Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko abantu bose bahawe inkingo ebyiri bazajya bategereza amezi atatu gusa kugira ngo bahabwe urukingo rushimangira.
Ni mu gihe byari bisanzwe bizwi ko bisaba kuba umuntu amaze amezi atandatu ahawe urukingo rwa kabiri [akingiwe byuzuye], kugira ngo abashe guhabwa urushimangira.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr Mpunga Tharcisse yavuze ko bigaragara ko ubwandu burimo kuzamuka byihuse bityo gufata urukingo rushimangira bikaba (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Igihe cyo gufata urukingo rwa 3 rwa Covid-19 cyagabanyijwe
29 December 2021, by Dusingizimana Remy -
Tundu Lissu yongeye gutabwa muri yombi
10 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIshyaka CHADEMA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania, ryatangaje ko Tundu Lissu uriyobora yatawe muri yombi na polisi nyuma yo kwitabira mitingi mu karere ka Ruvuma ko mu majyepfo y’icyo gihugu.
-
Muyango ntagitaramye mu gitaramo cya Lionel Sentore
12 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’umunyabigwi muri gakondo akaba n’umwe mu batoza w’Itorero ry’Igihugu urukerereza Muyango Jean Marie yatangaje ko atakibashije gutaramira abazitabira igitaramo cya Lionel Sentore yise ‘Uwangabiye World tour’ kubera uburwayi n’intege nke z’umubiri.
-
Umuhanzi Ozzy Osbourne yitabye Imana
23 July 2025, by ISIMBI EstellaJohn Michael “Ozzy” Osbourne, umuhanzi w’Umwongereza wamenyekanye cyane mu njyana ya heavy metal, yitabye Imana ku wa 22 Nyakanga 2025, afite imyaka 76, nk’uko byatangajwe n’umuryango we.
-
Urukiko rwemeje ko Twagirayezu wahamijwe ibyaha bya Jenoside arangiriza igihano muri Denmark
11 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuTwagirayezu Wenseslas wakatiwe igifungo cy’imyaka 20 n’Urukiko rw’Ubujurire mu Rwanda, Urukiko rwo mu Mujyi wa Hillerød rwemeje ko ahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi bityo ko agomba kurangiza igifungo cy’imyaka 20 muri gereza yo muri iki gihugu.
-
Uko Abanyarwanda bakina hanze y’u Rwanda bitwaye mu mpera z’icyumweru
20 January 2025, by Joseph IradukundaMu bihugu bitandukanye imikino ya Shampiyona yarakomeje mu mpera z’icyumweru gishize, bamwe mu bakinnyi b’Abanyarwanda bakomeje gufasha amakipe yabo kwitwara neza, abandi bakaba bakirwana no kubona umwanya uhoraho wo gukina.
-
Harumvikana uruhererekane mu kibazo cy’abarenga 150 bakoze imirimo muri Kaminuza y’u Rwanda bakamburwa
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbaturage 150 bavuga ko bamaze imyaka ibiri bambuwe na Kompanyi yabahaye akazi mu kubaka muri kaminuza y’u Rwanda Ishami rya Huye, mu gihe nyiri iyi kompanyi avuga ko na we yambuwe n’indi yari yamuhaye akazi.
-
Sobanukirwa itandukaniro riri hagati y’urukundo nyakuri n’urukundo rw’agahararo?
20 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMuri iy’iminsi hari kwigaragaza cyane urukundo rw’agahararo aho inshuti ziri gutandukana, ingo nyinshi zigatana. Ese uzi itandukaniro ry’urukundo nyakuri n’urukundo rw’agahararo? N’ubundi kandi, kubona itandukaniro riri hagati y’urukundo nyakuri n’urukundo rw’agahararo ntibigoye, iyo ubitekerejeho. Ariko iyo uhuye n’umukobwa cyangwa umuhungu mwiza cyane, ibyo byose bishobora guhinduka. Mu buryo utari witeze, uhita wumva umukunze cyane ku buryo ibindi byose bisigara nta cyo bivuze. Uba wumva (…)
-
Pentagon iravuga ko Koreya ya Ruguru yohereje ingabo 10,000 mu Burusiya
29 October 2024, by Joseph IradukundaAbasirikare bagera ku 10,000 bo muri Koreya ya Ruguru boherejwe mu Burusiya kwitoza no kurwanya Ukraine mu “byumweru biri imbere”, nk’uko Pentagon yabitangaje ivuga ko byongereye cyane umubare w’abasirikare boherejwe na Koreya ya Ruguru ndetse bikanatera ubwoba ko intambara yo muri Ukraine ishobora kwaguka biturutse ku gutabara kwa gisirikare kwa Pyongyang .
-
U Buhinde bwohereje abapolisi 160 muri RDC
4 June 2025, by Angeline MUKANGENZIU Buhinde bwohereje abapolisi 160 mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo.
Umuryango.rw
Igihe cyo gufata urukingo rwa 3 rwa Covid-19 cyagabanyijwe
Tundu Lissu yongeye gutabwa muri yombi
Muyango ntagitaramye mu gitaramo cya Lionel Sentore
Umuhanzi Ozzy Osbourne yitabye Imana
Urukiko rwemeje ko Twagirayezu wahamijwe ibyaha bya Jenoside arangiriza igihano muri Denmark
Uko Abanyarwanda bakina hanze y’u Rwanda bitwaye mu mpera z’icyumweru
Harumvikana uruhererekane mu kibazo cy’abarenga 150 bakoze imirimo muri Kaminuza y’u Rwanda bakamburwa
Sobanukirwa itandukaniro riri hagati y’urukundo nyakuri n’urukundo rw’agahararo?
Pentagon iravuga ko Koreya ya Ruguru yohereje ingabo 10,000 mu Burusiya
U Buhinde bwohereje abapolisi 160 muri RDC