Guverinoma ya Somalia yatangaje ko isheshe burundu amasezerano yose yagiranye na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), arimo ajyanye n’icyambu n’ubufatanye mu bya gisirikare, ishinja iki gihugu guhungabanya ubusugire n’ubwigenge bwayo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Somalia yasheshe amasezerano yose yari ifitanye na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu
13 January, by Angeline MUKANGENZI -
Rwamagana: Umwana yishwe n’amashanyarazi bakeka ko yayatezwe na musaza we
2 April, by ISIMBI EstellaUmuryango utuye mu Murenge wa Munyiginya mu karere ka Rwamagana, uri mu gahinda watewe n’urupfu rw’umwana wabo wishwe n’amashanyarazi. Amakuru avuga ko musaza we yaburiwe irengero bikavugwa ko ashobora kuba yarateze umuriro w’amashanyarazi mushiki we, agambiriye kumukanga kugira ngo adasohora igare mu nzu.
-
Mu marira menshi, DC Clement yicujije ibyo yakoze asaba urukiko kumurekura by’agateganyo
27 April, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwaburanishije urubanza ruregwamo umunyamakuru Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement uregwa ibyaha birimo guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda, kurwanya ububasha bw’amategeko no gukubita cyangwa kugirira urugomo abayobozi mu nzego za Leta, arusaba kumurekura by’agateganyo.
-
IFOTO Y’UMUNSI: Minisitiri w’Uburezi yafashije abanyeshuri kumenyesha ababyeyi babo ko batashye akoresheje telefoni ye [AMAFOTO]
16 March 2020, by Dusingizimana RemyNubwo yari ahugiye muri gahunda yo kureba uko igikorwa cyo gucyura mu rugo abanyeshuri kiri kugenda,Minisitiri w’Uburezi,Dr.Valentine Uwamariya yagaragaye ari gufasha bamwe muri bo kumenyesha ababyeyi babo ko batashye akoresheje telefoni ye.
-
Gatsibo: Umupadiri yatawe muri yombi azira gusomera misa ahatemewe
6 April, by ISIMBI EstellaUmupadiri wa Kiliziya Gatolika muri Paruwasi ya Kiziguro yo mu Karere ka Gatsibo, yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano zo mu Murenge wa Kabarore, nyuma yo gufatwa asomera misa ahantu hatemewe.
-
Haje ikoranabuhanga rishya rirwanya ’bots za AI’ zisahura amakuru ku mbuga
2 July 2025, by ISIMBI EstellaImbuga (websites) zibarirwa muri za miliyoni – zirimo Associated Press, Sky News na Buzzfeed – ubu zizajya zibasha kubuza ’bots’ za ’artificial intelligence’(AI) zifatwa nka ’rusahuzi’ kugera ku makuru yazo zidahawe uburenganzira.
-
Nyamasheke: Imodoka yarenze umuhanda ikomerekeramo umushoferi n’uwo bari kumwe
9 September 2025, by ISIMBI EstellaImodoka yo mu bwoko bwa RAV 4 ifite pulake RAG 481Y yavaga i Karongi yerekeza i Rusizi yakoze impanuka irenga umuhanda, uwari uyitwaye n’uwo bari kumwe barakomereka.
-
Cuba yigaramye Trump ku byo kugirana ibiganiro na Amerika
30 January, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Cuba, Miguel Diaz-Canel yatangaje ko nta biganiro igihugu cye kigeze kigirana na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gihe Donald Trump uyiyobora yari yatangaje ko mu minsi ishize ibi bihugu bimaze igihe bidacana uwaka byongeye kugirana ibiganiro.
-
NTAWURYIZIGIRA Silas yasabye guhindurirwa amazina akitwa MUHIRE ILAN Silas
7 February, by ISIMBI EstellaTuramenyesha ko NTAWURYIZIGIRA Silas yasabye guhindurirwa amazina akitwa MUHIRE ILAN Silas mu bitabo byirangamimerere.
-
Nduhungirehe yeruriye Kaja Kallas ko ibihano u Rwanda rufatirwa bitazakemura ibibazo bya RDC
11 March 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe uri i Bruxelles mu Bubiligi, ku wa Mbere yahuye anagirana ibiganiro na Visi-Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Kaja Kallas.
Umuryango.rw
Somalia yasheshe amasezerano yose yari ifitanye na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu
Rwamagana: Umwana yishwe n’amashanyarazi bakeka ko yayatezwe na musaza we
Mu marira menshi, DC Clement yicujije ibyo yakoze asaba urukiko kumurekura by’agateganyo
Gatsibo: Umupadiri yatawe muri yombi azira gusomera misa ahatemewe
Haje ikoranabuhanga rishya rirwanya ’bots za AI’ zisahura amakuru ku mbuga
Nyamasheke: Imodoka yarenze umuhanda ikomerekeramo umushoferi n’uwo bari kumwe
Cuba yigaramye Trump ku byo kugirana ibiganiro na Amerika
NTAWURYIZIGIRA Silas yasabye guhindurirwa amazina akitwa MUHIRE ILAN Silas
Nduhungirehe yeruriye Kaja Kallas ko ibihano u Rwanda rufatirwa bitazakemura ibibazo bya RDC