Minisitiri w’Uburezi (MINEDUC), Nsengimana Joseph yashishikarije ababyeyi kwita ku bana bagiye mu biruhuko, bakagira icyo bafasha mu muryango aho kwirirwa bazerera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Minisitiri Nsengimana yashishikarije ababyeyi kwita ku bana mu biruhuko
30 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Maroc yanze kwakira Igikombe cya Afurika cy’Abagore habura ukwezi ngo gitangire
2 February, by Angeline MUKANGENZIMu gihe haburaga ukwezi kumwe n’igice ngo Igikombe cya Afurika cy’Abagore kibere muri Maroc, iki gihugu cyatangaje ko kitazakira irushanwa byatumye Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika (CAF) irijyana muri Afurika y’Epfo.
-
Abari mu ngabo za Isiraheli banyuzwe n’ubwuzu n’urugwiro by’Abanyarwanda
2 December 2025, by ISIMBI EstellaItsinda ry’abasirikare bahoze mu ngabo za Isiraheli bamugariye ku rugamba bari bamaze Icyumweru mu ruzinduko mu Rwanda, bagaragaje u Rwanda ko ari igihugu cyiza kandi gikomeje gutera imbere bashimara urugwiro n’ubwuzu Abanyarwanda babagaragaje.
-
Habonetse abandi bantu 4 banduye Coronavirus mu Rwanda
10 May 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 10 Gicurasi, abantu bane aribo basanzwemo Coronavirus mu bipimo 1,040 byafashwe, bituma umubare w’abanduye mu Rwanda ugera kuri 284. Abamaze gukira baracyari 140.abakirimo kwitabwaho n’abaganga bo babaye 144.
-
Umwuka mubi wadutse hagati y’ Amerika n’ u Burusiya ushobora kubyara intambara y’ amasasu
31 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmubano wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika n’ igihugu cy’ u Burusiya wongeye gusubira irudubi. Abakurikiranira hafi ibya politiki baravuga ko bishobora kubyara intambara y’ amasasu.
Ku wa Kabiri w’ icyumweru gishize tariki 25 Nyakanga inteko ishinga amategeko ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika yemeje ko igihugu cy’ u Burusiya gifatirwa ibihano bishya. Ibi byabaye mu gihe hari ibindi bihano Amerika yafatiye u Burusiya bitarakurwaho.
Ibi bibaye mu gihe n’ ubusanzwe umubano w’ ibi bihugu byombi (…) -
AFC/M23 yamaganye raporo ya HRW iyishinja kwica abantu 140
21 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ryamaganye raporo yashyizwe ahagaragara n’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu (Human Rights Watch /HRW) irishinja kwica abaturage b’abasivili barenga 140.
-
RDC: Amadolari arenga 3M yafatiwe ku Kibuga cy’Indege akomeje guteza impaka
23 March, by ISIMBI EstellaMuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), hafashwe amafaranga menshi y’amadolari ya Amerika ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya N’djili, ibyateje impaka n’inyungu zidasanzwe mu nzego z’ubutabera n’umutekano.
-
Perezida Kagame yatorewe kuyobora AUDA-NEPAD ku bwiganze bw’amajwi
8 February 2020, by Dusingizimana RemyKu bwiganze busesuye, Perezida Kagame yatorewe kuba Umuyobozi w’Akanama k’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma gashinzwe kwiga ku cyerekezo cy’Ikigega cy’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe gishinzwe iterambere (AUDA-NEPAD).
-
Meghan Trainor aricuza kwitera imiti yongera ubwiza
2 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi Meghan Trainor, wamamaye mu muziki yagaragaje ko kubera kwitera imiti ituma uruhu rusa neza, byamugizeho ingaruka zikomeye ku buryo guseka kuri we byabaye amateka.
-
Ubufaransa bwinjiye mu yandi makuba ya politike nyuma yuko abadepite beguje minisitiri w’intebe
9 September 2025, by ISIMBI EstellaUbufaransa bwashowe mu makuba mashya yo muri politike nyuma y’itsindwa rya Minisitiri w’intebe François Bayrou mu matora yo kumugaragariza niba afitiwe icyizere yabereye mu nteko ishingamategeko.
Umuryango.rw
Minisitiri Nsengimana yashishikarije ababyeyi kwita ku bana mu biruhuko
Maroc yanze kwakira Igikombe cya Afurika cy’Abagore habura ukwezi ngo gitangire
Abari mu ngabo za Isiraheli banyuzwe n’ubwuzu n’urugwiro by’Abanyarwanda
Habonetse abandi bantu 4 banduye Coronavirus mu Rwanda
AFC/M23 yamaganye raporo ya HRW iyishinja kwica abantu 140
RDC: Amadolari arenga 3M yafatiwe ku Kibuga cy’Indege akomeje guteza impaka
Meghan Trainor aricuza kwitera imiti yongera ubwiza
Ubufaransa bwinjiye mu yandi makuba ya politike nyuma yuko abadepite beguje minisitiri w’intebe