Umufana w’ikipe y’umupira w’amaguru ya Arsenal yo mu Bwongereza, wari urimo kwishimira ko iyo kipe yatsinze Manchester United, bivugwa ko yishwe arashwe n’umurinzi (umu ’sécurité’) wo muri Uganda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umufana wo muri Uganda yishwe arashwe arimo kwishimira ko Arsenal yatsinze Manchester United
6 December 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Kenya: Umurundi wari uzwiho kugaragaza ibibazo by’impunzi z’Abarundi yaburiwe irengero
29 March, by Angeline MUKANGENZIUmugabo w’Umurundi wari uzwiho kugaragaza ibibazo impunzi zihura nabyo mu nkambi ya Kakuma muri Kenya, amaze ibyumweru bibiri aburiwe irengero. Abo mu muryango we bafite impungenge z’uko ashobora kuba yarishwe.
-
U Burusiya bwagabye ibitero muri Ukraine nyuma yo gukangishwa ibindi bihano n’u Budage
13 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kabiri, Igisirikare cyo mu Kirere cya Ukraine cyemeje ko u Burusiya bwohereje drones icumi muri Ukraine, zose zikaba zarashwe n’ubwirinzi bwo mu kirere bwa Ukraine.
-
Indege ya RDC yongeye kuvogera ikirere cy’ u Rwanda iraswaho
28 December 2022, by Dusingizimana RemyMu masaha yo mu gitondo kuri uyu wa Gatatu, indege y’intambara ya Congo yinjiye mu kirere cy’u Rwanda, nyuma humvikana amasasu y’imbunda nini bikekwa ko abasirikare bagerageje kuyirasaho.
Ahagana saa 10h46’ Indege ya RC Congo,Sukhoi-25 yavogereye ikirere cy’u Rwanda igera ku kibuga cy’indege cya Rubavu ariko isubizwayo igitaraganya.
Abaturiye hafi y’aho byabereye bavuga ko humvikanye amasasu batazi uruhande avugiyemo.
Uruhande rw’u Rwanda ntacyo ruravuga ku byabaye, gusa no mu kwezi (…) -
Urukiko rwa Loni rwanze ibyo gufungura Musema wahamijwe uruhare muri Jenoside
15 January, by Angeline MUKANGENZIUrwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT) rwateye utwatsi icyifuzo cy’Umunyarwanda Musema Alfred warusabye gufata umwanzuro wo kumufunguza mbere y’igihe.
-
Abayisilamu 5 bashinjwaga ibyaha birimo n’iterabwoba bagizwe abere bose
20 January 2022, by Dusingizimana RemyUrugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruri I Nyanza mu Majyepfo y’u Rwanda rwasomye urubanza rwaregwagamo abayoboke 5 b’idini ya Islam baregwaga ibyaha bitandukanye birimo icyaha cyo gucura umugambi wo guhirika ubutegetsi buriho n’iterabwoba ku nyungu z’idini.
Nyuma y’uko urukiko rwiherereye kuri uyu wa 20 Mutarama 2022, rwafashe icyemezo ko abaregwa ibyaha byose bitabahama kuko nta bimenyetso Ubushinjacyaha bwagaragaje bishobora (…) -
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
17 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuhesaha w’inkiko w’umwuga Me KUBWIMANA Emmanuel aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa uherereye mu karere Gisagara
-
Leta ya Uganda yafunze ‘General Isa’ wambuye abanyamahanga amamiliyari
30 July 2025, by ISIMBI EstellaIgisirikare cya Uganda (UPDF) cyatangaje ko cyataye muri yombi umutekamutwe wiyise ‘General Isa’ wambuye abashoramari b’abanyamahanga amamiliyari y’Amashilingi.
-
Zambia: Umuryango w’abantu 6 bapfuye bagwiriwe n’ikirombe
1 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihugu cya Zambia hakomeje gusakara amakuru y’urupfu rw’abantu umunani, barimo batandatu bo mu muryango umwe bapfuye nyuma yo kugwirwa n’ikirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro.
-
Umusifuzi Aba Rayon bashinje kubiba yagaragaye kuri Stade yambaye imyenda ya APR FC
29 May 2025, by Gladiator OGUmusifuzi Ngaboyisonga Patrick yongeye kuba inkuru ishyirwa ku mitwe y’ibinyamakuru byinshi nyuma yaho mu ijoro ryatambutse yagaragaye kuri Stade Amahoro yambaye imyenda irimo amabara ya APR FC. nta cyumweru cyari gishize uyu musifuzi asifuye umukino Rayon Sports yatsinzwemo na Bugesera FC bigateza impaka ndetse n’imvururu nyinshi aho abafana ba Murera bamushinjaga kubogama mu misifuriure ye.
Umuryango.rw
Umufana wo muri Uganda yishwe arashwe arimo kwishimira ko Arsenal yatsinze Manchester United
Kenya: Umurundi wari uzwiho kugaragaza ibibazo by’impunzi z’Abarundi yaburiwe irengero
U Burusiya bwagabye ibitero muri Ukraine nyuma yo gukangishwa ibindi bihano n’u Budage
Indege ya RDC yongeye kuvogera ikirere cy’ u Rwanda iraswaho
Urukiko rwa Loni rwanze ibyo gufungura Musema wahamijwe uruhare muri Jenoside
Abayisilamu 5 bashinjwaga ibyaha birimo n’iterabwoba bagizwe abere bose
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
Leta ya Uganda yafunze ‘General Isa’ wambuye abanyamahanga amamiliyari
Zambia: Umuryango w’abantu 6 bapfuye bagwiriwe n’ikirombe
Umusifuzi Aba Rayon bashinje kubiba yagaragaye kuri Stade yambaye imyenda ya APR FC