Urukiko rusesa imanza mu Bufaransa, (Cour de Cassation), kuri uyu wa 17 Kamena 2025 rwahanishije François Fillon, wabaye Minisitiri w’Intebe w’icyo gihugu, igihano cyo gufungwa imyaka ine isubitse nyuma yo guhamwa n’icyaha cya ruswa no kunyereza umutungo wa Leta.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Bufaransa: François Fillon wabaye Minisitiri w’Intebe yahamijwe icyaha cyo guha umugore we akazi ka baringa
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umupolisi yasinze yiha ububasha bwa Perezida maze arekura arekuye abantu 13 bacyekwaho ibyaha
3 January 2025, by Joseph IradukundaAbategetsi bo muri Zambia bavuga ko umupolisi mukuru wari wasinze yarekuye abantu 13 bacyekwaho ibyaha bari bafungiye muri kasho kugira ngo bashobore kujya kwizihiza ubunani.
-
Bujumbura: Umupolisi wasinze yarashe mu mutwe umumotari aramwica
12 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 9 Mata 2025, mu gace ka Ntahangwa mu mujyi wa Bujumbura, haraye habereye impanuka ikomeye yatewe n’umuporisi bikekwa ko yari yasinze, aho yarashe umusore ukora akazi ko gutwara abantu ku moto (motari), mu mutwe agahita apfa.
-
Abantu 64 bamaze gusimburizwa impyiko bikorewe mu Rwanda
6 July 2025, by ISIMBI EstellaIbitaro byitiriwe Umwami Faisal bikorera i Kigali byatangaje ko kuva muri Gicurasi 2023 bitangije ubuvuzi bwo gusimburiza impyiko abazirwaye, kuri ubu abagera kuri 64 bamaze guhabwa iyo serivisi.
-
Umunsi haterana inama y’ingabo na jandarumori yo kurangiza irimburwa ry’abatutsi
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUko Ingabo z’abicanyi zagendaga zitsindwa niko zakazaga ingamba zo kwihutisha iyicwa ry’Abatutsi aho ryabaga ritarakorwa. Imbaraga nyinshi zashyirwaga mu cyiswe “auto-defense civile” bukaba bwari uburyo bwo gukomeza gukwiza intwaro mu Nterahamwe, kwinjiza urubyiruko mu basilikare no kongera ibikoresho byo kwica. Ibi byemezo byose bigaragara mu nyandiko ziri muri Agenda ya KAMBANDA yo muri 1994.
IBYEMEZO BYO KWONGERERA URUBYIRUKO IMYITOZO YA GISILIKARE NO KURUHA INTWARO
Iyi nama yatumijwe (…) -
AFC/M23 iri kubakisha umuhanda uhuza santere ya Masisi na Sake
25 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ryatangiye kubakisha umuhanda mushya uhuza santere ya Masisi n’umujyi wa Sake mu ntara ya Kivu y’Amajyarugu.
-
Europa League yageze muri 1/2: Manchester United yasezereye Lyon mu mukino w’indyankurye
18 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgitego cya Harry Maguire cyo ku munota wa nyuma cyahesheje Manchester United FC itike ya 1/2 cya UEFA Europa League yiyushye akuya nyuma yo gutsinda Olympique Lyonnais ibitego 5-4, ikayikuramo ku giteranyo cy’ibitego 7-6.
-
U Budage: hatahuwe Pizza icuruzwa ikagerekwaho n’ikiyobyabwenge cya ‘Cocaïne’
23 October 2024, by Joseph IradukundaPolisi yo mu Burengerazuba bw’Umujyi wa Düsseldorf mu Budage, yatangaje ko yatahuye resitora yacuruzaga Pizza ariko ikongeraho n’ikiyobyabwenge cya ‘Cocaïne’ ku bakiliya basabye Pizza ifite nomero ya 40 ku rutonde rwa Pizza zigurishwa muri iyo Resitora.
-
M23 Yafashe ibice by’Ingenzi Muri Teritwari Ya Lubero
4 November 2024, by Joseph IradukundaKuri iki Cyumweru abarwanyi ba M23 bafashe agace ka Kamandi-Gite kari mu Burengerazuba bw’ikiyaga cya Edouard kuri muri Sheferiy a Butangi muri Teritwari ya Lubero.
-
Menya icyashoboje u Bushinwa kugabanya abarenga miliyoni 1,3 mu mwaka umwe
18 January 2025, by Joseph IradukundaIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Bushinwa, NBS, cyatangaje ko abaturage b’igihugu bagabanyutseho miliyoni 1,39 mu mezi 12 ashize, umubare rusange w’abagituye ugera kuri miliyari 1,4.
Umuryango.rw
U Bufaransa: François Fillon wabaye Minisitiri w’Intebe yahamijwe icyaha cyo guha umugore we akazi ka baringa
Umupolisi yasinze yiha ububasha bwa Perezida maze arekura arekuye abantu 13 bacyekwaho ibyaha
Bujumbura: Umupolisi wasinze yarashe mu mutwe umumotari aramwica
Abantu 64 bamaze gusimburizwa impyiko bikorewe mu Rwanda
Umunsi haterana inama y’ingabo na jandarumori yo kurangiza irimburwa ry’abatutsi
AFC/M23 iri kubakisha umuhanda uhuza santere ya Masisi na Sake
Europa League yageze muri 1/2: Manchester United yasezereye Lyon mu mukino w’indyankurye
U Budage: hatahuwe Pizza icuruzwa ikagerekwaho n’ikiyobyabwenge cya ‘Cocaïne’
M23 Yafashe ibice by’Ingenzi Muri Teritwari Ya Lubero
Menya icyashoboje u Bushinwa kugabanya abarenga miliyoni 1,3 mu mwaka umwe