Umugore w’imyaka 34 wo mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo ukurikiranyweho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 14 y’amavuko akamushukisha 1 000Frw, yemera icyaha agasobanura ko uyu mwana ari we wamusabye ko basambana, kuko we asanzwe akora akazi ko kwicuruza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kigali: Umugore ukurikiranyweho gusambanya umwana w’umuhungu arusha imyaka 20 yisobanuye avuga ko ari we wabimusabye
19 February, by Angeline MUKANGENZI -
Trump yamaganye umwanzuro w’Urukiko rw’Ikirenga utesha agaciro imisoro yashyiriyeho ibihugu
21 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yamaganye umwanzuro w’Urukiko rw’Ikirenga utesha agaciro imisoro myinshi yashyiriyeho ibihugu ashinja kubangamira Abanyamerika mu rwego rw’ubucuruzi.
-
Qatar yarashe indege ebyiri za Iran
2 March, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ingabo muri Qatar yatangaje ko yarashe indege ebyiri za Iran kuri uyu wa 02 Werurwe 2026.
-
FARDC irashinja M23 ’gusenya imihate y’amahoro’ itera ibirindiro byabo
27 March 2025, by Joseph IradukundaIgisirikare cya DR Congo (FARDC) cyatangaje ko umutwe wa AFC/M23 urimo ’gusenya imihate y’amahoro yatangijwe n’amahanga’ ukora ibitero bishya ku birindiro by’ingabo muri Kivu ya Ruguru na Kivu y’epfo.
-
Nicki Minaj yifashishije AI, yongera kugaragaza urwo akunda Trump
17 February, by ISIMBI EstellaOnika Tanya Maraj uzwi cyane nka Nicki Minaj, yasangije abamukurikirana amafoto yakozwe n’ubwenge buhangano (AI) amugaragaza ari kumwe na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump.
-
Zambia: Umuryango wa Perezida Lungu wateye utwatsi iby’uko yarozwe
18 February, by Angeline MUKANGENZIAbanyamategeko b’umuryango wa Edgar Lungu wabaye Perezida wa Zambia bateye utwatsi ibivugwa ko urupfu rwe rwakomotse ku burozi.
-
Tyla ari gukora album ya kabiri
18 February, by ISIMBI EstellaTyla yateguje abafana be ko iyo album izajya hanze mu mpeshyi ya 2026 mu mezi ya Kamena na Kanama.
-
U Burundi bwutse inabi uwabaye Minisitiri wabwo wabusabye kumvikana n’u Rwanda
24 December 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Dr. Edouard Bizimana, yutse inabi umwe mu bamubanjirije muri izi nshingano wasabye ubuyobozi bw’igihugu cyabo kumvikana n’u Rwanda.
-
Burera: Umwe mu bafatanywe inzoga yitwa Kunjakunja yapfiriye muri kasho ya polisi
17 February, by Angeline MUKANGENZIUmugabo witwa Musirikare Jean, uri muri bamwe mu bantu bo mu Murenge wa Gahunga mu Karere ka Burera, bafatanywe inzoga zitujuje ubuziranenge zitwa Kunjakunja yapfiriye muri kasho ya polisi.
-
Guceceka ni nk’ubufatanyacyaha: U Rwanda rwasabye Loni guhagurukira imvugo zibiba urwango ziri kwiyongera
19 February, by ISIMBI EstellaUmujyanama mu bya gisirikare muri Ambasade y’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Col Deo Mutabazi, yawusabye guhagurukira kurwanya imvugo zibiba urwango zikomeje kwiyongera kuko kutagira icyo uzikoraho bifatwa nko kuzishyigikira cyangwa ubufatanyacyaha.
Umuryango.rw
Trump yamaganye umwanzuro w’Urukiko rw’Ikirenga utesha agaciro imisoro yashyiriyeho ibihugu
Qatar yarashe indege ebyiri za Iran
FARDC irashinja M23 ’gusenya imihate y’amahoro’ itera ibirindiro byabo
Nicki Minaj yifashishije AI, yongera kugaragaza urwo akunda Trump
Tyla ari gukora album ya kabiri
U Burundi bwutse inabi uwabaye Minisitiri wabwo wabusabye kumvikana n’u Rwanda
Burera: Umwe mu bafatanywe inzoga yitwa Kunjakunja yapfiriye muri kasho ya polisi
Guceceka ni nk’ubufatanyacyaha: U Rwanda rwasabye Loni guhagurukira imvugo zibiba urwango ziri kwiyongera