Ibiganiro by’amahoro byahurije intumwa z’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 mu Busuwisi byatangiranye amahane ku wa 13 Mata 2026.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Busuwisi: Ibiganiro bya Leta ya RDC na AFC/M23 byatangiranye amahane
14 April, by Angeline MUKANGENZI -
Tesla yahakanye ibyo gusimbuza Elon Musk ku buyobozi
1 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo gikora imodoka zikoresha amashanyarazi, Tesla, cyamaganye amakuru avuga ko kiri mu biganiro bigamije gushaka umuyobozi mukuru mushya ugomba gusimbura Elon Musk umaze imyaka 20 kuri uwo mwanya.
-
U Bwongereza bwashinje u Burusiya kwica Alexei Navalny bukoresheje ubumara bw’igikeri
15 February, by Angeline MUKANGENZIIbiro by’Ububanyi n’Amahanga by’u Bwongereza byatangaje ko umunyamategeko utaravugaga rumwe n’ubutegetsi mu Burusiya, Alexei Navalny, yishwe hakoreshejwe uburozi bwakozwe mu bumara bw’igikeri gikomoka mu muryango w’ibizwi nka Dendrobatidae.
-
Kenya: Umuryango w’umusirikare washimuswe na Al-Shabaab watakambiye Perezida Ruto
22 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuryango w’umusirikare wa Kenya witwa Abdullahi Issa Ibrahim, wafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa Al-Shabaab muri Somalia, wasabye Perezida William Ruto kumutabara kuko ubuzima bwe buri mu kaga.
-
Minisitiri w’uburezi yasabye amashuri makuru na kaminuza gushyira imbaraga mu bushakashatsi
19 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph yavuze ko kugira ngo igihugu kigere ku cyerekezo cya 2050, kaminuza n’ibigo by’ubushakashatsi bidakwiye kugarukira ku gutanga amasomo gusa, ahubwo ko bigomba no gutanga ibisubizo bishya bishingiye ku bushakashatsi no guhanga ibishya.
-
Umukobwa wa Kim Jong un yagaragaye atwaye igifaru
20 March, by ISIMBI EstellaUmukobwa wa Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un, Kim Ju Ae, yagaragaye atwaye igifaru na se amuri inyuma, byongera gushimangira ko uyu mwana yaba ari gutorezwa kuzasimbura se ku butegetsi.
-
Dosiye ya batanu barimo Prophet Joshua yashyikirijwe Ubushinjacyaha
24 December 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwamaze gushyikiriza Ubushinjacyaha dosiye iregwamo abarimo Prophet Joshua bakurikiranyweho icyaha cyo kugayisha agaciro k’ifaranga ry’Iguhugu.
-
Amerika yamaganye umushinga ugamije kwagurira NATO muri Aziya
19 September 2024, by Joseph IradukundaLeta Zunze Ubumwe za Amerika zamaganye igitekezo cyo gushinga Umuryango mushya w’Ubutabarane umeze nka NATO cyangwa se kuwagurira muri Aziya, ivuga ko atari cyo kintu gikenewe cyane uyu munsi.
-
Diamond Platinumz wavuzwe mu rukundo na Zuchu yabihakanye
22 January 2025, by Joseph IradukundaUmuhanzi uri mu bafite izina rikomeye muri Tanzania no mu Karere, Diamond Platinumz, yahakanye yivuye inyuma ko atigeze agirana umubano wihariye n’umuhanzi Zuchu bamaze imyaka itatu bavugwa mu nkuru z’urukundo.
-
Trump yavuze ko nta bufasha yari yiteze kuri Macron ukubitwa n’umugore we
2 April, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yibasiye Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, amuziza kwanga kumuha ubufasha mu ntambara Amerika iri kurwana muri Iran, ashimangira ko ari umugabo uhohoterwa n’umugore we.
Umuryango.rw
U Busuwisi: Ibiganiro bya Leta ya RDC na AFC/M23 byatangiranye amahane
Tesla yahakanye ibyo gusimbuza Elon Musk ku buyobozi
Kenya: Umuryango w’umusirikare washimuswe na Al-Shabaab watakambiye Perezida Ruto
Minisitiri w’uburezi yasabye amashuri makuru na kaminuza gushyira imbaraga mu bushakashatsi
Umukobwa wa Kim Jong un yagaragaye atwaye igifaru
Dosiye ya batanu barimo Prophet Joshua yashyikirijwe Ubushinjacyaha
Amerika yamaganye umushinga ugamije kwagurira NATO muri Aziya
Diamond Platinumz wavuzwe mu rukundo na Zuchu yabihakanye
Trump yavuze ko nta bufasha yari yiteze kuri Macron ukubitwa n’umugore we