Kaneza Kellia Lagloire yegukanye ikamba rya Miss Burundi mu 2025, nyuma y’imyaka ibiri iri rushanwa ryari rimaze ritaba; mu birori byitabiriwe n’Umugore wa Perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kaneza Kellia Lagloire yegukanye ikamba rya Miss Burundi(Amafoto)
26 July 2025, by Joseph Iradukunda -
Syria havumbuwe icyobo gishyinguyemo imbaga bikekwa ko yishwe na Perezida Al-Assad uri mu buhungiro
17 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Syria Bashar al-Assad, uherutse guhunga igihugu kubera imitwe yitwaje intwaro yigaruriye umurwa mukuru, we na se Hafez Al-Assad bashinjwe gukora ubwicanyi bukabije budakurikije amategeko igihe bari ku butegetsi ndetse bakica abasivili benshi.
-
Uvira: FARDC yagiye kwiba bayimishaho urufaya rw’amasasu
9 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrusaku rw’imbunda rwinshi rwaraye rwumvikanye mu bice by’umujyi wa Uvira uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’aho Ingabo za Congo zarashwe ubwo zari zigiye kwiba mu gace kamwe ko muri uriya mujyi.
-
Kylian Mbappe yateye ikirege mu cya Lionel Messi na Cristiano Ronaldo
9 February, by Angeline MUKANGENZIRutahizamu w’umufaransa ukina muri Real Madrid, Kylian Mbappe yiyunze ku barimo Lionel Messi na Cristiano Ronaldo batsinze ibitego biri hejuru ya 23 mu mikino 23 ya Laliga.
-
Tshisekedi yahamagawe na Lourenço baganira ku mutekano wo mu burasirazuba bwa Kongo
28 November 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Angola, João Lourenço na mugenzi we Félix Tshisekedi baganiriye ku buryo amahoro n’umutekano byagaruka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Kanyankore Alex wayoboraga BRD yakatiwe gufungwa iminsi 30.
23 October 2018, by UbwanditsiKanyankole Alex akekwaho ibyaha yakoze ayobora BRD, kuva ku wa 3 Nyakanga 2013 kugera mu 2017, byo gufata ibyemezo bishingiye ku itonesha no gusaba no kwakira impano cyangwa indonke. Ariko ibyo ashinjwa byose yaburanye abihakana.
Ibi byose bibumbiye mu nguzanyo eshatu akekwaho gutanga mu buryo butujuje ibisabwa zose hamwe zikabakaba hafi miliyoni 12 z’amadolari.
Mu mpamvu zikomeye urukiko rwashingiyeho ni uko yemeye inguzanyo harimo iyahawe ishuri rya Good Harvest and Primary School (…) -
Amakuru aravuga ko M23 yigaruriye Umujyi wa Walikale
20 March 2025, by Joseph IradukundaUmutwe wa M23 waraye wigaruriye Centre ya Walikale, uyirukanyemo ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Nyabihu: Gitifu w’umurenge yakiriye umukecuru umutwaro w’inkwi
24 May 2018, by Nsanzimana ErnestNdandu Marcel, Umunyamabanga Nshingabikorwa w’Umurenge wa Rurembo mu Karere ka Nyabihu, yagaragaye yikoreye umutwaro w’inkwi yari yakiriye umucecuru bitangaza benshi mu bamubonye.
-
Israel yabonye umurambo w’umusirikare n’abantu 2 bashimutiwe muri Gaza
22 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cya Israel cyatangaje ko cyaguye ku mirambo y’abantu batatu barimo abashimutiwe muri Gaza
-
Kenya: Gachagua yavuze ibyo yahawe ngo ashyigikire Perezida Ruto
27 August 2025, by ISIMBI EstellaRigathi Gachagua wabaye Visi Perezida wa Kenya yatangaje ko yabanje kuganira na Ruto bemeranya ko kugira ngo amushyigikire mu matora y’umukuru w’igihugu, muri Guverinoma y’abaminisitiri 22, hagomba kubamo umunani bo mu gace akomokamo.
Umuryango.rw
Kaneza Kellia Lagloire yegukanye ikamba rya Miss Burundi(Amafoto)
Syria havumbuwe icyobo gishyinguyemo imbaga bikekwa ko yishwe na Perezida Al-Assad uri mu buhungiro
Uvira: FARDC yagiye kwiba bayimishaho urufaya rw’amasasu
Kylian Mbappe yateye ikirege mu cya Lionel Messi na Cristiano Ronaldo
Tshisekedi yahamagawe na Lourenço baganira ku mutekano wo mu burasirazuba bwa Kongo
Amakuru aravuga ko M23 yigaruriye Umujyi wa Walikale
Israel yabonye umurambo w’umusirikare n’abantu 2 bashimutiwe muri Gaza
Kenya: Gachagua yavuze ibyo yahawe ngo ashyigikire Perezida Ruto