Ubwo uwari meya w’akarere ka Nyanza yagezwaga mu Rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo, uwo benshi bavuzeho kuba inshoreke ye ntiyigeze agaragara mu bantu baje gushyigikira uyu mugabo mu rukiko ubwo yari agiye kuburana.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uwavuzweho kuba inshoreke Ya Ntazinda wari meya wa Nyanza ntiyagaragaye mu Rukiko mu baje kumushyigikira
7 May 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Bruce Melodie yatangaje igihe azamurika Alubumu ye nshya
20 December 2024, by Joseph IradukundaUmuhanzi Bruce Melodie yatangaje itariki azashyirira ahagaragara Alubumu ye nshya yise Colorful generation.
-
Abayisilamu bizihije Umunsi Mukuru w’Igitambo
6 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbayisilamu bahuriye mu bice bitandukanye by’igihugu bizihiza Umunsi Mukuru w’Igitambo uzwi nka Eid Al-Adha, bibuka uko Ibrahim yari agiye kutamba umwana we Ismail, Imana ikamuha intama yo gutambamo igitambo.
-
Ibyaranze 09/04/1994: Abatutsi biciwe kuri Paruwasi i Gikondo n’ahandi henshi, Abafaransa batererana abicwaga,…
9 April, by ISHIMWE Jean de DieuTariki ya 9 Mata 1994, nibwo icyo Abafaransa bise «Operation Turquoise» yatangiye mu Rwanda kugera 12 Mata. Igisobanuro cy’iyo operasiyo kwari ugucyura Abafaransa n’abanyamahanga bari mu Rwanda. Iyo operasiyo yabaye igihe abantu bicwaga cyane muri Kigali n’ahandi henshi mu gihugu, bicwa n’abasirikari n’Interahamwe.
-
Perezida Ramaphosa yavuze ku kagambane bivugwa ko yakorewe mu nama ya G7
27 March, by ISIMBI EstellaKu wa 26 Werurwe 2026, Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida muri Afurika y’Epfo, Vincent Magwenya, yatangaje ko igihugu cye cyakuwe ku rutonde rw’ibyatumiwe mu nama ya G7, bigizwemo uruhare na Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera ibibazo ibihugu byombi bifitanye.
-
Pastor Kayiranga wamamaye mu ndirimbo "Ngarutse imbere yawe" ari mu gahinda ko gupfusha umubyeyi
12 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi ukora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Pastor Kayiranga Innocent, ari mu ghinda ko gupfusha umubyeyi we witabye Imana mu buryo butunguranye kuri uyu wa Gatandatu.
-
Agashya,Elon Musk yamuritse umushinga w’imodoka zitagira ‘volant’ na ‘pédales’
11 October 2024, by Joseph IradukundaUmuherwe Elon Musk yamuritse umushinga wo gutangira gukora imodoka z’imiryango ibiri zitwara kandi zitagira ‘volant’ na ‘pédales’ ahubwo imikorere yazo izaba ishingiye 100% kuri za camera n’ikoranabuhanga rya ‘AI’ gusa.
-
Tshisekedi yirukanye Bahala ’wagiye mu mishyikirano na M23’
24 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kabiri yirukanye ku mirimoAbbé Bahala Okw’Ibale Jean Bosco usanzwe ari umuhuzabikorwa wa gahunda ishinzwe kwambura intwaro imitwe yitwaje intwaro ndetse no gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ari abarwanyi bayo (P-DDRCS).
-
Amerika – Ukraine: Hafi kimwe cya kabiri cy’inkunga yo guhangana n’Uburusiya yaranyerejwe
23 November 2024, by Joseph IradukundaPiotr Kulpa wahoze muri Guverinoma ya Pologne, yavuze ko hafi kimwe cya kabiri cy’amafaranga y’inkunga Ukraine yahawe na Amerika yaba yaranyerejwe na bamwe mu bayobozi bakayakoresha mu nyungu zabo bwite, aho kugira ngo akoreshwe ibyo yagenewe.
-
Polisi y’igihugu igiye gutangira gufatira ibihano abantu bayihamagara bayituka n’abayisaba indirimbo aho gusaba ubutabazi
11 November 2019, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yashyizeho imirongo itishyurwa yo gufasha Abanyarwanda bahuye n’ibibazo kugira ngo bayitabaze bahabwe ubufasha ariko bamwe mu Banyarwanda ntibaha agaciro icyo iyo mirongo yashyiriweho aho bamwe bayikoresha batuka abapolisi babitabye,abandi basaba indirimbo mu gihe abandi bayihamagara ntibagire icyo bavuga bakumvisha umupolisi ubitabye amajwi atagize icyo amaze.
Umuryango.rw
Uwavuzweho kuba inshoreke Ya Ntazinda wari meya wa Nyanza ntiyagaragaye mu Rukiko mu baje kumushyigikira
Bruce Melodie yatangaje igihe azamurika Alubumu ye nshya
Abayisilamu bizihije Umunsi Mukuru w’Igitambo
Ibyaranze 09/04/1994: Abatutsi biciwe kuri Paruwasi i Gikondo n’ahandi henshi, Abafaransa batererana abicwaga,…
Pastor Kayiranga wamamaye mu ndirimbo "Ngarutse imbere yawe" ari mu gahinda ko gupfusha umubyeyi
Agashya,Elon Musk yamuritse umushinga w’imodoka zitagira ‘volant’ na ‘pédales’
Tshisekedi yirukanye Bahala ’wagiye mu mishyikirano na M23’
Amerika – Ukraine: Hafi kimwe cya kabiri cy’inkunga yo guhangana n’Uburusiya yaranyerejwe