Ibitaro bikuru byo mu mujyi wa Eldoret mu burengerazuba bwa Kenya byemeje ko uwahoze ari umukunzi wa Rebecca Cheptegei yapfuye mu ijoro ryo ku wa mbere.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rebecca Cheptegei: Uwari umukunzi we wamwishe amutwitse na lisansi na we yapfuye
10 September 2024, by Joseph Iradukunda -
Korea y’Epfo: Abashinzwe iperereza basabye icyemezo cyo gufata Perezida Yoon
30 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Mbere, ishami ry’iperereza ryahurijwe hamwe muri Koreya y’Epfo ryasabye icyemezo cyo guta muri yombi Perezida Yoon Suk Yeol wirukanwe ku butegetsi kubera ko yatangaje amategeko ya gisirikare yamaze igihe gito mu ntangiriro z’uku kwezi.
-
Ghana: Ikibuga cy’indege cya ‘Kotoka’ cyahinduriwe izina
25 February, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma ya Ghana yatangaje ko yamaze gusiba ku kibuga mpuzamahanga cy’indege izina ry’umwe mu bayoboye ihirikwa ku butegetsi ryakorewe perezida wa mbere w’igihugu Kwame Nkrumah mu myaka 60 ishize.
-
Erling Haaland yongereye amasezerano atavugwaho rumwe muri Manchester City
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRutahizamu wa Manchester City, Erling Haaland yasinye amasezerano mashya azamumaza indi myaka icyenda n’igice muri iyi kipe y’Abanyamujyi kugeza muri 2034.
-
Perezida Kagame yahishuye uko yahawe akazi n’abanyamahanga ngo areke kwiyamamaza
3 April 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yahishuye ko mu 2016, hari abanyamahanga b’ibyamamare baje mu Rwanda, bakamusezeranya ko azahabwa akazi mpuzamahanga naramuka atongeye kwiyamamaza mu 2017.
Umukuru w’Igihugu yabigarutseho nyuma y’uko yari amaze gutorerwa kuba Chairman wa FPR Inkotanyi.
Perezida Kagame yavuze ko mu 2016 hari abantu bo hanze bafite amazina akomeye bamusabye kutongera kwiyamamariza kuyobora u Rwanda.
Ati “Uziko hari abantu bavuye i Kantarange. Murahazi? Hari abavuye i kantarange, (…) -
Uko Beyoncé na LeBron James bisanze mu kirego cya Diddy
4 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBeyoncé na LeBron James wamamaye muri NBA, bisanze mu kirego gishya cy’umugabo ushinja umuraperi Diddy ihohotera rishingiye ku gitsina.
-
Kigali: Polisi yagaruje moto, abayibye bagiye kuyigurisha ibihumbi 100 Frw
16 March, by Angeline MUKANGENZIPolisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yagaruje moto y’umuturage yari yibwe mu Karere ka Gicumbi, nyuma yo guhabwa amakuru n’abaturage, abayibye bagiye kuyigurisha ibihumbi 100 by’amafaranga y’u Rwanda.
-
STARTIMES IGIYE KUZAMURA IBICIRO BY’IFATABUGUZI
27 May 2020, by UbwanditsiHashize imyaka abaturarwanda baravuye mu bwigunge aho bakurikirana amakuru, siporo, filime, imyidagaduro n’ibindi byinshi hifashishijwe StarTimes. Kuri ubu StarTimes yugarijwe nizamuka ry’ibiciro ku isoko ugereranyije uko ifaranga ry’idorari rihagaze.
Ubusanzwe StarTimes igura gahunda zigiye zitandukanye ikazinyuza kumuyoboro wayo kugirango isubize ubusabe bw’abakunzi bayo ndetse kuva uyu mwaka wa 2020 watangira StarTimes imaze kubazanira shene zirenga 15 zasabwe n’abakunzi bacu. (…) -
Diamond yavuze agahinda yatewe n’umukobwa wamwanze amuziza ubukene
15 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’icyamamare Diamond Platnumz, yahishuye uko kwangwa n’umukobwa bakundanaga amuziza ubukene byamuhaye inganzo, ahimba indirimbo ye yise ‘Kamwambie’ yahinduye ubuzima bwe kuko yakunzwe cyane, nubwo uko gutandukana na we byamuteye agahinda.
-
2017 ishoramari mu Rwanda ryiyongereho miliyoni 515 z’ amadorali y’ Amerika
19 January 2018, by Nsanzimana ErnestUmwaka ushize ishoramari mu Rwanda ryageze kuri miliyari 1.675 mu madorari y’ Amerika Ikigo cy’igihugu cy’iterambere,RDB, cyatangaje ibi kivuga ko miliyoni 515 z’ Amadorari bagereranyije n’ishoramari ryabaruwe mu mwaka wa 2016.
Iki kigo kivuga ko urwego rw’ ubwubatsi n’ urwego rw’ ubucukuzi bw’ amabuye y’ agaciro arizo zazamuye cyane ishoramari mu Rwanda, mu mwaka wa 2017.
Ikibuga cy’ indege cya Bugesera ni mushinga munini wihariye 398.68 z’ amadorali. Ignite Power Rwanda Ltd yashoye (…)
Umuryango.rw
Rebecca Cheptegei: Uwari umukunzi we wamwishe amutwitse na lisansi na we yapfuye
Korea y’Epfo: Abashinzwe iperereza basabye icyemezo cyo gufata Perezida Yoon
Ghana: Ikibuga cy’indege cya ‘Kotoka’ cyahinduriwe izina
Erling Haaland yongereye amasezerano atavugwaho rumwe muri Manchester City
Perezida Kagame yahishuye uko yahawe akazi n’abanyamahanga ngo areke kwiyamamaza
Uko Beyoncé na LeBron James bisanze mu kirego cya Diddy
Kigali: Polisi yagaruje moto, abayibye bagiye kuyigurisha ibihumbi 100 Frw
STARTIMES IGIYE KUZAMURA IBICIRO BY’IFATABUGUZI
Diamond yavuze agahinda yatewe n’umukobwa wamwanze amuziza ubukene