanda.
Umuryango.rw
Nyabihu: Mpano wari umaze icyumweru kirenga yarabuze yabonetse
Tanzania yafunze itorero rya Pantekote ryamaganye ishimutwa ry’abantu
Nicaraga iwanjye nkarira gusa – Spyro yatengushywe no gukorana na Davido
Uganda: Umuhanzikazi Nina Roz yatangiye urugendo rwo kwiyamamariza kuba Depite
Nyarugenge: Umugore wiyubashye yafashwe arimo gutuburira abarwayi mu bitaro bya CHUK
Bwiza azamurikira album ye mu Bubiligi
Nkunda u Rwanda n’Abanyarwanda- Gen Muhoozi