Bishop Tom Rwagasana wari umuvugizi wungirije yandikiye itorero rya ADEPR asaba ko yasubizwa inshingano z’ubupasiteri yahoranye na mbere.Ni nyuma y’icyumweru kimwe ADEPR itangaje ko yamwambuye izi nshingano burundu na mugenzi we, Bishop Jean Sibomana.
Ku wa 17 Nzeri 2017 Bishop Tom Rwagasana yarekuwe n’urukiko kubera impamvu z’uburwayi.
Uyu mugabo yatawe muri yombi nyuma y’umunsi hafashwe n’abandi bayobozi batatu babarizwa muri ADEPR n’abo bakurikiranyweho gucunga nabi umutungo w’iri (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Bishop Rwagasana yandikiye ADEPR asaba gusubizwa inshingano z’ubupasiteri yambuwe
14 October 2017, by Iyamuremye Janvier -
Nigeria: Intambara y’abahinzi n’aborozi yaguyemo 17
19 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi yo muri Nigeria yatangaje ko abantu 17 bapfiriye mu gitero cyagabwe n’aborozi rwagati muri leta ya Benue, bituma intambara hagati y’abahinzi n’aborozi irushaho gukaza umurego.
-
Min. Ndagijimana yahishuye inyungu ikomeye u Rwanda ruzakura mu masezerano rwasinyanye n’Ubushinwa
8 December 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri, u Rwanda n’u Bushinwa byasinyanye amasezerano akuraho gusoresha kabiri ibicuruzwa biva mu gihugu kimwe bijya mu kindi, akaba ari amasezerano yitezweho kuzamura ishoramari no guteza imbere ubucuruzi hagati y’ibihugu byombi.
Aya masezerano yashyizweho umukono na Minisitiri w’ Imari n’igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana na ambasaderi w’u Bushinwa mu Rwanda, Rao Hongwei.
Dr. Uzziel Ndagijimana agaragaza ko aya masezerano nk’u Rwanda ruzayungukiramo kuko u Bushinwa ari (…) -
Nyanza: Abaturage barenga 800 bagiye kuvurwa ku buntu n’ingabo za EAC zishyize hamwe
30 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbasirikare b’inzobere mu buvuzi bo mu bihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba batangiye gutanga ubuvuzi bwihariye bw’indwara zigera ku icumi, ku baturage b’Akarere ka Nyanza, aho biteganyijwe ko hazavurwa abagera kuri 800 ku buntu, mu gihe cy’iminsi itanu.
-
NISR-Abanyarwanda biyongereho ibihumbi 853 mu myaka itatu
11 July 2025, by Joseph IradukundaIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko Abanyarwanda bageze kuri miliyoni 14,1 mu 2025, bigaragaza ko biyongereyeho ibihumbi 853 mu myaka itatu.
-
M23 Yafashe ibice by’Ingenzi Muri Teritwari Ya Lubero
4 November 2024, by Joseph IradukundaKuri iki Cyumweru abarwanyi ba M23 bafashe agace ka Kamandi-Gite kari mu Burengerazuba bw’ikiyaga cya Edouard kuri muri Sheferiy a Butangi muri Teritwari ya Lubero.
-
Kenny Sol yasezeye 1:55AM
3 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKenny Sol yamaze gusezera muri 1:55AM yinjiyemo mu 2024, akavuga ko byaturutse ku bwumvikane impande zombi zagiranye.
-
Mbese Tshisekedi n’Umubiligi Prévot babaye aba nde wee!!!
21 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuTshisekedi ntiyifuza ko intambara yo muri Kivu zombi irangira; kuko irangiye abanye-Congo bamubaza ubukungu n’imiyoborere myiza yabemereye igihe bizazira byabura bakamukuraho.
-
Anne Kansiime yasobanuye impamvu yavuye muri ‘Funy Factory’
11 June 2025, by ISIMBI EstellaUmunyarwenya Anne Kansiime yatangaje ko impamvu yatumye afata icyemezo cyo guhagarika gukina mu itsinda rikina udukino tw’urwenya ‘Funy Factory’ no kuba atakitabira ibiganiro by’itangazamakuru, ari ukugira ngo akomeze gutanga ibintu byiza ku bakunzi by’umwihariko abamukurikira ku rubuga rwe rwa YouTube.
-
Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda
30 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavuze ko amasezerano y’amahoro iki Gihugu cyasinyanye n’u Rwanda i Washington, ari intambwe itanga icyizere ku muti w’ibibazo biri mu burasirazuba bw’Igihugu ayoboye.
Umuryango.rw
Nigeria: Intambara y’abahinzi n’aborozi yaguyemo 17
Min. Ndagijimana yahishuye inyungu ikomeye u Rwanda ruzakura mu masezerano rwasinyanye n’Ubushinwa
Nyanza: Abaturage barenga 800 bagiye kuvurwa ku buntu n’ingabo za EAC zishyize hamwe
NISR-Abanyarwanda biyongereho ibihumbi 853 mu myaka itatu
M23 Yafashe ibice by’Ingenzi Muri Teritwari Ya Lubero
Kenny Sol yasezeye 1:55AM
Mbese Tshisekedi n’Umubiligi Prévot babaye aba nde wee!!!
Anne Kansiime yasobanuye impamvu yavuye muri ‘Funy Factory’
Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda