Kuri uyu wa gatandatu taliki 16/11/2024, Skol ibinyujije mu kinyobwa cyayo cya Skol Malt yateguye igitaramo gikomeye kizitabirwa n’abahanzi bakomeye hano mu Rwanda bazwiho guhagurutsa imbaga kizabera muri Kigali Universel (hejuru muri CHIC), imiryango ikazaba ifunguye kuva saa kumi z’umugoroba!
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Skol yateguye igitaramo gikomeye muri Kigali Universal kizitabirwa na ba Bushali, Riderman, Bulldogg Papa Cyangwe n’Abandi.
14 November 2024, by Ubwanditsi -
Amerika yasubukuye gahunda yo guha Ukraine intwaro
20 March 2025, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Ingabo ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemeje ko yasubukuye gahunda yo guha Ukraine inkunga mu bya gisirikare no gusangira na Kyiv amakuru y’ubutasi.
-
RDC: Abashinwa batatu bafashwe basahura zahabu bakatiwe igifungo cy’imyaka irindwi
15 January 2025, by Joseph IradukundaUrukiko rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rukorera mu mujyi wa Bukavu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, rwakatiye Abashinwa batatu igifungo cy’imyaka irindwi n’ihazabu y’ibihumbi 600 by’Amadolari ya Amerika.
-
Mukomeze mwihangane ! Perezida Kagame ahumuriza abagizweho ingaruka n’ibiza
12 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROKuri uyu wa Gatanu tariki 12 Gicurasi 2023 ,Perezida Paul Kagame yasuye Akarere ka Rubavu by’umwihariko uduce twibasiwe n’ibiza turimo Mahoko, Pfunda na Nyundo, aganira n’abaturage bacumbikiwe kuri site ya Nyemeramihigo, arabahumuriza, abizeza ko leta izakomeza kubaba hafi. Yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’abarenga ibihumbi bibiri batujwe muri site y’Inyemeramihigo, nyuma y’uko yari amaze gusura ibikorwa bitandukanye muri ako karere byangijwe n’ibiza, birimo n’uruganda rw’icyayi rwa (…)
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
19 March, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAN MARIE VIANNEY ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO
-
Agashya,Elon Musk yamuritse umushinga w’imodoka zitagira ‘volant’ na ‘pédales’
11 October 2024, by Joseph IradukundaUmuherwe Elon Musk yamuritse umushinga wo gutangira gukora imodoka z’imiryango ibiri zitwara kandi zitagira ‘volant’ na ‘pédales’ ahubwo imikorere yazo izaba ishingiye 100% kuri za camera n’ikoranabuhanga rya ‘AI’ gusa.
-
RDC: Abasirikare icyenda biganjemo ba Colonel bafungiwe kwiba ibiryo
7 November 2025, by ISIMBI EstellaAbasirikare icyenda ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bakorera mu bice bitandukanye by’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, batawe muri yombi bazira kwiba ibiryo bya bagenzi babo.
-
Gen. Kainerugaba na Gen. Songesa wa DRC baganiriye ku mutekano w’akarere
1 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yabonanye na mugenzi we Gen. Christian Tshiwewe Songesa, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), mu rwego rwo gushimangira ubufatanye mu guhangana n’ibibazo by’ihungabanya ry’umutekano rusange .
-
Musk agiye kugabanya inshingano ze mu butegetsi bwa Amerika, yite kuri Tesla
23 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyemari Elon Musk yatangaje ko ari gutegura uburyo yagabanya inshingano yari afite mu rwego rushinzwe kugabanya amafaranga leta ya Amerika ikoresha (DOGE), kugira ngo yite ku kigo cye cya Tesla nyuma y’uko gikomeje kugaragaza umusaruro nkene.
-
Umujyi wa Kigali washyizeho imodoka n’amatike by’ubuntu ku bashaka gushyigikira Amavubi
21 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmujyi wa Kigali watangaje ko hari imodoka zatunganijwe kugira ngo zifashe abaturage kugera kuri Stade Amahoro, aho Ikipe y’Igihugu, Amavubi irakira Nigeria kuri uyu wa Gatanu.
Umuryango.rw
Skol yateguye igitaramo gikomeye muri Kigali Universal kizitabirwa na ba Bushali, Riderman, Bulldogg Papa Cyangwe n’Abandi.
Amerika yasubukuye gahunda yo guha Ukraine intwaro
RDC: Abashinwa batatu bafashwe basahura zahabu bakatiwe igifungo cy’imyaka irindwi
Mukomeze mwihangane ! Perezida Kagame ahumuriza abagizweho ingaruka n’ibiza
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
Agashya,Elon Musk yamuritse umushinga w’imodoka zitagira ‘volant’ na ‘pédales’
RDC: Abasirikare icyenda biganjemo ba Colonel bafungiwe kwiba ibiryo
Gen. Kainerugaba na Gen. Songesa wa DRC baganiriye ku mutekano w’akarere
Musk agiye kugabanya inshingano ze mu butegetsi bwa Amerika, yite kuri Tesla
Umujyi wa Kigali washyizeho imodoka n’amatike by’ubuntu ku bashaka gushyigikira Amavubi