Abasirikare icyenda ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bakorera mu bice bitandukanye by’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, batawe muri yombi bazira kwiba ibiryo bya bagenzi babo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RDC: Abasirikare icyenda biganjemo ba Colonel bafungiwe kwiba ibiryo
7 November 2025, by ISIMBI Estella -
Umuhanzi Shaffy agiye gutaramira muri Canada
14 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’umunyarwanda ukorera umuziki muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, Shaffy yatangaje ko agiye gutaramira mu Gihugu cya Canada mu Mujyi wa Ottawa.
-
RDC: Abashinwa batatu bafashwe basahura zahabu bakatiwe igifungo cy’imyaka irindwi
15 January 2025, by Joseph IradukundaUrukiko rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rukorera mu mujyi wa Bukavu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, rwakatiye Abashinwa batatu igifungo cy’imyaka irindwi n’ihazabu y’ibihumbi 600 by’Amadolari ya Amerika.
-
Choplife Gaming yiyemeje gukomeza kwigisha urubyiruko amateka ya Jenoside
21 April 2025, by Angeline MUKANGENZIChoplife Gaming yiyemeje gukomeza kwigisha urubyiruko ruyikorera n’urundi rutandukanye amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 kugira ngo hirindwe ko ibyabaye mu Rwanda hari ahandi byaba.
-
Gen Muhoozi yavuze ko we na Bobi Wine bapfa umwenda amurimo
16 July 2025, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko mu byo apfa na Robert Kyagulanyi ‘Bobi Wine’ harimo amafaranga yamugurije ntiyayamwishyura.
-
Ange Kagame yavuze ku myitwarire y’amahanga ku Rwanda
27 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZAUmukobwa wa Perezida Paul Kagame, Ange Kagame yanenze Umuryango Mpuzamahanga uhamagarira u Rwanda gukuraho ingamba z’ubwirinzi, ashimangira ko Jenoside yakorewe Abatutsi yabaye mu Rwanda mu 1994, yasigiye isomo Abanyarwanda.
-
Federasiyo ya Marocco yahakanye ibyo gusezera k’umukoza w’ikipe y’igihugu
7 February, by Angeline MUKANGENZIIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Marocco, FRMF, yahakanye ibyo gusezera kwa Walid Regragui, utoza ikipe y’igihugu.
-
LeBron James na Beyonce bihakanye umugabo ushinja P Diddy kumwambika ’Mask’ y’igitsina cy’abagabo akayitemberana
2 April 2025, by ISIMBI EstellaNyuma yo gutanga ubuhamya mu rukiko ko mu mwaka wa 2015, abarimo LeBron James na Beyonce babonye ihohoterwa P Diddy yamukoreye mu mwaka wa 2015, aba bombi bamwihakanye.
-
Kayonza: Polisi yaburijemo ikwirakwizwa ry’urumogi rupima ibilo 30
23 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu Karere ka Kayonza, yaburijemo igikorwa cyo gukwirakwiza ikiyobyabwenge cy’urumogi rungana n’ibilo 30, rwafatanywe umugabo w’imyaka 40 y’amavuko.
-
U Rwanda ntabwo rwatereye iyo ‘ikibazo cy’ umucamanza urekura abakoze Jenoside batarangije ibihano’
24 June 2018, by Nsanzimana ErnestLeta y’ u Rwanda irimo gukorana n’ ibihugu by’ amahanga ku kibazo cy’Umucamanza w’Urukiko rushinzwe gusoza imirimo yasizwe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa Arusha (MICT), Theodor Meron, urekura ba abahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi batarangije ibihano.
Umuryango.rw
RDC: Abasirikare icyenda biganjemo ba Colonel bafungiwe kwiba ibiryo
Umuhanzi Shaffy agiye gutaramira muri Canada
RDC: Abashinwa batatu bafashwe basahura zahabu bakatiwe igifungo cy’imyaka irindwi
Choplife Gaming yiyemeje gukomeza kwigisha urubyiruko amateka ya Jenoside
Gen Muhoozi yavuze ko we na Bobi Wine bapfa umwenda amurimo
Ange Kagame yavuze ku myitwarire y’amahanga ku Rwanda
Federasiyo ya Marocco yahakanye ibyo gusezera k’umukoza w’ikipe y’igihugu
LeBron James na Beyonce bihakanye umugabo ushinja P Diddy kumwambika ’Mask’ y’igitsina cy’abagabo akayitemberana
Kayonza: Polisi yaburijemo ikwirakwizwa ry’urumogi rupima ibilo 30