Nyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame yatangarije perezida wa Botswana yari yasuye ko yifuzaga kumara iminsi mu gihugu cya Botswana ariko kubera impamvu 2 zirimo ubukwe bw’umukobwa we Ange Ingabire Kagame n’umunsi wo kwibohora atahatinda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame yatangaje ukuntu atewe ibyishimo n’ubukwe bw’umukobwa we
28 June 2019, by Dusingizimana Remy -
RIB yafunze umukozi wa WASAC akekwaho ruswa mu gusaranganya amazi
22 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), ku bufatanye na Polisi y’Igihugu yafunze Manirakiza Straton wari umukozi w’Ikigo gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) ushinzwe ibikorwa by’isanwa ry’umuyoboro w’amazi wa Ruhanga mu Murenge wa Rusororo, ukurikiranweho icyaha cya ruswa.
-
Ruhango: Umusore w’imyaka 22 yatewe icyuma, batatu batabwa muri yombi
30 March, by Angeline MUKANGENZIUmusore w’imyaka 22 witwa Iyamuremye Erier yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa 29 Werurwe 2026, nyuma yo guterwa icyuma n’abantu bakekwaho kugirana amakimbirane mu Murenge wa Kinazi mu Karere ka Ruhango.
-
Muzaryozwa amaraso y’izi nzirakarengane- Integuza ya Nyarugabo kuri Tshisekedi na Ndayishimiye
9 February, by Angeline MUKANGENZIUmunyamategeko Moïse Nyarugabo yamenyesheje Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na mugenzi we w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ko hari igihe kizagera bakaryozwa amaraso y’abasivili bakomeje kwicwa.
-
FERWAFA yatangaje abagize komisiyo zayo
24 October 2025, by ISIMBI EstellaIshyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje abagize komisiyo zayo esheshatu barimo Kanamugire Jean Fidèle na Nibagwire Sifa Gloria wabaye Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu igihe kinini.
-
OMS yasabye ibihugu bikomeje kuburira abaturage babyo bagenderera u Rwanda ko bidakwiye
12 October 2024, by Joseph IradukundaIshami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (WHO/ OMS) ryatangaje ko nta gihugu gikwiye kuba cyaheza u Rwanda kubera icyorezo cya Marburg kuko rwafashe ingamba zihamye zo guhangana nacyo.
-
Mourinho yashinjwe amakosa mu irondaruhu ryakorewe Vinícius Júnior
18 February, by Angeline MUKANGENZIMyugariro Trent Alexander-Arnold yavuze ko irondaruhu ryakorewe mugenzi we Vinícius Júnior ku mukino wa Champions League wahuje Real Madrid na Benfica ari igisebo kuri ruhago, mu gihe Umutoza José Mourinho yanenzwe ku magambo yatangaje ku byabaye.
-
Trump yatangiye ibiganiro byo kugura Greenland
8 January, by ISHIMWE Jean de DieuWhite House yashimangiye ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump hamwe n’abagize guverinoma ye bari mu biganiro ku bijyanye no kugura ikirwa cya Greenland.
-
Ibigo 30 byigisha ikoranabuhanga bigiye kubakwa mu Rwanda
29 May 2025, by Joseph IradukundaMu bice bitandukanye by’igihugu hagiye kubakwa ibigo 30 bigezweho by’ikorananabuhanga bizigisha amasomo atandukanye arimo ajyanye n’ubwenge buhangano (AI), ubuhinzi bugezweho no gutunganya umusaruro w’ibibukomokaho, gukora drone no kuzicunga, umutekano w’ibikorerwa ku ikoranabuhanga (Cyber security) n’ibindi.
-
Ibyemezo byafatiwe mu nama y’abaminisitiri yo kuwa 18 Kamena 2022
18 June 2022, by Dusingizimana RemyKu wa Gatandatu, tariki ya 18 Kamena 2022, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 13 Gicurasi 2022.
2. Inama y’Abaminisitiri yongeye gusuzuma ingamba zafashwe zo gukumira ikwirakwira ry’lcyorezo cya COVID-19.
Ingamba zisanzweho zizakomeza gukurikizwa, kandi zizongera kuvugururwa mu gihe cy’ukwezi kumwe hashingiwe ku (…)
Umuryango.rw
RIB yafunze umukozi wa WASAC akekwaho ruswa mu gusaranganya amazi
Ruhango: Umusore w’imyaka 22 yatewe icyuma, batatu batabwa muri yombi
FERWAFA yatangaje abagize komisiyo zayo
OMS yasabye ibihugu bikomeje kuburira abaturage babyo bagenderera u Rwanda ko bidakwiye
Mourinho yashinjwe amakosa mu irondaruhu ryakorewe Vinícius Júnior
Trump yatangiye ibiganiro byo kugura Greenland
Ibigo 30 byigisha ikoranabuhanga bigiye kubakwa mu Rwanda
Ibyemezo byafatiwe mu nama y’abaminisitiri yo kuwa 18 Kamena 2022