Vaticani iri gutegura umuhango wo gusezera kuri Papa Francis nyuma y’uko bivugwa ko ubuzima bwe buri mu kaga. Nk’uko ikinyamakuru Blick cyo mu Busuwisi kibitangaza, abashinzwe kumurinda ba Swiss Guard bari mu myitozo y’ikiriyo cye, kandi bategetswe kuguma mu rugo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ikiriyo cyo gushyingura Papa cyiri gutegurwa akiri muzima
20 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ingaruka ku muturage w’I Nyarugenge mu gihe inzira ya Hormuz inyuzwamo 20% bya peteroli y’isi yafungwa
2 March, by ISIMBI EstellaMu gitondo cyo ku wa 02 Werurwe 2026 akagunguru k’ibikomoka kuri peteroli ku isoko ry’Amerika kazamutseho 4% aho kari kugura $69.67. Ku isaha ya saa munani z’igitondo muri Iran Akagunguru ka peteroli kari kazamutseho 4% kageze kuri $76.16.
-
Fatakumavuta umaze igihe yibasira Meddy na The Ben arafunzwe
20 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi Sengabo Jean Bosco uzwi mu myidagaduro nka Fatakumavuta rukurikiranyeho ibyaha birimo gukoresha imvugo zishyamiranya abantu mu myidagaduro, gutukana ndetse no kubuza amahwemo abandi hifashishijwe imbuga nkoranyambaga.
-
Huye: Uwasambanyijwe ku myaka 16 agowe no kurera umwana ufite ubumuga bukomatanyije
30 January, by Angeline MUKANGENZIYatewe inda akiri umwangavu w’imyaka 16 y’amavuko, agira ibyago byo kubyara umwana ufite ubumuga bukomatanyije burimo ubwo kutumva, kutavuga n’ubw’ingingo.
-
Burkina Faso, Mali na Niger byavuye muri ICC
23 September 2025, by ISIMBI EstellaBurkina Faso, Mali na Niger byatangaje ko byikuye mu bihugu byemera Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), birushinja kuba igikoresho cyifashishwa n’amahanga mu bukoloni bushya.
-
Perezida Trump yashyize Cuba mu kato
30 January, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangije ibihe bidasanzwe biha guverinoma y’icyo gihugu ububasha bwo kwibasira Cuba, harimo no guhana ibihugu byose bizayoherezamo ibikomoka kuri peteroli.
-
Amateka y’umuhanzi Minani Rwema waririmbye indirimbo urabeho nyamibwa icyeye.
26 February 2025, by ISIMBI EstellaBenshi batagize amahirwe yo kubana nawe ubwo yarakiri mu mubiri , uyu munsi bahura nawe binyuze mu bihangano bye cyangwa se bumvise indirimbo ze mu birori binyuranye by’umuco nyarwanda. Gusa abamuzi bagiriwe ingabire yo kubana nawe imbonankubone bamufata nka Murumuna wa malayika , imfura , inkotanyi cyane akaba umugabo w’urugwiro rwinshi wasabanaga na bose. turavuga umuhanzi wahimbye ibihangano bidasaza , indirimbo ze zikoreshwa henshi ndetse zifitiye umumaro munini umuryango Nyarwanda. (…)
-
Umwihariko w’uruganda rukomeye rukora ‘chips’ Musk agiye kubaka muri Texas
25 March, by ISIMBI EstellaMu minsi ishize, Elon Musk yatangaje ko sosiyete ze za SpaceX na Tesla, zigiye guhurira ku mushinga wo kubaka uruganda rukomeye rukora ‘chips’ mu Mujyi wa Austin, muri Leta ya Texas.
-
U Buyapani bwahaye PAM Rwanda inkunga y’asaga miliyoni 900Frw
19 February, by Angeline MUKANGENZIUmuryango w’Abibumbye Ushinzwe ibiribwa ishami ry’u Rwanda, PAM Rwanda watangaje ko wakiriye inkunga y’asaga miliyoni 900 Frw yatanzwe na Leta y’u Buyapani agamije kubonera ibiribwa impunzi, abashaka ubuhungiro n’abandi batahuka bavuye mu bihugu bitandukanye.
-
Muyango ntagitaramye mu gitaramo cya Lionel Sentore
12 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’umunyabigwi muri gakondo akaba n’umwe mu batoza w’Itorero ry’Igihugu urukerereza Muyango Jean Marie yatangaje ko atakibashije gutaramira abazitabira igitaramo cya Lionel Sentore yise ‘Uwangabiye World tour’ kubera uburwayi n’intege nke z’umubiri.
Umuryango.rw
Ikiriyo cyo gushyingura Papa cyiri gutegurwa akiri muzima
Fatakumavuta umaze igihe yibasira Meddy na The Ben arafunzwe
Huye: Uwasambanyijwe ku myaka 16 agowe no kurera umwana ufite ubumuga bukomatanyije
Burkina Faso, Mali na Niger byavuye muri ICC
Perezida Trump yashyize Cuba mu kato
Amateka y’umuhanzi Minani Rwema waririmbye indirimbo urabeho nyamibwa icyeye.
U Buyapani bwahaye PAM Rwanda inkunga y’asaga miliyoni 900Frw
Muyango ntagitaramye mu gitaramo cya Lionel Sentore