Guverinoma y’u Rwanda yemeje umushinga w’itegeko rishya rigenga ubuziranenge bw’umusaruro w’ibihingwa, rigamije kugenzura no guhana abakora ubuhinzi mu buryo butubahirije amategeko ndetse n’amabwiriza agenga uyu mwuga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abahinzi bakoresha nabi ubutaka n’umusaruro w’ibihingwa bashyiriweho ibihano bikakaye
9 February, by Angeline MUKANGENZI -
Dominique McShain wari ukunzwe cyane kuri TikTok yitabye Imana ku myaka 21 azize Kanseri
24 April 2025, by ISIMBI EstellaDominique McShain, umukobwa w’imyaka 21 wakunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga nka TikTok na Instagram kubera ubutumwa bwe bw’icyizere n’ubutwari mu burwayi, yitabye Imana azize kanseri y’amara itari igishoboye kuvurwa.
-
Ubusazi ni uguhora usubiramo ikintu kimwe ugategereza umusaruro utandukanye - Amb. Bakuramutsa kuri RDC
8 October 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi Urujeni Bakuramutsa uhagarariye u Rwanda muri Loni no mu yindi miryango mpuzamahanga iherereye i Genève mu Busuwisi, yavuze ko kuba Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ihora yegeka ibibazo byayo ku Rwanda ikirengagiza umuzi nyawo w’ibibazo by’umutekano muke muri icyo gihugu, bidashobora gutuma haboneka umuti urambye wo kubikemura.
-
Washington: Abanyamulenge bakoze urugendo rw’amahoro bamagana ubwicanyi bubakorerwa muri RDC
21 April, by Angeline MUKANGENZIImpunzi z’Abanyamulenge zituye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington DC rugamije kwamagana ubwicanyi ndengakamere zivuga ko buri gukorerwa bene wazo n’abandi bavuga Ikinyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi, mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
ADEPR: Umukobwa uririmba muri korari yabengewe ku rusengero ku munsi w’ ubukwe
29 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmukobwa w’ umuhinzi twahaye izina rya Beatha yabengewe ku rusengero n’ umusore w’ umurobyi twise Paul icyari ubukwe gihinduka nk’ isoko riremuye cyangwa imyigaragambyo.
-
Hasinywe amasezerano yemerera Abanyarwanda kujya muri Antigua and Barbuda nta Visa
18 July 2025, by ISIMBI EstellaLeta y’u Rwanda n’iya Antigua and Barbuda byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye arimo n’agamije gukuraho Visa ku baturage b’ibihugu byombi.
-
Igice gishya cya Avatar cyabaye igitangaza mu mateka ya sinema
25 December 2025, by ISIMBI EstellaFilime nshya ya James Cameron, “Avatar: Fire and Ash”, ikomeje kwandika amateka mashya muri sinema nyuma yo kwinjiza miliyoni 450$ mu cyumweru kimwe gusa isohotse.
-
Umubare w’abakize Coronavirus mu Rwanda wamaze kuruta uw’abayirwaye
19 April 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’ubuzima mu Rwanda yatangaje ko kuri iki Cyumweru tariki ya 19 Mata 2020 mu bipimo 722 byafashwe uyu munsi habonetse abantu batatu (3) bashya banduye coronavirus mu gihe abantu 7 bakize bagasezererwa.Muri rusange abamaze kwandura ni 147 mu gihe abakize ari 76.
-
U Burundi:Kugura isukari birasaba umugabo bigasiba undi kubera uburyo ihenze
17 September 2024, by Joseph IradukundaAbaturage bo mu Burundi bararira ayo kwarika nyuma y’uko uruganda rwa Leta rutunganya isukari, Société Sucrière du Moso [Sosumo], rutangaje impinduka ku giciro cy’isukari aho ikilo kimwe cyaguraga 3,300 FBu ubu kiri kugura 8,000 FBu [3,745 Frw], bigaragaza izamuka ry’igiciro ku rugero rwa 142%.
-
Impuruza ku baturage bari kugura Amazi y’igitangaza ahakeneye imiti ikwiye
10 September 2024, by Joseph IradukundaIkigo cya Nigeria gishinzwe kwemeza imiti (NAFDAC) cyaburiye abantu kutagura ibicuruzwa by’"igitangaza" bikorwa n’itorero rya gikristu ry’umuvugabutumwa ubwiriza no kuri televiziyo, Jeremiah Fufeyin.
Umuryango.rw
Abahinzi bakoresha nabi ubutaka n’umusaruro w’ibihingwa bashyiriweho ibihano bikakaye
Dominique McShain wari ukunzwe cyane kuri TikTok yitabye Imana ku myaka 21 azize Kanseri
Ubusazi ni uguhora usubiramo ikintu kimwe ugategereza umusaruro utandukanye - Amb. Bakuramutsa kuri RDC
Washington: Abanyamulenge bakoze urugendo rw’amahoro bamagana ubwicanyi bubakorerwa muri RDC
Hasinywe amasezerano yemerera Abanyarwanda kujya muri Antigua and Barbuda nta Visa
Igice gishya cya Avatar cyabaye igitangaza mu mateka ya sinema
Umubare w’abakize Coronavirus mu Rwanda wamaze kuruta uw’abayirwaye
U Burundi:Kugura isukari birasaba umugabo bigasiba undi kubera uburyo ihenze
Impuruza ku baturage bari kugura Amazi y’igitangaza ahakeneye imiti ikwiye