Urwego rugenzura itangazamakuru muri Ethiopie (EMA) rwahagaritse ibyangombwa by’abanyamakuru batatu ba Reuters bakorera muri iki gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abanyamakuru batatu ba Reuters bahagaritswe gukorera muri Ethiopie
15 February, by Angeline MUKANGENZI -
Joel Brown yakoze ku buryo Bruce Melodie na Diamond basiba ibyo bari bararirimbye mu ndirimbo bakoranye
20 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi akaba na Producer Joel Brown yakoze igikorwa cyatangaje benshi mu ndirimbo nshya yitwa Pom Pom, aho uburyo yitwaye mu miririmbire bwatumye Bruce Melodie na Diamond Platnumz basiba ibyo bari bararirimbye mbere, bongera gukora iyi ndirimbo kuva ku ntangiriro.
-
Mu muziki si aho gukinira ‘sinabyaye’- Bruce Melodie kuri Yampano wagaragaje ko atamuzi
30 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBruce Melodie yavuze ko amagambo Yampano yamuvuzeho mu minsi ishize, agaragaza ko bataziranye abantu badakwiriye kuyakuririza kuko hari impamvu yabivuze kandi ashobora kuba ari mu kuri.
-
Abanyamahanga 240 baketsweho ibyaha bashyikirijwe ubutabera abandi basubizwa mu bihugu baturukamo
20 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu bihe bitandukanye mu itangazamakuru ryo mu Rwanda hagiye humvikana ikibazo cy’urugomo rukorwa n’urubyiruko rw’abanyamahanga baba mu Rwanda, aho banga kwishyura serivisi bahawe ahubwo bagahitamo kurwana. Polisi yavuze ko abarenga 240 bagejejwe mu butabera abandi basubizwa iwabo.
-
Umuhungu wa Trump ahamya ko kujya ku butegetsi byamworohera
1 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuhungu wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Eric Trump, yatangaje ko kujya ku butegetsi bw’iki gihugu byamworohera kuko yabanjirijwe n’umubyeyi.
-
Umuraperi ukomeye P.Diddy Yaguwe Gitumo Na Polisi
17 September 2024, by Joseph IradukundaUmuraperi wo muri Amerika uri mu bakunzwe guhera mu myaka ya 1990 kuzamura witwa Sean ‘Diddy’ Combs yatawe muri yombi na Polisi ubwo yifotozanyaga n’abafana
-
Kuri ubu turishimira ko umubano w’u Rwanda na Kiliziya Gatolika ushingiye ku kuri - Minisitiri w’Intebe Ngirente
26 April 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yagaragaje ko Guverinoma y’u Rwanda ishima uruhare Papa Francis yagize mu kuyunga Kiliziya Gatolika n’u Rwanda, asaba ko umurage asize usigasirwa uko bikwiye.
-
Tanzania: Minisitiri w’Intebe yavuye mu baziyamamariza ubudepite
3 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe wa Tanzania, Kassim Majaliwa, yatangaje ko ataziyamamariza kujya mu Nteko Ishinga Amategeko y’iki gihugu mu matora ateganyijwe mu Ukwakira 2025.
-
Shakira yasubitse kimwe mu bitaramo binini kubera urubyiniro
31 May 2025, by ISIMBI EstellaShakira yahagaritse igitaramo cye yagombaga gukorera i Washington D.C kubera ko urubyiniro yagombaga gukoresha rutabashije kugera aho cyari kubera.
-
Goma: wa muco wa kinyamaswa wo Kurya abantu wongeye kuhagaragara
20 October 2024, by Joseph IradukundaAbasore batatu bakekwaho kwiba bafashwe n’abaturage, bacana umuriro barabatwika ibihazi birabarya, ubuyobozi ntacyo bwigeze bubivugaho.
Umuryango.rw
Abanyamakuru batatu ba Reuters bahagaritswe gukorera muri Ethiopie
Joel Brown yakoze ku buryo Bruce Melodie na Diamond basiba ibyo bari bararirimbye mu ndirimbo bakoranye
Mu muziki si aho gukinira ‘sinabyaye’- Bruce Melodie kuri Yampano wagaragaje ko atamuzi
Abanyamahanga 240 baketsweho ibyaha bashyikirijwe ubutabera abandi basubizwa mu bihugu baturukamo
Umuhungu wa Trump ahamya ko kujya ku butegetsi byamworohera
Umuraperi ukomeye P.Diddy Yaguwe Gitumo Na Polisi
Kuri ubu turishimira ko umubano w’u Rwanda na Kiliziya Gatolika ushingiye ku kuri - Minisitiri w’Intebe Ngirente
Tanzania: Minisitiri w’Intebe yavuye mu baziyamamariza ubudepite
Shakira yasubitse kimwe mu bitaramo binini kubera urubyiniro
Goma: wa muco wa kinyamaswa wo Kurya abantu wongeye kuhagaragara