Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yavuze ko ababyeyi batohereza abana ku ishuri uko byagenwe ari bo bazajya birengera igihombo giterwa no kuba imodoka zirirwa zibategereje kandi zahagaritse akazi ko gutwara abandi bagenzi, ariko bakabura.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Minisitiri Nsengimana yakebuye ababyeyi batohereza abana ku ishuri ku gihe
4 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Yambaye gisirikare ngo yemeze inkumi bimubyarira akaga
11 January 2025, by Joseph IradukundaMuri Tanzania, umusore yagejejwe imbere y’urukiko, nyuma yo gufatwa yambaye imyenda ya gisirikare kandi atari umusirikare, akabikora agamije kugira ngo yemeze umukobwa akunda.
-
Rusizi: Abagore 2 bafungiwe kwiba mu ngo binjiragamo nk’abasabiriza
29 September 2025, by ISIMBI EstellaMukarishiri Damarisi na Nyirangirimana Patricie batawe muri yombi nyuma yo gutahura ko bitwagaza kwinjira mu ngo basabiriza bagasiga bazicucuye mu Karere ka Rusizi.
-
RDC: Abashinwa batatu bafashwe basahura zahabu bakatiwe igifungo cy’imyaka irindwi
15 January 2025, by Joseph IradukundaUrukiko rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rukorera mu mujyi wa Bukavu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, rwakatiye Abashinwa batatu igifungo cy’imyaka irindwi n’ihazabu y’ibihumbi 600 by’Amadolari ya Amerika.
-
Gicumbi: Umukobwa w’imyaka 22 arashinjwa kubyara umwana akamutera icyuma
21 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi, kuwa Kabiri, itariki 18 Werurwe, bwaregeye Urukiko rw’ Ibanze rwa Byumba ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo, Umukobwa w’imyaka 22 y’amavuko utuye mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Rutare, ukurikiranyweho icyaha cyo kwica Umwana yibyariye amuteye icyuma.
-
Choplife Gaming yiyemeje gukomeza kwigisha urubyiruko amateka ya Jenoside
21 April 2025, by Angeline MUKANGENZIChoplife Gaming yiyemeje gukomeza kwigisha urubyiruko ruyikorera n’urundi rutandukanye amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 kugira ngo hirindwe ko ibyabaye mu Rwanda hari ahandi byaba.
-
M23 yerekanye imbunda zikomeye yambuye FARDC inanyomoza ibyavugwaga ko bayiciye abasirikare 27 [AMAFOTO]
2 July 2022, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 waraye werekanye imbunda zikomeye watse igisirikare cya Congo (FARDC) mu mirwano yabahuje.
Muri iyi mirwano yabaye tariki 30 Kamena mu gace ka Ntamugenga, FARDC yatangaje ko yafashe ibikoresho birimo imbunda eshanu za AK47, radio ndetse n’ingofero z’ubwirinzi.
Major Willy Ngoma uvugira M23 yerekanye intwarozikomeye n’imodoka uyu mutwe wambuye igisirikare cya Leta FARDC , ati " ubu se ko zanditseho marque y’igisirikare cya Kongo bazavuga ko zivuye mu kihe gihugu." (…) -
Rayon Sports WFC yegukanye Super Coupe ya 2025 inyagiye indahangarwa WFC
10 January, by ISHIMWE Jean de DieuRayon Sports WFC yanyagiye Indahangarwa WFC ibitego 4-0 yegukana Igikombe kiruta ibindi mu Rwanda “FERWAFA Super Coupe cya 2025.
-
Ingengo y’imari ya 2021/2022 iziyongeraho miliyari 342.2 Frw
12 May 2021, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yatangaje ko amafaranga ateganyijwe mu ngengo y’imari ya 2021/22 azagera kuri Miliyari 3,807 z’amafaranga y’u Rwanda, akaba aziyongeraho agera kuri Miliyari 342.2 Frw bingana na 9.8 % ugereranyije na Miliyari 3,464.8 ari mu ngengo y’imari ivuguruye y’uyu mwaka wa 2020/21.
-
Sankara yasimbujwe Capt. Herman ku buvugizi bwa FLN
7 May 2019, by Martin MunezeroItangazo ryasohowe n’ishyaka MRCD rirwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, rivuga ko nyuma y’itabwa muri yombi rya Callixte Nsabimana -Major Sankara- ryashyizeho Capitaine Herman Nsengimana nk’umusimbura we.
Umuryango.rw
Minisitiri Nsengimana yakebuye ababyeyi batohereza abana ku ishuri ku gihe
Yambaye gisirikare ngo yemeze inkumi bimubyarira akaga
Rusizi: Abagore 2 bafungiwe kwiba mu ngo binjiragamo nk’abasabiriza
RDC: Abashinwa batatu bafashwe basahura zahabu bakatiwe igifungo cy’imyaka irindwi
Gicumbi: Umukobwa w’imyaka 22 arashinjwa kubyara umwana akamutera icyuma
Choplife Gaming yiyemeje gukomeza kwigisha urubyiruko amateka ya Jenoside
M23 yerekanye imbunda zikomeye yambuye FARDC inanyomoza ibyavugwaga ko bayiciye abasirikare 27 [AMAFOTO]
Rayon Sports WFC yegukanye Super Coupe ya 2025 inyagiye indahangarwa WFC