Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Musanze, by’umwihariko abo mu Mirenge ya Busogo na Gataraga n’indi bihana imbibi, bavuga ko bahura n’ingorane zikomeye igihe bapfushije ababo, bitewe no kutagira amarimbi hafi yabo, bigatuma bajya gushyingura mu Karere ka Nyabihu, mu Murenge wa Mukamira, bakora ingendo ndende kandi zihenze.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Musanze: Kutagira amarimbi bituma bakora ingendo ndende bajya gushyingura i Nyabihu
5 March, by ISIMBI Estella -
Nigeria: Umuhanzi Ifunanya yapfuye arumwe n’inzoka
2 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’Umunya-Nigeria wari ufite imyaka 26, Ifunanya Nwangene, yapfuye nyuma yo kurumwa n’inzoka yamusanze mu cyumba aryamye, mu nzu aho yabaga muri Nigeria.
-
Minisiteri ya Siporo yijeje gukemura burundu ikibazo cy’amatara muri Kigali Pelé Stadium
20 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri wa Siporo, Mukazayire Nelly, yasobanuye ko bamaze kubona igitera ikibazo cy’ibura rya hato na hato ry’umuriro muri Kigali Pelé Stadium ku buryo idashobora gukinirwaho umukino wa nijoro kandi ko kiri gukemurwa mu buryo burambye.
-
Ni we wabinsabye -Yago Pon Dat kuri Pallaso bahuriye mu ndirimbo iri kuri Album ye ya Gatatu
4 March, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe umuhanzi nyarwanda Yago Pon Dat ari mu myiteguro ikomeye ya Album ye ya Gatatu, yamaze gushyira ku mugaragaro imwe mu ndirimbo ziyiriho yise ‘Yo Love’, yakoranye n’umunya-Uganda Pallaso.
-
Nyabihu: Abubatse Umudugudu wa Bikingi barishyuza ay’amezi atandatu
20 January, by ISIMBI EstellaAbaturage bubatse inzu z’abatishoboye mu Mudugudu wa Bikingi, uherereye mu Murenge wa Bigogwe, Akagari ka Kijote, mu Karere ka Nyabihu, baravuga ko bamaze amezi atandatu badahembwa amafaranga bakoreye, ibintu bavuga ko byabagizeho ingaruka zikomeye mu mibereho yabo.
-
Davido yateguje Album nshya azakorana na Chris Brown n’ibitaramo bizenguruka Isi
23 April, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’icyamamare muri Nigeria, Davido (David Adeleke), wahatanye inshuro nyinshi mu bihembo bya Grammy, yatangaje ko ari gutegura umushinga mushya wa Album azafatanya n’umuhanzi wo muri Amerika, Chris Brown.
-
Murangwa yavuze uburyo Rusesabagina yitiriwe ibikorwa by’abandi mu kurokora Abatutsi muri Jenoside
10 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwahoze ari umukinnyi wa Rayon Sports, Murangwa Eric Eugène, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yavuze ko ibivugwa kuri Paul Rusabagina, ko yarokoye Abatutsi benshi bari bahungiye muri Hôtel des Mille Collines bitandukanye n’ukuri.
-
RDC igiye gushinga umutwe w’ingabo zo kurinda amabuye y’agaciro
27 April, by Angeline MUKANGENZIUrwego rushinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa 27 Mata 2026, ruratangiza umutwe witwara gisirikare wo kurinda ibirombe, kubahiriza amategeko abigenga, no gukurikirana neza amabuye y’agaciro abivamo.
-
Ibitero by’Amerika Byahitanye Abarwanyi ba Kiyisilamu Barenga 60 muri Siriya
29 September 2024, by Joseph IradukundaIgisirikare cya leta zunze ubumwe z’Amerika kuri iki cyumweru cyatangaje ko cyagabye ibitero muri Siriya ku ngabo za leta ya kiyisilamu zifitanye isano n’umutwe wa al-Qaeda.
-
Shampiyona y’Isi y’Amagare: Gare ya Nyanza ya Kicukiro izimurirwa i Rebero
11 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’Igihugu yatangaje ko mu gihe cya Shampiyona y’Isi y’Amagare (2025 UCI Road World Championships) u Rwanda rugiye kwakira, ibikorwa bya Gare ya Nyanza byose bizimurirwa ku musozi wa Rebero ahazwi nko kuri Canal Olempia.
Umuryango.rw
Musanze: Kutagira amarimbi bituma bakora ingendo ndende bajya gushyingura i Nyabihu
Nigeria: Umuhanzi Ifunanya yapfuye arumwe n’inzoka
Minisiteri ya Siporo yijeje gukemura burundu ikibazo cy’amatara muri Kigali Pelé Stadium
Ni we wabinsabye -Yago Pon Dat kuri Pallaso bahuriye mu ndirimbo iri kuri Album ye ya Gatatu
Nyabihu: Abubatse Umudugudu wa Bikingi barishyuza ay’amezi atandatu
Davido yateguje Album nshya azakorana na Chris Brown n’ibitaramo bizenguruka Isi
Murangwa yavuze uburyo Rusesabagina yitiriwe ibikorwa by’abandi mu kurokora Abatutsi muri Jenoside
RDC igiye gushinga umutwe w’ingabo zo kurinda amabuye y’agaciro
Ibitero by’Amerika Byahitanye Abarwanyi ba Kiyisilamu Barenga 60 muri Siriya
Shampiyona y’Isi y’Amagare: Gare ya Nyanza ya Kicukiro izimurirwa i Rebero