Ibi yabivuze ubwo yahabwaga ijambo n’umucamanza.
Ku rukiko rwibanze rwa Kicukiro hatangiye kuburanishwa urubanza rwa Madamu Beatrice MUNYENYEZI ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo.
Inteko y’umucamanza umwe n’umwanditsi w’urukiko niyo yayoboye uru rubanza.
Madamu Beatrice MUNYENYEZI yagejejwe ku rukiko rwibanze rwa Kicukiro arinzwe cyane n’aba Police bo muri Speciale Force hari na b’igitsina gore kuko MUNYENYENZI ari umugore.
Byari biteganijwe ko MUNYENYEZI aburana Saa munani (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kicukiro: MUNYENYEZI Beatrice yasabye urukiko kumufasha akavugana n’umuryango we [AMAFOTO]
28 April 2021, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame ntiyemeranya n’urukiko rw’ikirenga ku byerekeye icyaha cyo gusebya Umukuru w’Igihugu
26 April 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko atemeranya n’Umwanzuro wafashwe n’urukiko rw’ikirenga ku ngingo y’itegeko rihana umuntu wahamijwe icyaha cyo gushushanya no gusebya umukuru w’igihugu, avuga ko icyo kitari gikwiye kuba icyaha mpanabyaha ahubwo gikwiriye kuba mbonezamubano.
-
Urukiko rwashimangiye ko Bishop Gafaranga afungwa iminsi 30 y’agateganyo
11 July 2025, by Joseph IradukundaUrukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwatesheje agaciro ubujurire bwa Bishop Gafaranga, rushimangira icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata rwari rwemeje ko uyu mugabo afungwa iminsi 30 y’agateganyo.
-
Kimenyi Yves yasezeye kuri ruhago
20 February, by Angeline MUKANGENZIKimenyi Yves wabaye umunyezamu ukomeye mu Rwanda yasezeye gukina ruhago nk’uwabigize umwuga afite imyaka 34.
-
Muhanga: Umuturage yafashwe yaravanze urumogi n’ibishyimbo mu murima
27 December 2024, by Joseph IradukundaNgendakumana Vénuste yarezwe na bagenzi be ko yahinze urumogi mu murima w’ibishyimbo uri munsi y’urugo rwe.
-
AS Kigali na APR FC, Vision FC na Rayon Sports - Ibyo wa menya ku munsi wa 11 wa shampiyona
28 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe habura amasaha make ngo umukino wa mbere w’umunsi wa 11 shampiyona mu mupira w’amaguru (RPL) ukinwe, intero ubu ni umukino uzahuza APR na As Kigali ndetse n’uzahuza Rayon Sports na Vision FC.
-
Ibyiza bya EVERHEALTHY ifatwa nk’igisubizo cy’Abagabo bubatse
3 July 2025, by UbwanditsiEVERHEALTHY ni umuti unywa rimwe buri joro ugiye kuryama ukamara iminsi irindwi gusa, ariko ku munsi wa kabiri cyangwa uwa gatatu uba usubiranye imbaraga zihagije zituma ukora amabanga y’abashakanye mu buryo bwizewe.
-
Minisitiri Rwego yashyikirije ibendera abazahagararira u Rwanda muri ‘WRC Safari Rally’
20 February, by Angeline MUKANGENZIUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Rwego Ngarambe, yashyikirije ibendera ry’u Rwanda amakipe ane azaruhagararira mu irushanwa ryo gusiganwa mu modoka rya ‘WRC Safari Rally’ riri mu marushanwa akomeye ku Isi.
-
Ba Gen. Nyakarundi na Agyapong baganiriye ku gushimangira ubufatanye hagati ya RDF na GAF
10 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Maj. Gen. Vincent Nyakarundi, ku wa Gatatu yakiriwe anagirana ibiganiro n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Ghana, Maj Gen William Agyapong.
-
Ethiopia: Umubare w’abahitanywe n’ibiza ukomeje kwiyongera
25 July 2024, by AHISHAKIYE EmmanuelIbiro by’Umuryango w’Abibumbye bishinzwe guhuza ibikorwa by’ubutabazi (OCHA) bivuga ko impfu zatewe n’inkangu muri Etiyopiya zazamutse zigera kuri 257, ariko biteganijwe ko umubare w’abahitanwa na nyuma uzaba 500.
Umuryango.rw
Urukiko rwashimangiye ko Bishop Gafaranga afungwa iminsi 30 y’agateganyo
Kimenyi Yves yasezeye kuri ruhago
Muhanga: Umuturage yafashwe yaravanze urumogi n’ibishyimbo mu murima
AS Kigali na APR FC, Vision FC na Rayon Sports - Ibyo wa menya ku munsi wa 11 wa shampiyona
Ibyiza bya EVERHEALTHY ifatwa nk’igisubizo cy’Abagabo bubatse
Minisitiri Rwego yashyikirije ibendera abazahagararira u Rwanda muri ‘WRC Safari Rally’
Ba Gen. Nyakarundi na Agyapong baganiriye ku gushimangira ubufatanye hagati ya RDF na GAF
Ethiopia: Umubare w’abahitanywe n’ibiza ukomeje kwiyongera