Perezida mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yasabye ko imikoranire itari myiza ivugwa hagati yaryo na Minisiteri ya Siporo icika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Shema Fabrice yasabye ko imikoranire mibi ivugwa hagati ya FERWAFA na MINISPORTS icika
31 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
RDC: Abayobozi b’amadini basabwe gukusanyiriza Wazalendo amaturo
23 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yasabye abayobozi b’amadini n’amatorero bakorera muri iki gihugu, gukusanyiriza amaturo ingabo z’iki gihugu (FARDC) n’Ihuriro ry’imitwe ya Wazalendo.
-
Cardi B mu rukundo rushya
17 February 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Cardi B uri mu bagore bamaze kubaka izina mu muziki, aravugwa mu rukundo na Stefon Diggs wamenyekanye mu mukino wa NFL uri mu ikurikirwa cyane muri Amerika.
-
Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana
12 December 2025, by ISIMBI EstellaIshami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko abana batatu bari munsi y’imyaka 15 bakurikiranyweho gutwika Stade ya Factory Field nyuma y’uko ikipe bafana ihakinira ya FC Haka imanutse mu Cyiciro cya Kabiri.
-
USA: Michelle Obama yahishuye ko atazitabira irahira rya Donald Trump
15 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMichelle Obama, umugore wa Barack Obama wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko atazitabira ibirori by’irahira rya Perezida Donald Trump watorewe kuyobora iki gihugu mu matora aheruka.
-
Kenny Sol na Element Eleéeh mu muryango usohoka muri 1:55AM Ltd
26 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInzu ifasha abahanzi ya 1:55 AM imaze iminsi isohokamo amakuru y’ubwumvikane buke hagati y’ubuyobozi bwayo n’abayibarizwamo, ari nabyo bituma bamwe batangiye gutegura inzira ziyibasohoramo.
-
Mu Rwanda abarimu ibihumbi 26 bari mu kazi ntibize uburezi
1 August 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze, REB rwatangaje ko abarimu bagera ku bihumbi 26 bigisha mu mashuri y’inshuke n’abanza batize uburezi.
-
Ibihugu byegereye inyanja ya Pacifique byasabwe kwitegura Tsunami nyuma y’umutingito ukaze mu Burusiya
30 July 2025, by ISIMBI EstellaIbihugu bitandukanye bikora ku nyanja ya Pacifique, byasabwe kwitegura tsunami kubera umutingito uherutse kuba mu burasirazuba bw’u Burusiya.
-
Centrafrique: Ingabo z’u Rwanda zatanze ibikoresho by’ishuri ku banyeshuri basaga 500
23 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo z’u Rwanda (Rwanbatt-7) ziri mu butumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye, MINUSCA, muri Repubulika ya Centrafrique zatanze ibikoresho by’ishuri ku banyeshuri barenga 500 bo mu Ishuri rya Dounia riherereye mu Burasirazuba bwa Centrafrique.
-
Knowless yacitse ururondogoro yifuriza umugabo we isabukuru
1 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Butera Knowless akaka n’umugore wa Producer Ishimwe Clement uzwi nk’uwashinze inzu ifasha abahanzi ya Kina Music yagize isabukuru, Knowless acika ururondogoro mu kumwifuriza umunsi mwiza w’isabukuru y’amavuko.
Umuryango.rw
Shema Fabrice yasabye ko imikoranire mibi ivugwa hagati ya FERWAFA na MINISPORTS icika
RDC: Abayobozi b’amadini basabwe gukusanyiriza Wazalendo amaturo
Cardi B mu rukundo rushya
Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana
USA: Michelle Obama yahishuye ko atazitabira irahira rya Donald Trump
Kenny Sol na Element Eleéeh mu muryango usohoka muri 1:55AM Ltd
Mu Rwanda abarimu ibihumbi 26 bari mu kazi ntibize uburezi
Ibihugu byegereye inyanja ya Pacifique byasabwe kwitegura Tsunami nyuma y’umutingito ukaze mu Burusiya
Centrafrique: Ingabo z’u Rwanda zatanze ibikoresho by’ishuri ku banyeshuri basaga 500
Knowless yacitse ururondogoro yifuriza umugabo we isabukuru