Perezida Donald Trump yatangaje ko igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyarokoye umusirikare wa kabiri wari mu ndege y’intambara yarasiwe mu kirere cya Iran.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ingabo za Amerika zarokoye umusirikare wari mu ndege yarasiwe mu kirere cya Iran
5 April, by ISIMBI Estella -
U Rwanda rwatangiye guca imodoka zifite ibirahure byijimye
19 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmuvugizi w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda Senior Superintendent of Police (SSP) Jean Marie Vianney Ndushabandi, yatangaje ko Polisi y’u Rwanda, ishami ryayo rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangiye gukora umukwabu wo gufata imodoka zifite ibirahure byijimye mu gihugu hose.
SSP Ndushabandi yavuze ko imodoka zifite ibirahure byijimye zitemewe, avuga ko ababifite ku modoka zabo baba bica amategeko n’amabwiriza agenga ikoreshwa ry’umuhanda.
Yavuze ati:”Dushingiye ku (…) -
Urukiko rwemeje ko Twagirayezu wahamijwe ibyaha bya Jenoside arangiriza igihano muri Denmark
11 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuTwagirayezu Wenseslas wakatiwe igifungo cy’imyaka 20 n’Urukiko rw’Ubujurire mu Rwanda, Urukiko rwo mu Mujyi wa Hillerød rwemeje ko ahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi bityo ko agomba kurangiza igifungo cy’imyaka 20 muri gereza yo muri iki gihugu.
-
Umuhanzi Ozzy Osbourne yitabye Imana
23 July 2025, by ISIMBI EstellaJohn Michael “Ozzy” Osbourne, umuhanzi w’Umwongereza wamenyekanye cyane mu njyana ya heavy metal, yitabye Imana ku wa 22 Nyakanga 2025, afite imyaka 76, nk’uko byatangajwe n’umuryango we.
-
Google yashinjwe guha amakuru y’abantu AI yayo mu ibanga
14 November 2025, by ISIMBI EstellaGoogle yajyanywe mu nkiko ku bwo guha AI yayo ya Gemini, amakuru y’abantu bakoresha serivisi za Gmail, Chat na Meet nta burenganzira batanze.
-
IShowSpeed arateganya gusura ingagi zo mu Birunga mu Rwanda
6 January, by ISIMBI EstellaUmunyamerika umaze kuba icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, IShowSpeed, yatangaje ko mu rugendo ari kugirira mu bihugu bitandukanye muri Afurika, nagera mu Rwanda ateganya kuzasura ingagi mu birunga.
-
Nyamasheke: Ikiraro bamaze imyaka 5 batabariza cyahitanye umuturage
8 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNtirenganya Théogène w’imyaka 39 wo Mudugudu wa Rugarama, Akagari ka Gatare, Umurenge wa Macuba, Akarere ka Nyamasheke, yahitanywe n’ikiraro cyasenyutse mu gihe abaturage bamaze igihe batakira Akarere ko icyo Kiraro kibateje inkeke.
-
Babagemuriye inzuki ngo zibarye batatane. Ubuhamya bwa Rukundo
10 April 2025, by ISIMBI EstellaRukundo uzwi nka Kanyeshuri avuga ko yarokotse ari umwe mu muryango we w’abantu 20, kimwe n’abandi benshi ngo bakaba barishwe ubwo bari ku gasozi ka Kesho aho bari bahungiye banirwanaho, abari babagiriye impuhwe bakabagemurira ibiryo, bageze aho umwe abagemurira igiseke cyuzuye inzuki, zirabarya baratatana babona uko babica.
-
Zimbabwe: Hitezwe ivugurura ry’Itegeko Nshinga rizatuma Mnangagwa atinda ku butegetsi
8 April, by ISIMBI EstellaAbatavuga rumwe na Leta muri Zimbabwe batangaje ko umwuka wa politiki atari mwiza mu gihugu kubera amavugurura mu Itegeko Nshinga azaha abagize Inteko Ishinga Amategeko uburenganzira bwo gutora Perezida aho gutorwa n’abaturage basanzwe.
-
Rutsiro: Umugabo yasanzwe mu bwogero yiyahuye amanitse mu mugozi
11 January 2025, by Joseph IradukundaHabiyaremye Pascal yasanzwe mu bwogero amanikishije ikiziriko cy’ihene yapfuye hakekwa ko yiyahuye kubera amafaranga y’u Rwanda 1 800 000 yari abereyemo ikimina, kubyakira bikanga agahitamo kwiyahura.
Umuryango.rw
Ingabo za Amerika zarokoye umusirikare wari mu ndege yarasiwe mu kirere cya Iran
Urukiko rwemeje ko Twagirayezu wahamijwe ibyaha bya Jenoside arangiriza igihano muri Denmark
Umuhanzi Ozzy Osbourne yitabye Imana
Google yashinjwe guha amakuru y’abantu AI yayo mu ibanga
IShowSpeed arateganya gusura ingagi zo mu Birunga mu Rwanda
Nyamasheke: Ikiraro bamaze imyaka 5 batabariza cyahitanye umuturage
Babagemuriye inzuki ngo zibarye batatane. Ubuhamya bwa Rukundo
Zimbabwe: Hitezwe ivugurura ry’Itegeko Nshinga rizatuma Mnangagwa atinda ku butegetsi
Rutsiro: Umugabo yasanzwe mu bwogero yiyahuye amanitse mu mugozi