Abatuye n’ abacururiza mu karere ka Huye by’ umwihariko Tumba, Rango, na Mukoni barishimira icyemezo Leta y’ u Rwanda iherutse gufata cyo gusubiza bamwe mu biga muri Kaminuza y’ u Rwanda kwigira I Huye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Tumba, Rango, Mukoni: Amazu y’ ubucuruzi yari yarafunze yongeye gufungura ubu barinjira ayikubye kabiri
13 December 2018, by Nsanzimana Ernest -
Rwamagana: Gitifu w’Akagari ukekwaho gukubita abaturage, yatawe muri yombi
16 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana bwavuze ko uwari Umunyambanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kitazigurwa gaherereye mu Murenge wa Muhazi, yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano kugira ngo akorweho iperereza ku cyaha cyo gukubita abaturage yayoboraga.
-
Akamaro k’umutobe w’imboga mu gusukura umwijima
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmwijima ni rumwe mu ngingo z’ibanze z’umubiri w’umuntu, rukaba urw’ingenzi mu rwungano ngogozi, ndetse amakuru dukesha Wikipedia avuga ko ukora imirimo 300 mu mikorere y’umubiri.
-
BBC yasabye urukiko gutesha agaciro ikirego cya Trump
17 March, by Angeline MUKANGENZIIkinyamakuru BBC cyasabye urukiko rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, gutesha agaciro ikirego cya Perezida Donald Trump wayireze asasaba miliyari 10$ nk’indishyi yo kumuharabika.
-
U Rwanda rugiye kwakira abandi barimu 160 baturutse muri Zimbabwe
21 December 2025, by ISIMBI EstellaU Rwanda rugiye kwakira abandi barimu b’inzobere 160 baturutse muri Zimbabwe binyuze mu masezerano yo guhana abarimu hagati y’ibihugu byombi.
-
I Goma harashyingurwa imibiri 200 byagoye leta gusobanura inkomoko
2 September 2024, by Joseph IradukundaSerivisi ishinzwe protocol ku rwego rw’Intara ya Kivu ya Ruguru yatangaje ko kuri uyu wa Mbere taliki 02 Nzeri2024, hari bushyingurwe imibiri 200 y’abantu bahitanywe n’intambara.
-
Perezida Macron yasabye imbabazi abarokotse Jenoside anemera n’uruhare Ubufaransa bwayigizemo [AMAFOTO]
27 May 2021, by Dusingizimana RemyAvuga mu izina ry’Abafaransa, Perezida Emmanuel yasabye imbabazi abakiriho barokotse jenoside mu Rwanda, yemera ko igihugu cye cyayigizemo uruhare rwa politiki.
-
U Rwanda, Kenya na Uganda byiyemeje kwihutisha iyubakwa ry’umuhanda wa gari ya moshi
16 April, by Angeline MUKANGENZIAbaminisitiri b’imari baturutse muri Kenya, u Rwanda na Uganda bemeye gushyira imbere gushakira amafaranga umushinga wadindiye w’iyubakwa ry’umuhanda wa gari ya moshi wa Standard Gauge Railway (SGR), mu rwego rwo guhuza akarere ufatwa nk’umwe mu mishinga y’ibikorwaremezo ikomeye muri Afurika y’Iburasirazuba.
-
Amerika yafatiye ibihano Sudan kubera gukoresha intwaro kirimbuzi
23 May 2025, by Angeline MUKANGENZILeta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano Sudan birimo; guhagarika kohereza ibicuruzwa, inkunga n’inguzanyo nyuma y’uko icyo gihugu gishinjwe kurenga ku mategeko mpuzamahanga n’uburenganzira bwa muntu kigakoresha intwaro z’ubumara mu ntambara y’abenegihugu.
-
U Bufaransa bwamaganye abangije ikimenyetso cy’urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi i Rouen
17 April, by Angeline MUKANGENZIAmbasade y’u Bufaransa mu Rwanda yamaganye abangije ikimenyetso cy’urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ruherereye mu mujyi wa Rouen mu ntara ya Normandie.
Umuryango.rw
Rwamagana: Gitifu w’Akagari ukekwaho gukubita abaturage, yatawe muri yombi
Akamaro k’umutobe w’imboga mu gusukura umwijima
BBC yasabye urukiko gutesha agaciro ikirego cya Trump
U Rwanda rugiye kwakira abandi barimu 160 baturutse muri Zimbabwe
I Goma harashyingurwa imibiri 200 byagoye leta gusobanura inkomoko
U Rwanda, Kenya na Uganda byiyemeje kwihutisha iyubakwa ry’umuhanda wa gari ya moshi
Amerika yafatiye ibihano Sudan kubera gukoresha intwaro kirimbuzi
U Bufaransa bwamaganye abangije ikimenyetso cy’urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi i Rouen