Umuhanzi Igor Mabano uri mu bahanzi bafite izina rikomeye mu Rwanda yibarutse ubuheta, we n’umgore we Laura Collette.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Imbamutima za Igor Mabano wibarutse ubuheta
21 September 2025, by ISIMBI Estella -
Kayonza: Bavuye ku guhingira inkono bahingira isoko
3 March, by ISIMBI EstellaAbahinzi bibumbiye muri koperative KOPUAIM yo mu Murenge wa Mwiri mu Karere ka Kayonza bahinga ibijumba bavuga ko ubuhinzi bwa gakondo bw’ki gihingwa babuhinduyemo ubuhinzi bugamije ubucuruzi aho buri kubinjiriza amafaranga.
-
Imyanzuro yafatiwe mu nama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 18
13 March 2023, by Dusingizimana RemyInama y’Igihugu y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 18 yafatiwemo imyanzuro ikomeye izagirira igihugu akamaro nishyirwa mu bikorwa mu bice bitandukanye.
Muri iyi nama yabaye kuwa 27-28 Gashyantare uyu mwaka,Perezida Kagame yavuze ko igituma gahunda za Leta zidindira ari uko abayobozi badakurikirana ngo barebe aho ibikorwa bigeze.
Yasabye abayobozi guhagarika inama zihoraho kandi zidatanga umusaruro ahubwo abasaba gukora nke zirimo gukurikirana aho ibikorwa by’iterambere bigeze.
Yagize (…) -
Imiryango 1,500 ituye mu manegeka igiye kwimurwa kubera imvura nyinshi iteganyijwe I Kigali
10 March 2020, by Dusingizimana RemyIkigo gishinzwe iteganyagihe mu Rwanda cyaburiye Abanyarwanda ko imvura nyinshi igihe gukomeza kugwa kugeza mu kwezi kwa gatanu, bituma abayobozi b’umujyi wa Kigali bafata imyanzuro ko bagiye kwimura imiryango igera ku 1,500 ituye mu manegeka.
-
Perezida Kagame yakiriye Bogdan-Martin wa ITU nk’intumwa ya Loni mu by’ikoranabuhanga
3 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umunyamabanga Mukuru w’Ihuriro Muzamahanga ry’Ikoranabuhanga mu Itumanaho (ITU) Doreen Bogdan-Martin, bagaruka ku gushaka ibisubizo biganisha ku iterambere rishingiye ku ikoranabuhanga.
-
Togo ishaka gusubiza Leta ya RDC na AFC/M23 mu biganiro by’amahoro
5 January, by ISIMBI EstellaTariki ya 17 Mutarama 2026, Leta ya Togo iteganya kuyobora inama yo ku rwego rwo hejuru izaba igamije gusubukura ibiganiro by’amahoro bihuza ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23.
-
RDC yatangaje ko igiye gukurikirana Kabila ishinja ubugambanyi
20 April 2025, by Angeline MUKANGENZIRepubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko igiye gukurikirana Joseph Kabila wahoze ari Perezida w’iki gihugu, aho ashinjwa kugambanira igihugu binyuze mu gushyigikira Umutwe wa M23.
-
“Muzangaye gutinda ariko ntabwo bizahera” – Perezida Kagame ku butaka yemereye Abayisilamu
26 March, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatatu, tariki ya 25 Werurwe 2026, Perezida Paul Kagame yasezeranyije Abayisilamu bo mu Rwanda ko ikibazo cy’ubutaka bemerewe bwo kuzubakaho icyicaro gikuru cy’Umuryango w’Abayisilamu kigiye gukemuka vuba bitarenze uyu mwaka.
-
Abanyarwanda baba mu Bufaransa bifuza ko RFI yasiba inkuru cyangwa igahanwa
19 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuryango w’Abanyarwanda baba mu Bufaransa (Communauté Rwandaise de France: CRF) baherutse kurega Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI, biturutse ku kuba yarahaye urubuga abo mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR wasize ukoze Jenoside yakorewe Abatutsi, bifuza ko inkuru yasibwa cyangwa igahanwa.
-
Rwanda Day yagombaga kubera mu Budage yasubitswe bitunguranye
14 August 2019, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane yatangaje ko Rwanda Day yari iteganyijwe kuba ku wa Gatandatu tariki ya 24 Kanama 2019, yasubitswe kubera impamvu zitunguranye.
Umuryango.rw
Imbamutima za Igor Mabano wibarutse ubuheta
Kayonza: Bavuye ku guhingira inkono bahingira isoko
Imyanzuro yafatiwe mu nama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 18
Imiryango 1,500 ituye mu manegeka igiye kwimurwa kubera imvura nyinshi iteganyijwe I Kigali
Perezida Kagame yakiriye Bogdan-Martin wa ITU nk’intumwa ya Loni mu by’ikoranabuhanga
Togo ishaka gusubiza Leta ya RDC na AFC/M23 mu biganiro by’amahoro
RDC yatangaje ko igiye gukurikirana Kabila ishinja ubugambanyi
“Muzangaye gutinda ariko ntabwo bizahera” – Perezida Kagame ku butaka yemereye Abayisilamu
Abanyarwanda baba mu Bufaransa bifuza ko RFI yasiba inkuru cyangwa igahanwa