Urukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera (ICJ) rwavuze ko kuba Israel iri mu gace ka West Bank na Yesuralemu y’Iburasirazuba binyuranyije n’amategeko, ndetse isabwa guhita iva kuri ubwo butaka igihugu cya Palestine kitahwemye kuvuga ko ari ubwacyo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Urukiko rwa Loni rwategetse Israel kurekura uduce twa West Bank na Yerusalemu y’Iburasirazuba
20 July 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
U Burundi bwutse inabi uwabaye Minisitiri wabwo wabusabye kumvikana n’u Rwanda
24 December 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Dr. Edouard Bizimana, yutse inabi umwe mu bamubanjirije muri izi nshingano wasabye ubuyobozi bw’igihugu cyabo kumvikana n’u Rwanda.
-
U Burusiya:Gari ya moshi yari itwaye lisansi yateye inkongi komeye
26 September 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’ibiza mu Burusiya yatangaje ko abashinzwe kuzimya inkongi mu gace ka Smolensk gaherereye mu Burengerazuba bw’iki gihugu, bakomeje guhangana n’inkongi yatewe na gari ya moshi yari itwaye lisansi nyuma yo kugongana n’ikamyo.
-
Menya amateka yose ya Clapton kibonge
27 January 2025, by ISIMBI EstellaClapton kibonge ni umwe mu banyarwenya bafite amazina aremereye mu ruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda , ibi ni ibintu yakunze akiri muto ndetse umuhamagaro wo kubikora wamwakiyemo akiri umwana muto areba filime za banyabigwi nka John ikechukwu Okafor , osita iheme ,ndetse n’abandi benshi. Gusa kugirango abashe kwandika izina rye mu banyabigwi bakora urwenya mu Rwanda byamusabye byinshi birimo : Impano , umurava , ikinyabupfura , kwihangana , ndetse no guhozaho . muri iyi nkuru mutwemerere tugaruke ku mateka yuyu mugabo wavuye mu rugo kwa se na nyina nyuma yo kubwirwa ko diplome ye itagura umunyu ntacyo imaze.
-
Sobanukira bimwe mu bitera uburwayi bwo mu mutwe
24 April 2025, by Joseph IradukundaMu mibereho ya muntu ahura n’ibyiza bikamunezeza, ariko kandi anahura n’ibimubabaza rimwe na rimwe akananirwa kubyakira, bikamuviramo guhungabana bitewe n’impamvu zitandukanye.
-
Ibikubiye mu masezerano y’u Rwanda na Turikiya yo gukora intwaro
2 December 2025, by ISIMBI EstellaU Rwanda rwamaze kwemeza amasezerano y’ubufatanye na Turikiya mu gukora intwaro n’ibindi bikoresho bya gisirikare, bikaba bibonwa nk’intambwe ikomeye u Rwanda ruteye mu kubaka inganda z’Igihugu zishobora kwihaza mu bikoresho bya gisirikare.
-
Abanyarwanda batuye i Arusha na Moshi muri Tanzania bizihije Umunsi w’Intwari z’u Rwanda
2 February, by Angeline MUKANGENZIAbanyarwanda batuye i Arusha n’abatuye i Moshi muri Tanzania, bahuriye mu birori byo kwizihiza Umunsi w’Intwari z’u Rwanda, zizirikanwa buri mwaka tariki 1 Gashyantare.
-
Minisitiri Habimana yasabye Abanyarwanda gukomera ku Munsi w’Umuganura
1 August 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yasabye Abanyarwanda gukomera ku Munsi Mukuru w’Umuganura kubera uruhare wagize mu kubaka ubumwe bw’Abanyarwanda.
-
Netanyahu yemeye uruhare rwa Israel mu iturika riheruka ry’itumanaho rya Hezbollah
11 November 2024, by Joseph IradukundaBwa mbere Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yemeye uruhare rw’igihugu cye mu gitero cy’ikoranabuhanga cyatumye ibikoresho by’itumanaho by’abarwanyi b’ubutwe wa Hezbollah ukorera muri Liban biturika.
-
Muri Kenya umugabo yatawe muri yombi azira gutaburura umurambo wa se
22 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmugabo w’imyaka 28 wo mu gace ka Uasin Gishu muri Kenya yatawe muri yombi azira gutaburura umurambo wa Se witwaga Stephen Rono.
Umuryango.rw
Urukiko rwa Loni rwategetse Israel kurekura uduce twa West Bank na Yerusalemu y’Iburasirazuba
U Burundi bwutse inabi uwabaye Minisitiri wabwo wabusabye kumvikana n’u Rwanda
U Burusiya:Gari ya moshi yari itwaye lisansi yateye inkongi komeye
Menya amateka yose ya Clapton kibonge
Sobanukira bimwe mu bitera uburwayi bwo mu mutwe
Ibikubiye mu masezerano y’u Rwanda na Turikiya yo gukora intwaro
Abanyarwanda batuye i Arusha na Moshi muri Tanzania bizihije Umunsi w’Intwari z’u Rwanda
Minisitiri Habimana yasabye Abanyarwanda gukomera ku Munsi w’Umuganura
Netanyahu yemeye uruhare rwa Israel mu iturika riheruka ry’itumanaho rya Hezbollah
Muri Kenya umugabo yatawe muri yombi azira gutaburura umurambo wa se