Abacururiza mu isoko rya Karengera riri mu Murenge wa Kirimbi, Akarere ka Nyamasheke baratabaza bavuga ko imivu y’amazi y’imvura irikwiramo ishobora kubatwarana n’ibicuruzwa byabo, kimwe n’umuyaga ugurukana ibicuruzwa byabo, bagasaba kubakirwa isoko rizima.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyamasheke: Abacururiza mu isoko rya Karengera bikanga gutembanwa n’imivu
9 October 2025, by ISIMBI Estella -
Abanyeshuri ba Kaminuza bagiye gufasha kugabanya imanza zijya mu nkiko
17 October 2024, by UbwanditsiUbucamanza bw’u Rwanda hamwe n’inzego zishinzwe guteza imbere ubutabera bwunga binyuze mu bwumvikane, bagaragarije abanyeshuri biga amategeko muri za kaminuza, uburyo bashobora kugira uruhare mu gukumira umubare munini w’imanza zijya mu nkiko zikamara imyaka zitaracibwa.
-
Israel yiciye abanyamakuru batanu ba Al Jazeera muri Gaza
11 August 2025, by ISIMBI EstellaAbanyamakuru batanu ba Al Jazeera, biciwe mu gitero cyagabwe na Israel ku wa 10 Kanama 2025 hafi n’Ibitaro byo muri Gaza bya Al-Shifa.
-
Abasirikare batanu ba Israel bariyahuye mu byumweru bibiri
21 July 2025, by ISIMBI EstellaMu byumweru bibiri bishize abasirikare batanu ba Israel bari mu ntambara n’umutwe wa Hamas muri Gaza, bariyahuye.
-
Nduhungirehe yahishuye kidobya mu mugambi wo gusenya FDLR
30 September 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga ndetse n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe; yemeje amakuru y’uko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari yo iheruka kudobya gahunda yo gusenya umutwe wa FDLR wari wateguwe.
-
Ubusabe bwo kuburanisha Macky Sall wayoboye Sénégal bwatewe utwatsi
28 October 2025, by ISIMBI EstellaInteko Ishinga Amategeko ya Sénégal yateye utwatsi ubusabe bwo kuburanisha Macky Sall wayoboye iki gihugu kuva mu 2012 kugeza mu 2024.
-
USA: Imisoro yashyiriweho u Bushinwa ishobora kongerwaho 50%
8 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko mu gihe u Bushinwa bwakwibeshya bukongera imisoro ku bicuruzwa bituruka muri Amerika, na yo izahita yongera umusoro wa 50% ku bicuruzwa bituruka mu Bushinwa.
-
Intambara ikomeje kuzambya ibintu hagati ya Isiraheli na Palesitina
17 September 2024, by Joseph IradukundaMu gihe Isiraheli ifite gahunda yo kugarura abakuwe mu byabo baherereye mu majyaruguru kubera ibitero bya Hezbollah, umutwe wa Hamas wo muri Palesitina na wo watangaje ko ukomeza kurwana inkundura.
-
Ibigo 30 byigisha ikoranabuhanga bigiye kubakwa mu Rwanda
29 May 2025, by Joseph IradukundaMu bice bitandukanye by’igihugu hagiye kubakwa ibigo 30 bigezweho by’ikorananabuhanga bizigisha amasomo atandukanye arimo ajyanye n’ubwenge buhangano (AI), ubuhinzi bugezweho no gutunganya umusaruro w’ibibukomokaho, gukora drone no kuzicunga, umutekano w’ibikorerwa ku ikoranabuhanga (Cyber security) n’ibindi.
-
Palestine: Abanyamakuru batatu baguye mu gitero Israel yagabye
22 January, by ISIMBI EstellaIbitero by’igisirikare cya Israel byahitanye Abanya-Palestine 11 barimo abanyamakuru batatu muri Gaza.
Umuryango.rw
Nyamasheke: Abacururiza mu isoko rya Karengera bikanga gutembanwa n’imivu
Abanyeshuri ba Kaminuza bagiye gufasha kugabanya imanza zijya mu nkiko
Israel yiciye abanyamakuru batanu ba Al Jazeera muri Gaza
Abasirikare batanu ba Israel bariyahuye mu byumweru bibiri
Nduhungirehe yahishuye kidobya mu mugambi wo gusenya FDLR
Ubusabe bwo kuburanisha Macky Sall wayoboye Sénégal bwatewe utwatsi
USA: Imisoro yashyiriweho u Bushinwa ishobora kongerwaho 50%
Intambara ikomeje kuzambya ibintu hagati ya Isiraheli na Palesitina
Ibigo 30 byigisha ikoranabuhanga bigiye kubakwa mu Rwanda
Palestine: Abanyamakuru batatu baguye mu gitero Israel yagabye