Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, ategerejwe i Kigali mu ruzinduko rw’iminsi ibiri ruzahera ku wa Kane tariki 27 Gicurasi rugasozwa tariki ya 28 Gicurasi 2021.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Hamenyekanye igihe Perezida Macron azagerera mu Rwanda
18 May 2021, by Dusingizimana Remy -
Perezida Zelensky ahamya ko Putin yatangije Intambara ya Gatatu y’Isi
23 February, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin yamaze gutangiza Intambara ya Gatatu y’Isi, ashimangira ko igisubizo rukumbi ari ukumushyiraho igitutu gikomeye mu bya gisirikare no mu bukungu kugira ngo asubire inyuma.
-
U Rwanda mu biganiro by’ubufatanye n’ikigo cy’u Burusiya gishinzwe ibya nucléaire
18 February, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda iri mu biganiro n’ikigo cy’u Burusiya gishinzwe kugenzura imitunganyirize n’imikoreshereze y’ingufu za nucléaire, Rostekhnadzor, bigamije ubufatanye mu gihe kiri imbere.
-
U Rwanda rweretse ibihugu bya EAC uko haboneka ubushobozi bwo kurengera ibidukikije
21 February, by Angeline MUKANGENZIUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ushinzwe ishoramari rya Leta, Mutesi Linda Rusagara yeretse ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba uburyo u Rwanda ruri gukoresha mu gushyiraho ingamba zihamye zo guhangana n’imihindagurikire y’ibihe ndetse no gushaka amikoro yo gushora mu mishinga yo kurengera ibidukikije.
-
Umubare w’intanga ziterwa inka uzikuba inshuro zirindwi, mu myaka itatu iri imbere
2 April, by ISIMBI EstellaBiteganyijwe ko mbere ya 2030, u Rwanda ruzaba rushobora gutanga intanga z’inka ibihumbi 840, bivuye ku ntanga ibihumbi 120 zitangwa uyu mwaka.
-
Intumwa Ya Museveni Yagejeje Ubutumwa Bwe Kuri Tshisekedi
16 July 2025, by Joseph IradukundaPasiteri bwite wa Perezida Museveni witwa Dr. Robert Kayanja yagejeje ubutumwa bwe kuri Perezida Felix Tshisekedi
-
Trump yihaye Igikomangoma Harry n’umugore we
24 April, by Angeline MUKANGENZIMu gihe habura iminsi mike ngo Umwami Charles III w’u Bwongereza agirire uruzinduko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Perezida Donald Trump yanenze Igikomangoma Harry, wagarutse kuri politiki ya Amerika muri Ukraine.
-
Perezida Kagame yahaye ubutumwa abayobozi biremereza
22 October 2022, by Dusingizimana RemyUbwo yafunguraga Inama y’iminsi ibiri ya Biro Politiki y’Umuryango FPR Inkotanyi,Perezida Kagame yasabye abayobozi biremereza kubireka kuko byataye igihe.
Muri iyi nama yabereye i Rusororo ku cyicaro cy’uyu muryango,kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Ukwakira 2022,Perezida Kagame yavuze ko abayobozi biremereza ari "icyo ntazi".
Yavuze ko nubwo ari bake, hari abayobozi bigize indakoreka, bumva ko aho bageze bafatwa nk’ibitangaza, bakangiza byinshi aho gukemura ibibazo.
Ati “Abayobozi bagenda (…) -
Rwamagana: Abaturage biyujurije ibiro by’Akagari bya miliyoni 64 Frw
3 July 2025, by ISIMBI EstellaAbaturage bo mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Munyiginya mu Kagari ka Binunga, biteguye kwizihiza Umunsi Mukuru wo Kwibohora bataha ibiro bishya by’Akagari kabo byatwaye asaga miliyoni 64 Frw, bisimbura ibiro byari bishaje byabateraga ipfunwe.
-
Umudepite yatanze umushinga ugamije komeka Greenland kuri Amerika
13 January, by ISIMBI EstellaUmushinga w’itegeko ugamije gutuma Greenland iba leta ya 51 ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika watanzwe mu Nteko Ishinga Amategeko, ukaba wongeye kuzamura impaka ku rwego rwo hejuru kuri uwo mugambi wa Perezida Donald Trump.
Umuryango.rw
U Rwanda mu biganiro by’ubufatanye n’ikigo cy’u Burusiya gishinzwe ibya nucléaire
U Rwanda rweretse ibihugu bya EAC uko haboneka ubushobozi bwo kurengera ibidukikije
Umubare w’intanga ziterwa inka uzikuba inshuro zirindwi, mu myaka itatu iri imbere
Intumwa Ya Museveni Yagejeje Ubutumwa Bwe Kuri Tshisekedi
Perezida Kagame yahaye ubutumwa abayobozi biremereza
Rwamagana: Abaturage biyujurije ibiro by’Akagari bya miliyoni 64 Frw
Umudepite yatanze umushinga ugamije komeka Greenland kuri Amerika