U Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda 337 bari barafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC).
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda barenga 300 babaga muri RDC
11 December 2025, by ISIMBI Estella -
Ibyavugiwe mu rubanza rwa Mugisha uba muri America ukekwaho kwica agongeye mugenzi we i Kigali
6 February, by Angeline MUKANGENZIMugisha David Gakuba uba muri Leta Zunze Ubumwe za America ukurikiranyweho kwica mugenzi we Ngabo Eric amugongeye ku kabari ko mu Mujyi wa Kigali, yagejejwe imbere y’Urukiko aburana ku ifungwa ry’agateganyo, avuga ko atagonze nyakwigendera ku bushake, ndetse ko yanabimenye hashize umwanya.
-
BIRAVUGWA: Abayobozi bakomeye muri RMB ndetse na nyir’ikirombe GAMICO barafunze
25 April 2025, by UbwanditsiAbayobozi bakomeye muri RMB ndetse na nyir’ikirombe GAMICO kiri muri Bashyamba mu Murenge wa Kigali barafunze. Amakuru aturuka mu Urwego rw’Igihugu rushinzwe Mine, Peteroli na Gaz (RWANDA MINING BOARD) aravuga ko hari bamwe bakozi bakuru ku rwego rwa “Division” muri iki kigo batawe muri yombi ndetse na bamwe mu bafite ibirombe bakomeye nabo batawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha.
Amakuru avuga ko abari gukurikiranwa ndetse bikaba bishoboka bo banatawe muri yombi harimo John (…) -
Yahuye n’ababyeyi be nyuma y’imyaka 28 baburanye mu gihe cya Jenoside Yakorewe Abatutsi [AMAFOTO]
16 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUwamahoro Angelique nyuma y’imyaka 28 atazi umuryango avukamo, yongeye kubona se na nyina n’abavandimwe be barindwi batandukanyijwe na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 buri wese akaba yari azi ko abe bishwe.
-
Amerika: Umunyarwanda yafunzwe agerageza guhisha uruhare rwe muri Jenoside
17 June 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko Rukuru rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Ohio rukurikiranyeho ibyaha bitatu umunyarwanda Vincent Nzigiyimfura usanzwe atuye Dayton, Ohio.
-
Imyambarire y’ibyamamare byatashe ubukwe bya Juma Jux (Amafoto)
31 May 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi wo muri Tanzania, Juma Jux n’umukunzi we Priscilla Ajoke Ojo bakoze ibirori bisoza ubukwe bwabo, byitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye birimo Diamond Platnumz, Zuchu, Navy Kenzo, Aunt Ezekiel n’abandi.
-
Hashyizweho itegeko rinoza isuzumangaruka ku mishinga minini y’ibidukikije no ku baturage
1 September 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda yashyizeho itegeko rya Minisitiri rishya, risaba ko imishinga minini yose izajya ibanza gukorerwa isuzumangaruka ku bidukikije no ku mibereho y’abaturage.
-
Ni ukwiyahura: RBC yakebuye abinangira bakanywa inzoga z’inkorano nkana
7 February, by Angeline MUKANGENZIIkigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima (RBC) cyaburiye abantu bakomeza kwirengagiza nkana ingaruka zo kunywa inzoga z’inkorano, kibibutsa ko kuzinywa ntaho bitaniye no kunywa uburozi bushobora gutera urupfu.
-
Perezida Macron na Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani mu ntambara y’amagambo
20 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron na Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani, Giorgia Meloni bongeye kugaragaza kutavuga rumwe, biturutse ku kibazo cy’umusore w’Umufaransa wishwe na mugenzi we mu Mujyi wa Lyon.
-
Uganda: Abaturage bashinje FDLR kubashimuta no kubasahura
29 April, by ISIMBI EstellaAbatuye mu Karere ka Kisoro muri Uganda bashinje abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR kwambuka umupaka baturutse mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bakabashimuta ndetse bakabacucura imitungo yabo.
Umuryango.rw
U Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda barenga 300 babaga muri RDC
BIRAVUGWA: Abayobozi bakomeye muri RMB ndetse na nyir’ikirombe GAMICO barafunze
Yahuye n’ababyeyi be nyuma y’imyaka 28 baburanye mu gihe cya Jenoside Yakorewe Abatutsi [AMAFOTO]
Amerika: Umunyarwanda yafunzwe agerageza guhisha uruhare rwe muri Jenoside
Imyambarire y’ibyamamare byatashe ubukwe bya Juma Jux (Amafoto)
Hashyizweho itegeko rinoza isuzumangaruka ku mishinga minini y’ibidukikije no ku baturage
Ni ukwiyahura: RBC yakebuye abinangira bakanywa inzoga z’inkorano nkana
Perezida Macron na Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani mu ntambara y’amagambo