Komisiyo y’ igihugu y’ amatora imaze gutangaza ibyavuye mu matora by’ agateganyo ku majwi yabaruwe yose 100% aho ishyaka Democratic Green Party n’ ishyaka PS imberakuri yabonye amajwi 5% ayahesha umwanya mu nteko ishinga amategeko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Green Party na PS imberakuri babonye amajwi abinjiza mu nteko
4 September 2018, by Nsanzimana Ernest -
Muzaryozwa amaraso y’izi nzirakarengane- Integuza ya Nyarugabo kuri Tshisekedi na Ndayishimiye
9 February, by Angeline MUKANGENZIUmunyamategeko Moïse Nyarugabo yamenyesheje Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na mugenzi we w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ko hari igihe kizagera bakaryozwa amaraso y’abasivili bakomeje kwicwa.
-
Amerika: Umudepite akurikiranyweho kunyereza miliyoni 5$
21 November 2025, by ISIMBI EstellaKomite y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishinzwe imyitwarire yatangiye gukora iperereza kuri Depite Sheila Cherfilus-McCormick ushinjwa kunyereza miliyoni 5’Amadolari.
-
Minembwe: Bombe zikomeje kubica nyuma yo gutwika agace ka Kalongi
1 March, by Angeline MUKANGENZIAmabombe akomeje kuvuza ubuhuha kuri iki Cyumweru nyuma y’uko kuwa Gatandatu, itariki 28 Gashyantare 2026, saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zitwitse Umudugudu wa Kalongi, mu Karere ka Minembwe, zikoresheje drone.
-
RD C: Abashinwa batawe muri yombi bafite zahabu n’ibihumbi 800$ by’Idorari
6 January 2025, by Joseph IradukundaAbategetsi bavuga ko Abashinwa batatu batawe muri yombi bafite ibipande 12 bya zahabu n’amadolari y’Amerika 800,000 ’cash’ mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
-
MissRwanda 2020: Multi Design Group Lt izahemba igisonga cya Mbere inahe itike y’indege ya Dubai Miss Rwanda 2020
21 December 2019, by UbwanditsiMulti Design Group Ltd ni imwe mubaterankunga bashya bari muri iri rushanwa rya Miss Rwanda 2020. Ikaba ari sosiyete imaze imyaka 10 ikorera mu Rwanda itanga serivisi nyinshi zinyuranye zirimo kugena agaciro k’imitungo itimukanwa; gucunga imitungo itimukanwa; guhuza abagura, abagurisha, abakodesha inzu n’ibibanza; muri Kamena 2019 yafunguje isoko rusange kuri internet www.mdgrou.com
-
DRC: Ibyihebe bya ADF ikomoka muri Uganda bikomeje Kwica Abaturage
31 December 2024, by Joseph IradukundaN’ubwo ingabo za Uganda zagiye muri DRC mu myaka ibiri ishize ngo zifatanye n’iza DRC kurwanya ADF no kuyirimbura, abarwanyi n’uyu mutwe bakomeje kugarika ingogo.
-
Menya zimwe mu mpamvu zikururira abakobwa gukundana n’abagabo babarusha imyaka
30 September 2024, by Joseph IradukundaHari umukobwa tujya tuganira kuri byinshi, yigeze kumbwira ko adashobora gukundana n’umusore banganya imyaka cyangwa umusore utamurusha imyaka irenze itanu nabwo ibaye mike.
Kenshi iyo umukobwa avuze icyo yifuza ku musore yifuza ko bakundana, mu byo benshi bavuga ntihaburamo imyaka, abenshi bifuza gukundana n’abasore cyangwa abagabo babarusha imyaka myinshi.
Usanga ari nk’ikintu kiri muri kamere y’abakobwa, nabyibajijeho cyane kuko n’abahungu bakunda kubiganiraho no kubibaza. Nabajije (…) -
Urashaka ko Umugore wanjye anyica? Gen. Muhoozi yateye utwatsi urukundo rwe na Miss Mutesi Jolly
2 May 2025, by Gladiator OGGen. Muhoozi Kainerugaba umugaba mukuru w’ingabo za Uganda yatangaje ko nta gahunda afite yo kuba yajya mu rukundo na Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly. Ibi uyu mugaba mukuru w’ingabo za Uganda yabigarutseho mu butumwa yasangije abamukurikirana ku rukuta rwe rwa X.
-
Nyamasheke: Harabarurwa Ingo zirenga ibihumbi 34 zitarihaza mu biribwa
27 October 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Mark Cyubahiro Bagabe, yashimye intambwe imaze guterwa mu gufasha Abanyarwanda kwihaza mu biribwa ariko avuga ko idahagije kuko bimwe mu biribwa Abanyarwanda bakenera bakibikura hanze y’igihugu.
Umuryango.rw
Amerika: Umudepite akurikiranyweho kunyereza miliyoni 5$
Minembwe: Bombe zikomeje kubica nyuma yo gutwika agace ka Kalongi
RD C: Abashinwa batawe muri yombi bafite zahabu n’ibihumbi 800$ by’Idorari
DRC: Ibyihebe bya ADF ikomoka muri Uganda bikomeje Kwica Abaturage
Menya zimwe mu mpamvu zikururira abakobwa gukundana n’abagabo babarusha imyaka
Urashaka ko Umugore wanjye anyica? Gen. Muhoozi yateye utwatsi urukundo rwe na Miss Mutesi Jolly
Nyamasheke: Harabarurwa Ingo zirenga ibihumbi 34 zitarihaza mu biribwa