Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umunyamabanga Mukuru w’Inama y’u Burayi [Council of Europe], Alain Berset, baganira ku mahirwe y’ubufatanye hagati y’impande zombi mu nzego zitandukanye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga Mukuru w’Inama y’u Burayi
30 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Minisitiri Prévot w’u Bubiligi abona gukandagira mu Rwanda bitamushobokera
25 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prévot, agiye kugirira uruzinduko mu karere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari, ariko gukandagira mu Rwanda byo ngo ntibyamushobokera.
-
Abanya Uganda bakunze ishuri ryigisha gutunganya amashusho ryo mu Rwanda
31 January 2025, by UbwanditsiAbanyeshuri bo muri Uganda biga ibijyanye no gutunganya amashusho muri Elite Training Academy bishimiye uburyo ishuri rya IBTC FILM SCHOOL rikorera mu Rwanda ryigisha aya masomo bituma baza kurisura kuri uyu wa 31 Mutarama 2025.
-
Kivu y’Amajyepfo: Abasivile batanu bishwe n’igisasu muri santere ya Sange
30 January, by Angeline MUKANGENZIIhuriro AFC/M23 ryatangaje ko imitwe y’ingabo ishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yajugunye igisasu mu isoko ryo muri santere ya Sange mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, cyica abasivile batanu.
-
Perezida Kagame yageze i Dar Es Salaam
8 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yageze i Dar es Salaam muri Tanzania, aho yitabiriye inama idasanzwe ihuza imiryango ya Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uw’ubukungu uhuza ibihugu byo mu majyepfo ya Afurika (SADC).
-
Amerika yasabye Leta ya RDC na AFC/M23 guhagarika imirwano
1 November 2025, by ISIMBI EstellaUmujyanama wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bufatanye na Afurika, Massad Boulos, yasabye ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 guhagarika imirwano.
-
Ibiciro by’amashanyarazi bigiye guhinduka
17 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko harimo gukorwa ivugururwa ry’ibiciro by’amashanyarazi bitigeze bihinduka kuva mu mwaka wa 2020, nk’imwe mu ngamba zo kwihaza mu bijyanye n’ingufu mu buryo burambye.
-
Minisitiri Munyangaju yasubije abayobozi b’amakipe bababajwe bikomeye n’ihagarikwa rya shampiyona
15 December 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri wa Siporo,Munyangaju Aurore Mimosa,yibukije abayobozi b’amakipe bababajwe cyane no kuba shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda ko ubuzima bw’abakinnyi babo ndetse n’abanyarwanda aribwo bw’ingenzi kurusha amafaranga bavuga ko bagiye guhomba.
-
U Rwanda rwakiriye Iserukiramuco ry’abafana ba Arsenal
19 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBiciye mu Itsinda ry’Abafana ba Arsenal, RAFC mu Rwanda, (Rwanda Arsenal Fans Community), u Rwanda rwakiriye Iserukiramuco rihuza abakubutse ku Mugabane wa Afurika.
-
IShowSpeed arateganya gusura ingagi zo mu Birunga mu Rwanda
6 January, by ISIMBI EstellaUmunyamerika umaze kuba icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, IShowSpeed, yatangaje ko mu rugendo ari kugirira mu bihugu bitandukanye muri Afurika, nagera mu Rwanda ateganya kuzasura ingagi mu birunga.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga Mukuru w’Inama y’u Burayi
Minisitiri Prévot w’u Bubiligi abona gukandagira mu Rwanda bitamushobokera
Abanya Uganda bakunze ishuri ryigisha gutunganya amashusho ryo mu Rwanda
Kivu y’Amajyepfo: Abasivile batanu bishwe n’igisasu muri santere ya Sange
Perezida Kagame yageze i Dar Es Salaam
Amerika yasabye Leta ya RDC na AFC/M23 guhagarika imirwano
Ibiciro by’amashanyarazi bigiye guhinduka
U Rwanda rwakiriye Iserukiramuco ry’abafana ba Arsenal
IShowSpeed arateganya gusura ingagi zo mu Birunga mu Rwanda