Mu mateka ya politiki ya Madagascar, hari abantu bake bagaragaje impinduka nk’uko Andry Rajoelina yabikoze. Uyu mugabo, wabaye Perezida inshuro eshatu, yatangiriye ubuzima bwe nk’umu-DJ mu mujyi wa Antsirabe, mbere yo kwinjira mu ruhando rwa politiki no kuzamuka ku butegetsi mu buryo budasanzwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umu- Dj wabaye Perezida! Byinshi kuri Andry Rajoelina wavanywe ku butegetsi muri Madagascar
15 October 2025, by ISIMBI Estella -
Ndi umwana wa Cristiano birahagije, ntabwo nkeneye kuzagira akazi nkora ninkura
30 April 2025, by Gladiator OGAlana Martina umukobwa wa Cristiano Ronaldo w’imyaka 8 ya mavuko yatangaje ko yumva adakeneye kuzagira icyo akora mu hazaza naba mukuru ndetse ko icyo ashaka ari ukujya yibera mu rugo gusa. Ibi uyu mwana wa Cristiano Ronaldo yabitangaje muri filime mbarankuru y’uruhererekane (docuseries) yitwa Soy Georgina ikaba ari filime ya Mama we Georgina Rodriguez kuri ubu igeze ku gice cyayo cya gatatu.
-
Kenny Sol na Element Eleéeh mu muryango usohoka muri 1:55AM Ltd
26 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInzu ifasha abahanzi ya 1:55 AM imaze iminsi isohokamo amakuru y’ubwumvikane buke hagati y’ubuyobozi bwayo n’abayibarizwamo, ari nabyo bituma bamwe batangiye gutegura inzira ziyibasohoramo.
-
Tchad yihimuye kuri Trump wakumiriye abaturage bayo muri Amerika
6 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Tchad, Maréchal Mahamat Idris Déby Itno, yafashe icyemezo cyo gukumira Abanyamerika bashaka kujya mu gihugu cye mu rwego rwo kwihimura kuri Donald Trump.
-
Mariya Yohana agiye kwizihiza ubutwari bw’Inkotanyi
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMariya Yohani umaze imyaka irenga 40 mu muziki, yatangaje ko agiye kwizihiza ubutwari bw’Inkotanyi mu guha icyubahiro ababohoye u Rwanda.
-
Musk agiye kugabanya inshingano ze mu butegetsi bwa Amerika, yite kuri Tesla
23 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyemari Elon Musk yatangaje ko ari gutegura uburyo yagabanya inshingano yari afite mu rwego rushinzwe kugabanya amafaranga leta ya Amerika ikoresha (DOGE), kugira ngo yite ku kigo cye cya Tesla nyuma y’uko gikomeje kugaragaza umusaruro nkene.
-
Menya amakuru y’Insengero zisaga 40 mu zari zafunzwe mu Rwanda zemerewe kongera gukora
30 October 2024, by Joseph IradukundaUrwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatangaje ko insengero 44 zimaze gufungurwa mu nsengero 9,800 zari zarafunzwe kubera kutuzuza ibisabwa.
-
Kenya: Umuryango w’umusirikare washimuswe na Al-Shabaab watakambiye Perezida Ruto
22 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuryango w’umusirikare wa Kenya witwa Abdullahi Issa Ibrahim, wafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa Al-Shabaab muri Somalia, wasabye Perezida William Ruto kumutabara kuko ubuzima bwe buri mu kaga.
-
U Rwanda rufite ibyuma bifite ubushobozi bwo gukonjesha inkingo zose za COVID-19
14 January 2021, by Dusingizimana RemyIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) kivuga ko kugeza ubu u Rwanda rufite ibyuma bikonjesha bifite ubushobozi bwo kubika ubwoko bwose bw’inkingo za COVID19 zimaze gukorwa n’ibihugu binyuranye.
-
Muhanga: Umuturage yafashwe yaravanze urumogi n’ibishyimbo mu murima
27 December 2024, by Joseph IradukundaNgendakumana Vénuste yarezwe na bagenzi be ko yahinze urumogi mu murima w’ibishyimbo uri munsi y’urugo rwe.
Umuryango.rw
Umu- Dj wabaye Perezida! Byinshi kuri Andry Rajoelina wavanywe ku butegetsi muri Madagascar
Ndi umwana wa Cristiano birahagije, ntabwo nkeneye kuzagira akazi nkora ninkura
Kenny Sol na Element Eleéeh mu muryango usohoka muri 1:55AM Ltd
Tchad yihimuye kuri Trump wakumiriye abaturage bayo muri Amerika
Mariya Yohana agiye kwizihiza ubutwari bw’Inkotanyi
Musk agiye kugabanya inshingano ze mu butegetsi bwa Amerika, yite kuri Tesla
Menya amakuru y’Insengero zisaga 40 mu zari zafunzwe mu Rwanda zemerewe kongera gukora
Kenya: Umuryango w’umusirikare washimuswe na Al-Shabaab watakambiye Perezida Ruto
U Rwanda rufite ibyuma bifite ubushobozi bwo gukonjesha inkingo zose za COVID-19
Muhanga: Umuturage yafashwe yaravanze urumogi n’ibishyimbo mu murima