Ibihugu “byfashe nabi Ukraine” bizabyishyura intambara nirangira, nk’uko bivugwa na minisitiri wayo w’ububanyi n’amahanga Dmytro Kuleba.
Mu kiganiro na BBC, Kuleba yavuze ko amahitamo y’uruhande ya buri gihugu muri iyi ntambara Uburusiya bwashoje kuri Ukraine “azashingirwaho mu kubaka umubano w’ahazaza”.
Muri iki kiganiro, Kuleba yavuze uko abona iyi ntambara izarangira, uruhare rw’Ubushinwa muri iyi ntambara, no kuba Papa Francis atarasura iki gihugu muri iki gihe cy’intambara.
Nubwo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ukraine yiyemeje kuzahangana n’ibihugu byose bitayishyigiye mu ntambara n’Uburusiya
17 March 2023, by Dusingizimana Remy -
"Urubyiruko rw’u Rwanda turakennye" – Kuki ijambo ry’uyu mukobwa ryateje impaka?
21 January, by Angeline MUKANGENZIAmashusho y’umukobwa utanga igitekerezo cy’uburyo ubukene bwugarije urubyiruko mu Rwanda yateje impaka ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko bamwe bashatse guhuza ibyo yavuze no kurwanya ubutegetsi.
-
Uburoso bw’amenyo bwafatishije umugabo wacaga inyuma umugore we
29 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu Bwongereza, umugore yafashe umugabo we wari umaze amezi 3 amuca inyuma, abifashijwemo n’uburoso bw’amenyo bukoresha amashanyarazi, bukanohereza amakuru kuri telefoni igihe bwahujwe na telefone hifashishijwe ‘Bluetooth’, noneho hagashyirwamo porogaramu itanga amakuru muri telefone igihe cyose ubwo buroso bukoreshejwe.
-
Netanyahu yakangishije ICC guseswa nidakuraho impapuro zo kumuta muri yombi
18 July 2025, by ISIMBI EstellaUmwe mu banyamategeko bakomeye mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabayaha (ICC), Nicholas Kaufman yasabwe kumenyesha Umushinjacyaha Mukuru warwo ko nadakuraho impapuro zo guta muri yombi Benjamin Netanyahu n’uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo muri Israel urwo rukiko rushobora guseswa.
-
Abarimo Bill Gates batangije ikigega cya miliyoni 500$ kizakorera no mu Rwanda
30 April 2025, by Angeline MUKANGENZIAbashoramari barimo Bill Gates, batangije ikigega kirimo hafi miliyoni 500$, azakoreshwa mu kwita ku bagore babyara n’abana bavuka, hagamijwe gukumira ingaruka zishobora kugera muri uru rwego bitewe no guhagarika inkunga kwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika
-
Rebecca Cheptegei: Uwari umukunzi we wamwishe amutwitse na lisansi na we yapfuye
10 September 2024, by Joseph IradukundaIbitaro bikuru byo mu mujyi wa Eldoret mu burengerazuba bwa Kenya byemeje ko uwahoze ari umukunzi wa Rebecca Cheptegei yapfuye mu ijoro ryo ku wa mbere.
-
Tumba, Rango, Mukoni: Amazu y’ ubucuruzi yari yarafunze yongeye gufungura ubu barinjira ayikubye kabiri
13 December 2018, by Nsanzimana ErnestAbatuye n’ abacururiza mu karere ka Huye by’ umwihariko Tumba, Rango, na Mukoni barishimira icyemezo Leta y’ u Rwanda iherutse gufata cyo gusubiza bamwe mu biga muri Kaminuza y’ u Rwanda kwigira I Huye.
-
Rwamagana: Gitifu w’Akagari ukekwaho gukubita abaturage, yatawe muri yombi
16 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana bwavuze ko uwari Umunyambanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kitazigurwa gaherereye mu Murenge wa Muhazi, yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano kugira ngo akorweho iperereza ku cyaha cyo gukubita abaturage yayoboraga.
-
Akamaro k’umutobe w’imboga mu gusukura umwijima
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmwijima ni rumwe mu ngingo z’ibanze z’umubiri w’umuntu, rukaba urw’ingenzi mu rwungano ngogozi, ndetse amakuru dukesha Wikipedia avuga ko ukora imirimo 300 mu mikorere y’umubiri.
-
BBC yasabye urukiko gutesha agaciro ikirego cya Trump
17 March, by Angeline MUKANGENZIIkinyamakuru BBC cyasabye urukiko rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, gutesha agaciro ikirego cya Perezida Donald Trump wayireze asasaba miliyari 10$ nk’indishyi yo kumuharabika.
Umuryango.rw
Ukraine yiyemeje kuzahangana n’ibihugu byose bitayishyigiye mu ntambara n’Uburusiya
"Urubyiruko rw’u Rwanda turakennye" – Kuki ijambo ry’uyu mukobwa ryateje impaka?
Uburoso bw’amenyo bwafatishije umugabo wacaga inyuma umugore we
Netanyahu yakangishije ICC guseswa nidakuraho impapuro zo kumuta muri yombi
Abarimo Bill Gates batangije ikigega cya miliyoni 500$ kizakorera no mu Rwanda
Rebecca Cheptegei: Uwari umukunzi we wamwishe amutwitse na lisansi na we yapfuye
Rwamagana: Gitifu w’Akagari ukekwaho gukubita abaturage, yatawe muri yombi
Akamaro k’umutobe w’imboga mu gusukura umwijima
BBC yasabye urukiko gutesha agaciro ikirego cya Trump